Kelly S3 E34

 KELLY (AAA)

Part 34
______
Part 33 yarangiye beatrice asaba umugabo we ko kugira asubire murugo agomba kubanza kwemera gusaba imbabazi.
Paul we yari asatiriye patrick na sabine.
Byakomeje bite?
.
..
.
.
Uko paul yakabasatiriye yaraje afata ukuboko kwa patrick aguhuza n'ukwa sabine ati"kunshuro yanyuma biciyemo.
Patrick narimbizi neza ko ataho wajya ariko ndagusaba ko wakumvira sabine kuko agukunda"
Patrick mukumva ayo magambo yaratunguwe,sabine uko ndetse na lynka!!
Sabine"ushatse gusobanura ko wari ubizi kuva na mbere?"
Paul"ni inkuru ndende ahubwo muze tujye i muhira mbasobanurire"
.
..
.
.
Murugo iwabo wa patrick ,
Jesca"ndikumva ibicuro umubiri wose nkaho hari ikidasanzwe kiribumbeho"
Kellyta"nawe naho,urumva cyaba ari igiki?"
Jesca amaberi ye yahise yikama kandi amaze imyaka myishi atonsa,
Kellyta"ibyo niki chr?"
Jesca"nanjye simbizi"
.
..
.
.
Murugo rwa kelly,
Kelly"kaze urisanga mwana wanjye"
Bernice"murakoze "
Jacques"ndagushimiye papa"
.
..
.
.
Paul ,patrick,lynka na
sabine bageze murugo,
Paul"njya kukubona ntibyabaye impanuka ahubwo nari umwe mubasore bakugiriye nabi.
Gusa nubwo narimo sinishimiye kukugirira nabi kuko nyuma yaho twagutaye mwishamba naje kuhagaruka nsanga inyamanswa zakuzize ndahagukuru ndagucura ndangije nkuzana aha kwamuganga ,ndakuvuza gusa mpitamo kukunyegeza kuko ntari namenya ibikwerekeye"
Parick"nyuma yaho waje gusanga ndinde?"
Paul"Nyuma y'amezi atatu nkuvuza naje kumenya ibyawe byose gusa iteka nahoraga niyagiriza icyaha nakoze ariko naje gusanga kugira nkwishura kukuvuza ntibyari bikwiye ahubwo nategerezwa kongera kuguhuza nuwo nagutandukanije nawe ariwe sabine"
Patrick"ushatse gusobanura ko wowe udakundanye na sabine?"
Paul"nyine nakundi nagombaga kubigenza usibye gukundana nawe kugira muzabashe guhura"
Sabine"ese wambwira uwari yabatumye kugira  munyicire umukunzi?"
Paul"guhora sicyo cy'ingenzi ahubwo kubabarirana nibyo byambere"
Ako kanya hari uwakomanze !!!!
.
..
.
.
Bea nawe ucnza yaje kugondozwa n'umugabo kuko barimo binjira
 munzu iwabo.
Bea"aka kanya turahita tugenda ntagutegereza"
Enock"ariko se wandetse byibuze nkazajyayo ejo"
Bea"wapi uyu musi bigomba kurangira byose"
.
..
.
.
Nancy nawe iwe  yari yicaye yatekereje arimo kwibaza ati"maze igihe kirekire mba mububeshi kandi maze kurambirwa.
Ngomba kuvuga ukuri hato ntazapfa nsize umwana wanjye mukaga.
Ariko se nimvuga ukuri sabine wanyawe ndamukura he?"
.
..
.
.
Uwari ukomanze kwa kellyta ntiyari undi yari solange,
Baramwakiriye jesca ajya kumushakira icyo afata,
Kellyta"muragenzwa n'amaki?"
Solange"ntakintu kirenze kinzanye ahubwo nari mpanyuze ngo mbamenyeshe ko mwakitegura kuko uyu mugoroba urugo rwanyu ruribwakire umushitsi udasanzwe,uwuri bwongere kuzana ubushuhe muri uno muryango"
Kellyta"ushatse gusobanura iki?"
Solange"sinamuvuga ahubwo muzane mbafashe kuko ari hafi kugera aha"
.
Solange we azanye ibiki kandi?
.
..
.
.
Koko nk'uko solange yabivugaga hari abarimo kwerekeza murugo rwa kellyta,
Patrick,sabine,paul,lynka na delice mumodoka imwe,
Patrick"

 Ubu koko mama araza kwemera ko nkiri muzima?"
Paul"araza kubyemera kandi nibinagorana turagufasha gusigura"
Sabine"reka nanjye mpamagare mama tuhahurire bikemuke byose"
Lynka we yarimo gupfuka ka delice ubona ko kakundaga gusinzira.
Hagataho paul akanagaho akajisho akareba uburyo lynka abashije kwitaho umwana!!
.
..
.
.
Murugo rwa kellyta ubanza ibintu byaje kujya muburyo kuko turabona umusaza kelly,Daana na Leoncie,jacques na bernice bahageze,
Nyuma yakanya umushitsi wahageze bwambere yabaye enock n'umugore ,
nyuma y'akanya gato  nancy nawe yarahageze
Jesca"abo nibo wavuga?"
Solange"oya usibye ko nabo barakenewe "
Ako kanya imodoka izanye patrick n'abagenzi be yarinjiye maze bavamo!!!....LOADING PART 35
.
Biragenda bite rero?

0 Comments