LOVE AFTER WAR E63

 

STAY WAITING
Episode 63
_________
Ep 62 yarangiye brian abuze icyo afata hagati y'umukobwa keilla n'igihugu.
Yaje gukora iki?Kurikira....
.
..
.
.
Atari yajya kure yumvise abahuruye urwamo keilla yararimo kuvuza,
Brian"inyange ahasigaye ni ahawe"
Ahita ava hasi yerekera iy'umugi.
.
..
.
.
Kuruhande rw'umwami ingumi n'imigeri byagiye mbere birakomera,
Pauline"aba bagabo nabo ni abahatari ,tubigenze dute?"
Raissa"dushake uburyo twacika"
.
..
.
.
Mucyaro ho uko brian yakagiye,
Inyange yahise ihindura ijwi ivuga neza nka keilla itabaza maze abahuruye basatira aho ijwi rivuye.
Iti"mission accomplie!"
Nayo yiciraho!!!
.
..
.
.
Brian we yaramaze kwinjira umugi,
Akatira muri super market imwe arahura imyambaro yera dede arangije ashiraho na mask ubundi akomeza kwiruka agana aho rwambikaye
.
..
.
.
Pauline na raissa babonye bitari bworohe hari utwo bahuhiye mumaso y'umwami atangira gutaka monia nawe ahugira mukureba icyo umwami abaye abandi baracika.
.
..
.
.
Mucyaro abahuruye bageze
bageze aho keilla aryamye babura icyamwirukansa baramuterura batahana murugo.
.
..
.
.
Pauline na raissa bo mugucika bakubitanye na white bird (brian),
Ako kanya nawe arabataka intambara ivuka bushya,
Mukanya katarambiranye bose yari ababoshe na police ihita ihagera.
Brian ntiyashaka ko bamumenya ahita yiciraho abasigira imbohe.
.
..
.
.
Barakwereka nyuma y'umwanya,
Hari umusirikare waje yegera afande jonas ati"banze kuvuga"
Jonas n'umujinya ati"mubabaze cyane mpaka bavuge"
.
..
.
.
Tugaruke kumusaza dan kukazi,
Hari mashine yari arimo gufungura gusa uko amaso ye arimo kureba bisa nkaho harimo projector kuko na colonel mubahari aribyo arimo kubona!!
.
..
.
.
Tunyarukire gato mucyaro,
Keilla amaze kwikangura murumuna we ati"keilla wabaye iki?"
Keilla"ni brian"
Nina"yakugize iki?"
Keilla"si umuntu ni devil"
Nina"urasobanura iki?"
.
..
.
.
Hakuno pauline na raissa,
Pauline"ngo mwabonanye bop?"
Raissa"twabonanye usibye ko nabonye hari undi mukobwa yansimbuje"
Pauline"wibesha
 Bop ibyo ntiyabikora,ahubwo wowe wahubutse wivumbura wenda utazi icyo yashakaga kuvuga"
Raissa"wapi njye sinari kwihangana mbona bop ari gufata neza undi mukobwa kandi njye naramupfiriye imyaka yanjye yose"
Bakiraho wamusirikare wahoze ubabaza yarinjiye a9a azananye n'ibyuma byuzuye ameza !!
.
..
.
.
Blacks devils na tatoo  nabo binjiye umugi,
kandi bagenzi baratambuka intambwe zingana kandi umwe akebutse bose bagira rimwe bimeze nkaho intekerezo ari zimwe kuri bombi .
.
..
.
.
Mucyaro...
Keilla"wigeze ubona umuntu utambuka kumazi hejuru nkaho ari i rusi?"
Nina"ibyo ntabwo bibaho"
Keilla"brian we arabikora kandi usibye kugendera hejuru y'amazi no mukirere aguruka nk'inyoni kuburyo wakibaza ko afite amababa"
Nina"keilla warwaye mumutwe?"
.
..
.
.
Kuri station  za police wamusore ati"harya mwanze kuvuga?"
Araseka !!!
Ahita ategeka abasore be kuzana agatebe yicara imbere ya raissa aho afungiye kugatebe afata akuma ashira hagati y'intoki za raissa ahita akanda!!!
.
..
.
.
Mubahari indiano
 bop nibwo yarakikangura,
Ari mucyumba cyawenyine niko kubyuka asohoka hanze.
Mukugera hanze yatunguwe no kwisanga muri cyakigo yakuriyemo kandi yaherukaga ari muri hotel !!
.
..
.
.
Muri police,
Raissa yababajwe bikwiye ndetse na mugenzi we pauline!?
Ariko kubwamahirwe brian yinjiye mucyumba abuza wamupolice arangije arasohoka ajya kureba jonas.
.
..
.
.
Bop nawe yihutiye kureba colonel,
Bop"ndagirango umbwire buri kimwe,
Nigute nava aha ntabizi nkanagaruka ntanamenye nakimwe?"
Colonel"byose biri muri cyagitabo naguhaye"
Bop"igitabo ntakintu  kirimwo uretse ibintu byintambara"
Colonel"wowe nturambirwe ran4za kugisoma ubundi nguhe ubusobanuro bwacyo"
Gusa hagataho ngufitiye amakuru yerekeye raissa.
Bop n'igishika ati "nyereka"
Mukubireba umujinya warazamutse isura itangira guhinduka arangije afunga ingumi.......LOADING EPISODE 64
.
Araba atamweretse uburyo raissa yababajwemo kuko bicye byo arangiza byinshi!!



0 Comments