LOVE AFTER WAR E57

 STAY WAITING

Episode 57
_________
Ep 56 yarangiye bop ahamagarwa kwisaha ye.
Ninde wari umuhagaye?
Kurikira....
.
..
.
.
Ahita yitaba hazamo colonel ati"musore umeze neza?"
Bop"wapi ndimo gushakishwa ahantu hose kandi nkeneye gutahuka"
Colonel"komeza wicunge vuba urataha"
Phone ivaho!!
Isabelle"uwo ninde ?"
Bop"ntugomba kubimenya kandi ntanikintu ubonye!"
.
..
.
.
Raissa na pauline mumugi hagati bari kugenda bareba buri kimwe gisha mubuzima!!
Bwabusore bubona abakobwa bugahita buva mubwabyo bwarababonye burabiyegereza gusa bagenzi sinzi ko abakobwa batigeze babona umwanya.
.
..
.
.
Kwamuganga aho brian yari amaze kugarura agatege,
lathifa"umeze neza mwana wanjye?"
Brian"meze neza mama"
Lathifa"mbwira byagenze bite?"
Brian"ntakidasanzwe gusa niyenje kumuntu  arangije arankubita ariko meze neza ntakibazo.
Papa arihe ko ntari kumubona?"
Lathifa"yagiye guhangana nuwakubabaje"
Brian mukubyumva yavuye kugitanda yiruka!!
.
..
.
.
Isabelle nawe yaragejeje bop murugo iwabo
 ahubirana na nyina angelique arabitegereza ntiyavuga,
Isabelle ati"mama yababaye kandi akeneye kwitabwaho "
Ahita amucishaho bakomeza munzu.
Isabelle amwereka ubwogero undi nawe ajya kwoga.
.
..
.
.
Brian mumuhanda arikwiruka cyane ,
Mukugenda kwe yahuye na convoye zitwaye umwami ahita ahagarara,
Maze yve avamo ati"wakize?"
Brian"erega ntakibazo nigeze ngira papa,wowe se umeze neza?"
Yve yegera umuhungu we areba aho yari yakungarutse abura nahamwe ntiyagira icyo avuga ahubwo bombi binjira mumodoka basubira inyuma.
.
..
.
.
Raissa na Pauline bo ntakindi bakoze ahubwo bahondaguye abasore babiyenzaho barangije barikomereza.
Pauline"urakeka colonel ashaka kugera kuki?"
Raissa"ntakintu nzi gusa urantunguye kuba ubajije icyo kibazo"
Pauline"nte se kandi?"
Raissa"kuko mubandi bose atawigera abaza icyo kibazo ahubwo bumvira colonel gusa"
Pauline"ubwo colonel ntakintu yabakoze?"
.
..
.
.
Bop nawe yari avuye mubwogero yambaye esuim aza kwireba muri miror,
Gusa mumugongo he hari inkovu ziteye

ziteye ubwoba.
Uko yakarebye inkovu ze yatangiye kwibuka aho yazikuye,
Hari igihe kimwe akiri umwangavu ubwo yasomana na raissa maze colonel akababona ahita atanga itegeko ry'uko bop afatwa!!
.
..
.
.
Mukanya katarambiranye baramumanitse ,
Colonel ati"mwese mubonereho ko muri aha kugira mukurikire amabwiriza ariko mutari aha kugira mukundane"
Ako kanya baramuhana bamukubitisha insinga arinabwo yakomereka akaba arinazo nkovu agira!!
.
..
.
.
Tugaruke kuri pauline na raissa,
Raissa"jye nawe ntitwahinduwe kandi uko bigaragara colonel afite imigambi mibi"
Pauline"none turakora iki ko tutazi naho turi?"
Raissa"reka dukoreshe aka karyo tubanze tumenye ubuzima bwohanze naho turi ibindi hanyuma"
.
..
.
.
Isabelle nawe yinjiye aho bop ari atungurwa nokubona umugongo w'umusore warashize!!
Sibwo amwegereye akamukorakora kuri zankovu undi nawe agahindukira bakarebana kandi bop akenyeye eswim yonyine!!!
.
..
.
.
Tuze kuri colonel imbere ya mudasobwa yakiye amakuru ko raissa yazanwe arimaso ibintu bibi
 Cyane mumigambi ya colonel.
Ati"ninjye nawe !"
.
..
.
.
Bop uko yagahindukiye yitegereje isabelle undi nawe amureba  .
Aho hogize ikiba bop yahise amwikura arasohoka.
....
ISABELLE NI UMUKOBWA WA ANGELIQUE NA LUC,BOP NI UMUHUNGU WA #Innocent na ANGELIQUE .
Ubwo bop na raissa bapfana iki?
.
..
.
.
Aho bwari bumaze kuba nimugoroba.
Pauline na raissa binjira muri bar imwe .
Raissa"turakora iki ko atamahera dufite?"
Pauline"wize iki?Niko kanya ngo ubigaragaze"
Bakomezamo indani...
.
..
.
.
Colonel nawe akimara kumenya ko raissa ari umugambanyi yatumijeho abasore 2 muri babandi bazanana na raissa
Ati"nkeneye kumubona ari akarambo"
Abaha adress y'aho ari maze berekerayo!!...LOADING EPISODE 58.
.
Comment dukomeze

0 Comments