LOVE AFTER WAR E64

 

STAY WAITING
Episode 64
_________
Episode 63 yarangiye hari ibyo colonel yeretse bop bikamurakaza.
Byari ibiki?
.
..
.
.
Kumbe ntibyari ibindi yari yeretswe uburyo raissa yangiritsemo aho afungiye mukigo cya police!!
Bop"ninde wakoze biriya?"
Colonel"gabanya uburakari nkubwire buri kimwe ubanze umenye abakoze biriya"
Ahita azana cyagitabu atangira kumubwira buri kimwe atacyo asimbye!!!
.
..
.
.
Brian we amaze guhagarika abarimo kubabaza raissa na pauline yaje kureba afande jonas,
Brian"nyakubahwa ndagirango unyizere umpe uriya mukobwa raissa mbashe kumubaza mwitondesha"
Jonas"usanzwe umuzi?"
Brian"oya ariko nabikora"
Jonas"genda rero wikwivanga mumabanga yagisirikare"
.
..
.
.
Muri indiano,
Colonel"uwo musore yishwe aciwe umutwe niwe yari so.
Ikibababaje nuko  abo barimo kubabaza raissa aribo bishe so "
Bop"mama we se ninde?"
Colonel ahita amuhereza agafoto kariho mama we angelique,
Bop"ahasigaye mpa mission njye guhorera data"
Colonel"ntiwapfa guhubuka ujyayo ,wowe banza witoze
bishoboka kuko umugabo wishe so atari uwo guhubukirwa,
Brian"igikenewe cyose ndagikora ariko mporere data"
.
..
.
.
Brian we si aho yagarukiye ahubwo yahise yerekeza  kwase,
Brian"ndakwinginze papa umpe uriya mukobwa "
Yve"wowe n'uburwari bwawe?"
Brian"data nyumva  kandi wumve ko nshoboye"
Yve"ngaho genda umuhabwe gusa umenye ko bariya bakobwa batoroshe"
Brian"ntakibazo ndaza kubyitaho nyuma papa"
.
..
.
.
Tunyure gato murugo rwa luc,
Luc"madam ndagusabye ureke kuzajya ugaragaza ukwiheba kuko nanjye ubwanjye bitangwa neza"
Angelique"mbabarira mugabo mwiza nanjye bipfa kunshikira ariko ntabwo mba mbishaka"
Luc"humura niba atapfuye uzamubona"
.
..
.
.
Brian akirangiza kuva kwase yasubiye kuri gereza ahabwa raissa na pauline ,
Uko yakabasohokanye jonas mubiro yakiye call kuva kumwami ati"nubwo mbamuhaye mumugendere hafi mubacunge"
.

..
.
.
Muri indiano,
Colonel"controle ya magic power ikurimo ni imwe mumyitozo ugomba gukora"
Bop"nabigenza nte ko ndinze ndakara umubiri uhita uhinduka akab
akaba ariyo isigara yikorera?"
Colonel"ndaza kubikwereka"
.
..
.
.
Brian we munzira bagenda,
Raissa"kuki uje kutuvana muri gereza?"
Brian"nabisabye papa nanga ko mubabazwa kandi murengana"
Raissa"ariko ntacyerekana ko turengana!"
Brian"ubu se niba mutarengana niki cyatumye mwanga kuvuga nukuntu mwababajwe?"
Pauline kuruhande mumutima ati"iyo uba wari uzi abantu twivuganye"
Hagataho na brian mumutima ati"ninjye uzi icyo nshaka,murakeka nyobewe uburyo mutikura?"
.
..
.
.
...AFTER A MOMENT..
.
Bop yaje kwihengeka,
Gusa mugufata ibitotsi intekerezo ze zaramuziye yibona arikumwe na raissa ahantu muri jardin hatuje ,
Bop"raissa kukuzana ahangaha nagirango nkubwire igitekerezo cyanjye"
Raissa"nguteze yombi "
Bop"raissa hari ijambo maranye igihe rindemereye,raissa kuva kera nahoze ngukunda nkumwana twarukanye gusa noneho ngukunda urundi rukundo rwarundi rwibagiza imibabaro,rusana imitima yasambutse,rurema umuryango,...
Raissa ntabara wakire neza igitekerezo cyanjye"
Raissa aho gusubiza
 Yarahagurutse aragenda bop nawe aramukurikira...
.
Mwibuke yararimo kurota,
Ahita yikangura.
.
..
.
.
Brian n'abakobwa  bageze murugo barisuganya baracya,gusa aho bakomerekejwe naho harapfutswe,
Pauline yihengekanye raissa ati"ntakumwizera ahubwo ni ugushaka uburyo twamucika"
Raissa"ndabyibuka gusa uko namubonye agaragara nk'umuhatari "
Pauline"ibyo biramureba twe icyo turiho ni ugucika"
.
..
.
.
Bop we akirangiza kwikangura yabuze ibindi bitotsi maze atangira kwibariza mumutima ati"nibyo koko raissa ntazankunda cge yapfuye?
Ndava hano nte?Ariko se ndamutse ngiye ntitoje sinazatsindwa?
Ndamutse ntegereje nazasanga raissa baramwivuganye nk'uko bagenje data.
Ngende cyangwa?"......LOADING EPISODE 65
.
Aragenda cangwa?
.
Commentaire yawe ubundi dukomeze

0 Comments