LOVE AFTER WAR E66

 

STAY WAITING
Episode 66
_________
Ep 65 yarangiye colonel abwiye umusore bop ko agomba kurondera imbaraga kugirango ave kubiro 200 agere kuri toni.
Yabigezeho ?
.
..
.
.
Brian yarabyutse aritunganya arangije arasohoka ahubirana na se muri sallon,
Yve"niko sha wari uryamye ntasoni?"
Brian areba hasi !!
Yve"ndakubaza abakobwa mwajyanye barihe"
Brian we ntacyo gusubiza yari afite!!
Yve"ikirwari gusa!"
Ahita anasohoka yurira imodoka aragenda.
.
..
.
.
Bop nawe yasigaye yibaza uburyo ashobora kongera imbaraga ze.
Atekereza umwanya munini arangije arahaguruka.
.
..
.
.
Pauline na raissa kuva aho bavanywe kuri ya bar bagaruwe muri gereza.
Maze jonas aza kubibariza,
Pauline"nyakubahwa gukomeza kutubaza ni ukwangiza umwanya kuko ubu turi kuvuga hateye ingabo zidushaka kandi ziraza kwangiza byinshi"
Jonas"uravuga iki?Ziraza ryari? "
Pauline"ntakanya gahari ko kugirango tubiganireho ahubwo umuti uhari0niwo kutureka tukagenda bitari ibyo twese turaza gupfa"
Kumbe koko black devils bari munzir
 bagenda kuri ya gereza.
Kandi na brian ubwe niho yarimo yerekeza!!
.
..
.
.
Tunyarukire kuri colonel maker hamwe hari urugo yarimo asatira agezemo haza umugore n'umwana w'umuhungu baza bamuhobera,
Umwana ati"papa kuki wari wadutaye?"
Colonel"oya mwanawa gusa mba ndigushaka ikizabatunga wowe na mama wawe"
Losa(madamu colonel)"oya #lucky ntukarakarire so kuko aradukunda twembi"
...
.
.
.
Jonas uko yagakomeje kubaza pauline ndetse na raissa kumarembo humvikanye urusako rwamasasu abanza gusohoka,
Mukugera hanze yasanze imirambo y'abasirikare ahita asubira munyubako .
.
..
.
.
Bop we yatangiye imyitozo ikaze ngo byibuze arebe ko yageza kugifunsi gipima toni nk'unko colonel yari yabimubwiye.
Gusa kubibasha byo biracyamukomereye.
.
..
.
.
Jonas we mukwinjira yafashe pauline na raissa arabasohora ageze hanze ahubirana na tatoo mwenyewe,
Jonas yakubwiswe igifunsi agwa hirya kandi bitavuze ngo aracakanura kuko mgusinzira byagiyemo!!
Ako kanya pauline na raissa barafashwe barajyanwa.
.
..
.


 .
.
Bop we aracyakora ibishoboka.
Gusa kuri iyi nshuro noneho arigucura kandi ibyo akora ari serieux .
.
..
.
.
Munzira pauline na raissa bajyanwa white bird yaritambitse atangira guhangana,
Ako kanya  pauline na raissa baboneyeho gucika gusa mukugenda kwabo bazamutse hejuru ya etage mpaka bagera aho inzira igarukira.
.
..
.
.
White bird nawe yahanganye azamuka hejuru mpaka nawe agera aho abandi  bagarukiye, kumbe pauline na raissa bari bapanze ukuntu bamanuka kunyubako bamanika umugozi  maze raissa aba ariwe ubanza.
Gusa akimanuka tatoo yarabibonye ahita yohereza icyuma aca umugozi raissa ahanuka kunyubako kandi nikuri bishoboka!!!!
Pauline mukubibona yavugije induru brian arabyumva ahita areka kurwana ahubwo nawe asimbuka kuri etage!!
.
..
.
.
Bop nawe yari arangije gucura ibyo yarimo gusa atangira kuzenga maze intekerezo ze zimugaragariza ariwe ari gukoroka kunyubako maze atangira gushaka uko yakwihagarika !!
.
..
.
.
Kumbe raissa uko yagakorotse yabonye atari burokoke atangira gutekereza

 Bop bigaragara ko yamukundaga nubwo yari yaramurakariye,
.
..
.
.
Bop nawe aho ari  yakomeje kwibona arigukoroka ahita akoresha ya magic power amanuka neza ahagarara neza hasi.
.
..
.
.
Kumbe uko bop yakibonye aparika neza ninako raissa nawe yageze aho agabanya vitesse amanuka neza yitonze ashika hasi kandi agwa ahagaze.
White bird wari umanutse kugirango amufate atagwa nabi yatunguwe nibibaye ndetse na raissa ubwe bigaragara ko yatunguwe nibibaye.
.
..
.
.
Mundege imwe ba black devils bari bacyuye pauline kandi uko bakora ntakukujyana ukanura hato utazavuga aho wanyuze.
.
..
.
.
Mumugi white bird yakoze kuri raissa undi arikanga bituma intekerezo ze ziva kuri bop ndetse na bo ahita agarura ubwenge bivuze ngo byanze bikunze hari ikintu gihuza intekerezo za bop ndetsa na raissa.
.
..
.
.
Mumuhanda rwagati aho raissa yaparitse police zarahageze zitunga imbunda white bird na raissa ,
White kumutima ati"ubwanjye nshobora gucika ariko ndamutse nsize uyumukobwa bwaba ari ubuswa kuko

 Mukeneyeho byinshi"
Ako kanya!!Nako......LOADING EPISODE 67.
Nari nibagiwe mumbabarire!!
.
.
Biragenda bite rero?

0 Comments