LOVE AFTER WAR E56

 STAY WAITNG

Episode 56
________
Ep 55 yarangiye muri etage bop yinyegejemo hagaragara ibyuka bikoroza amosozi.
Baramufashe cyangwa?
.
..
.
.________
Ndakwibutsa ko story yiswe STAY WAITING sometime he/she/it will arrive.
.________
..
.
.
Bop aho yihishe imyuka yamugezeho atangira gukorora !
Agerageza kurakara ariko biranga ubanza bamuteye ibyotsi  magic power idakora.
.
..
.
.
Kumbe byose colonel arimo kubireba kuri eclan ye aho yicaye akivugisha ati"byiza cyane!Ndabona umusore wanjye muri kumufunza uko nshaka"
.
..
.
.
Bop abonye ko bigororanye ntakindi yakoze yakuye umwenda we yihambira kumazuru arangije asohoka mucyumba aza arimbura abapokisi babandi kandi ntakinya,
Sibwo afashe n'intwaro akabarasagura!!
.
..
.
.
Amakuru yageze kuri nyakubahwa umwami aho ari kwamuganga ko uwakubise umuhungu we yananiranye gufatwa ahubwo yateje ikibazo umugi kuko akomeje kwica n'abandi benshi.
Umutwe uhita ushuha arangije arasohoka!!
.
..
.
.
Mubahari indiano uwasigaye aharongoye ni leuis
uwungirije colonel maker.
Arimo kunyura iruhande rwa yameza colonel n'abanyeshuri yajyanye bari bicaye abona ahantu hakanye!
Sibwo yunamye agakora kubyahamenwe arangije arimotoreza!
Ati"wine iroze?"
Arahaguruka aragenda...
.
..
.
.
Bop yarangije kwica polisi akomeza gucika amanuka kunyubako atawumubonye afata umuhanda.
Isabelle nawe yamukubise ijisho yurira imodoka arakurikira!!
.
..
.
.
Abanyeshuri ba colonel uko yabazanye ari 5 baje kumeza bitunganije mbese bakeye.
Colonel ati"mwize byinshi bitandukanye .
Ubu noneho mugiye gusohoka mwitoze kubana n'abantu batandukanye"
Raissa"none se nyakubahwa turi mukihe gihugu?"
Colonel"iryo ni ibanga ry'icyigwa mwajemo.
Murasohoka mugende munzira zitandukanye gusa tuzajya duhurira aha bibaye ngombwa"
Umwe ati"none se tuzajya dukura he ibyo turya?"
Colonel"muzajya mwimenya!Musohoke mugende"
.
..
.
.
Bop uko yakagiye isabelle yamwitambitse imbere ati"urira tugende!"
Bop akingura urugi gusa atarinjira hari uwavuze ati"ntiwurire!"
Bop arihundukira!!
Kumbe yve umwami nyirizina niwe wahigereye!!
Yve"niko sha niwowe Wateje umutekano muke?"
Bop"wapi ndarengana ntakabi kanjye"
Yve araseka arinako yataka!
Amutera umugeri agwa hirya !!
Bop noneho yararakaye maze ahaguruka bushasha  yitegereza inkota yve afite ihita imwiyaka iza imbere ya bop mukirere.
Yve ahita yicanganya arataka ariko atari yamugeraho ahita azamurwa hejuru!!
Bop"jye ntakabi kanjye ushatse wandeka nkigendera"
Yve mumunigo ukomeye mukirere ati"ese uzi uwo uri gukinisha?"
Bop"ibyo simbyitayeho "
Ahita amumanura yiyinjirira imodoka asiga umwami aho
.
..
.
.
Raissa na mucuti we pauline ndetse n'abandi basore 3 basohotse igipangu binjira umugi .
(mwibuke colonel yabazanye mugutembera ngo bige ubuzima bwo hanze)
.
..
.
.
Sasa leuis mubahari yavumbuye ko raissa yagambanye akagenda akanura kandi yakagombye kugenda nk'abandi ahita atangira gushaka ukuntu yageza inkuru kuri colonel.
.
..
.
.
Hakuno aho umwami yasigaye ahezagirika jonas n'izindi ngabo
Jonas"umeze neza nyakubahwa?
Yve"meze neza gusa ndagirango uhagarike ingabo kuko uwo muri kugendaho ubanza ari shitani wateye"
Jonas"ariko nyakubahwa yababaje umwana wawe"
Yve"mumwibagirwe tutarema urwango muriwe kuko atarwo asanganwe"
.
..
.
.
Mumodoka isabelle na bop mumodoka bagenda ,
Bop"uriya mugabo ko adasanzwe ninde"
Isabelle"uriya ni umwami,ntamuntu wigeze amutsinda ahubwo natunguwe n'ukuntu wamutsinze"
Bop"ngo umwami?Kuki koko nkomeje guhura nibi?"
Isabelle"ihangane byose bizagenda neza"
Bakomeza kugenda baganira gusa yasaha ya bop yongeye guhamagarwa arebye abona number ntazizi !!......LOADING EPISOD 57

0 Comments