UBUSAZI BW'ABAGANGA S02 E01


UBUSAZI BW'ABAGANGA
Season 02
Episode 1
________
Kuki film yiswe #ubusazi_bw'abaganga?
Kugirango ubashe gutahura neza iyi film nuko waba warabonye igice cyambere #the_new_world_of_2050.
Tudatinze reka dutangire...
.
..
.
.
Dutangirana agakuru kagira kati"kuva narangiza kurwana intambara ,ubwo namaraga  kurwanya umugabo yigiraga imana,
Ciara yampaye impano yo kungarurira alicia .
Gusa igitangaje nuko umusi ndanginza iyo ntambara aribwo naburaga umwana wanjye w'umuhungu nari nabyaranye na alicia "
.
..
.
.
Sasa uri kutubwira agakuru ni chris,
Arakomeza ati"ukubura kuwo mwana bigaragara ko bitari ibyoroshe kuko mabukwe n'abo barikumwe twasanze bose ari imirambo .
Ibi byatumye nibaza ko haba hari uwamwibye gusa nanone sinabihamya kuko atakimenyetso nakimwe cyagaragaye"
.
..
.
.
Arakomeza ati"twashakishije kenshi gashoboka ,ahatandukanye tubura ikimenyetso nakimwe.
Ibyo ntibyanciye intege kuko nge na alicia twaje kubana turera umwana ciara yari yasize #chania
Ariko nanone ntabwo nibagiwe umwana wanjye ndetse mutorera n'izina #Albend kubera ko mukuvuka kwe hari inyuguti A yavukanye kwibere rye iburyo"
.
NINDE WATWAYE ALBEND?
KUKI FILM YISWE #UBUSAZI_BWABAGANGA ?
.
.
Kurikira...
Aha turi mumwaka wa 2057,inyuma y'imyaka 7 yonyine intambara ikomeye ibaye(chris agwanya uwigiraga imana).
Hari ikigo kirimo abana benshi bisa na orphernat.
Twinjire mucyuma kuri #padiri urongoye icyo kigo aho arikumwe n'undi mugabo,
Padiri"ntakidasanzwe umwana ari kugaragaza ndetse bisa naho adakwije ubwenge"
Umugabo"zana files ye "
Padiri arazimuhereza...
.
..
.
.
Sasa #chris na #alicia ndetse n'umwana wabo #chania bari muri supermarket ,
Baragura byinshi bitandukanye bagezaho babaza chania
Chris"urashaka iki?"
Chania'ndashaka video games 2 zisa"
Chris"ushaka izisa?"
Chania"yego papa"
Alicia"wimbariza umwana byinshh ,rata cha ngwino nkwihere"
.
..
.
.
Kuri orphernat umugabo yitegereje file arangije ati "ibi si bibi"
Padiri"sawa nyakubahwa"
Umugabo aragenda
 Reka dusohoke hanze mubana ba orphernat,
Abana barishima cyane Gusa muribo harimo umwe utajya uvuga mbese iteka uhora yicaye wenyine nkaho nyine atanakwije ubwenge!!!
.
..
.
.
Chris na alicia bagarutse Murugo urukundo ari rwinshi,
sasa chania we ubanza hari icyo yarabuze!!
Alicia"chania gerageza kwigumya vuba uzaronka musaza wawe nawe"
Chania"mama wivuga utyo kuko Albend ari muzima"
Alicia"ubizi ute?"
Chania"albend ni umutabazi w'isi kubitekerezo by'abasazi(bande rero?)"
Alicia ntiyabyitaho ariko umwana nkuyu ukomoka hagati y'umuntu usanzwe (Chris) ariko ufite ibibaraga hamwe n'umumarayika (ciara) ntabwo nawe asanzwe.
.
..
.
.
Sasa umugabo uko yakarangije kureba file yabwiye padiri ati"uyu mwana ugomba kumurinda kumenyera ubuzima busanzwe ahubwo ugomba kumutoza umutima w'ubwicanyi kuko akazi kamutegereje gakomeye"
Padiri"nigute natoza ubwicanyi narihebeye imana?"
Umugabo ahita amutunga imbunda ati"ninge uguhaye amabwiriza.
ukora kubiri nuko ushaka kwibona uri umupfu"
Ahita asohoka ...
.
..
.
.
Reka tuze inyuma y'imisi mike kuri wamugabo wahoze kwa padiri afite umwana w'umuhungu,
Gusa kuri iyinshuro yazanye umwana we 
#dany"uri gutekereza iki ?"
 #P1 (projet 1)"ndikwitegereza kariya gakwavu"
Dany"wagakunze?"
P1"ego papa!"
Bahita basatira agakwavu arangije avanayo pisto ahita akarasa!
P1(umwana)"yooh!Papa kuki ukishe?"
Dany"siwe uhora umbwira ko ushaka kuzaba umusikare?
Kugirango uzamube ntakintu nakimwe ugomba gukunda kandi ntanimbabazi zikenewe !" 
P1"Ndabyumva papa! Ariko niba kuba umusirikare ari ubwicanyi ntabyo ngishaka'
Dany'amahitamo ni ayawe'
.
..
.
.
Tukugarukire kuri chris,mbese kuva yatsinda urugamba(Imyaka irindwi irashize)yabaye umwizigirwa mugisirikare gikuru kw'isi..
Hari labolatory yajemo 
Chris"Dr ibyo mukora sibyo kuko gukora abantu ngo murashaka ingabo sibyo bishobora gukwega ikibazo kirenze uko ubiieka"
Dr"ibi ni ubwirinzi kandi igihugu kigomba kugira abasirikare nkawe ,abasirikare badasaza mbese abasirikare bashoboye"
Chris"arikoo.,.
Dr"witinda ahubwo ngwino tugufateho formular"
Binjira icyumba batangira kugira ibyo bamureberaho(wibuke chris afite imiti imurimo kuburyo adasaza,ntiyumve uburibwe ndetse aka).....LOADING EP 2
.
.
Iyi ni intango wowe reka wasiwasi ndahari ngo nkwihere

0 Comments