LOVE AFTER WAR E65

 

STAY WAITING
Episode 65
_________
Ep 64 yarangiye bop arikwibaza ko yajya gutabara raissa cgwa yasiba akazasanga baramwishe.
Yahisemo iki?
Turakomeje.............
.
..
.
.
Bop uko yagategereje yaje kwivugana ati"oya sinagenda ntiteguye ahubwo ni ukwitoza byimazeyo kandi ntaruhuka"
Ahita anahaguruka ava kuburiri asohoka hanze kandi amasaha yari amaze kwisunika.
.
..
.
.
Tuze murugo rwa luc,
Angelique"uvuze iki mwanawa?"
Isabelle"ndavuze ngo kuva  nabona uriya musore hari ukuntu niyumvise"
Angelique"wiyumvishe ute?"
Isabelle"namubonyemo musaza wanjye ntigeze mbasha kugira"
.
..
.
.
Muri ayo masaha y'umugoroba brian yasohokanye na pauline ndetse na raissa muri bar nziza cyane maze babaha ahantu humwihariko,
Brian"ndagirango mumbwire,muturuka he?"
Raissa areba pauline undi nawe azungu9a umutwe amwemere,
Maze raissa ati"aha hantu urahizeye?"
Brian"cyane rwose"
Kumbe uko bari kuvuga ibyo ba black devils 3 nabo binjiye bar!!!
.
..
.
.
Muri ijro joro bop we ntiyaryamye ahubwo yakomeje
 kwitoza bikomeye nk'uwitegurira urugamba rukomeye,
Gusa uko yitozaga intekerezo ze zari ahandi aho yaguma kwibuka uburyo raissa yahoraga amuzanira amazi igihe yabaga arimo kwitoza ariko nanone yakibuka uburyo yamubonye yababajwe bikarushaho kumurya bikanatuma yongeza umuvuduko.
.
...
.
.
Hakuno muri bar ,
Raissa"mbere yuko tugira icyo tugutangariza banza udusezeranye kuri bubitware gake mbese ukabigira ibanga"
Brian"ndabibasezeranije"
Akivuga uko hahita humvikanye urusaku abanza kujya kureba kumbe ba black devils bari bamereye nabi abarara.
Ahita agaruka ati"ndabona ari abarara babyuye akavuyo ndaje reka mbanze mpamagare polici kandi mugume ahangaha"
Asohoka hanze...
.
..
.
.
Mucyaro ho keilla yabaye nkuwahahamutse kuko ijoro ryose aba arimo kwikanga brian bakarara basenga wagirango agwaye amadayimoni.
.
..
.
.
Kumbe pauline na raissa aho  bagumye mucyumba batangiye kwibaza ,
Pauline"ese usanze yatugambaniye?"
Raissa"reka mbanze ndebe"
Arahaguruka mukureba yakubitanye amaso na ba black devils

 asubira munzu yihuta ati"turapfuye"
Ako kanya batangira gushaka uko bacika"
.
..
.
.
Bop we uko yitozaga yagumya kwibuka raissa,
Yibuka umusi abwira raissa ati"kwitoza cyane ndabikunda kugirango uko unyitaho nzakwiture kuzakurinda"
Yarangiza akibaza ati"ndamutse nsanze  baramwishe nzaba narabashije kurinda isezerano?"
.
..
.
Muri bar abakobwa bakubitanye na black devils,
Tatoo yicara hirya maze ba devils bataka abakobwa gusa ndagirango wibuke aba basore ntiboroshe ndetse n'igihe bashimuta umusaza dan bashwanyuje imodoka yose bakoresheje amaboko yabo.
Pauline na Raissa bishoye kubasore maze barakubitwa shahu kugeza nubwo bibagiye aho bari !!!
.
..
.
.
Batari bajya kure white bird yaraje nawe aza agwana ntakubaza,
Gusa bagenzi abo ahanganye nabo ntibumva ariko yarabatikuye bajya hasi maze tatoo yivirayo ahana umusore agwa hirya,
Abyuka busha arongera arataka noneho akubitwa nabi abura imbaraga!!!!
.
..
.
.
Aregera agize ngo amuranginze polici yatejemo tatoo na bagenzi be baciyeho ndets

 na white bird yarahagurutse muntege nke nawe acika police hafatwa pauline na raissa bonyine !!!
.
..
.
.
Barakwereka mucyakare brian yananiwe urubyuka kandi ko yari yaraye akubiswe byintanga rugero,
Aho aryamye yatangiye kwibuka abagabo yaraye ahanganye nabo.
.
..
.
.
Muri hindiano bop ntakwigera aryama ahubwo noneho yazanye ibyuma  atangira gukubita kubyuma,
Ako kanya colonel yamugezeho ati"ndabona uri kugaragaza umurava,
Komerezaho"
Ahita azana icyuma kinini hejuru kiriho isaha Ati"itegereze musore"
Ateraho igifunzi hejuru hahita hiyandika 1T,
Colonel"igifunsi cyange kiba gifite ibiro bingana na toni.
Gerageza nawe turebe"
Bop nawe aripanga akubitaho hahita hiyandika hiyandika 200kg.
Colonel ati"umaze kuba umuhatari mumigwanire ariko ntambaraga ufite muri wowe.
Ukeneye kongereza imbaraga nawe ukwize toni"
Ahita yikomereza......LOADING EPISODE 66
.
Birarangira bite rero?

0 Comments