UBUSAZI BW'ABAGANGA S02 E03


UBUSAZI BW'ABAGANGA
Episode 3
_______
Ep 3 yarangiye umwana p2 atatse cyane  nyuma yo gukurikira amajwi yari yumvise.
Yari abaye iki?
.
..
.
.
Ako kanya hahise humvika irindi jwi rikuze rigira riti"tuza mwana muto!"
Maze hasohoka umutamakazi ukuze byo
P2"bite byawe nyogoku ko unkanze?"
#Selector"nuko wansanze aho ntuye"
P2"kubera iki utuye aha wenyine?"
Selector"nuko ariho hankwiye.
Ese uwagufasha kuhira harico?"
P2"oya nyogoku ntabyo washobora.
Ahubwo c kondeba ukuze ntiwancira umugani ko mbikunda?"
.
..
.
.
P1 na danny bo bageze murugo,
P1"papa ndashaka kuga gusenga"
Danny"hehe?"
P1" #new_generation_church"
Danny"banza uruhuke turaza kugenda"
.
..
.
.
Kuri p2 umutamakazi selector yaratangiye,
Ati"hari igihe kimwe ubwo habonekaga umugabo wigira imana"
P2"yigira imana?Ibyo c bibaho?"
Selector"nyine uko byasobanuwe mumateka ngo cyari ikibi cavukiye mubantu(shitani)"
P2"nubu c niwe tugisenga?"
Selector"oya ntabwo ariwe kuko baje kumurwanya aratsindwa isi isigara mumahoro"
P2"none se ninde wabashije kurwanya imana?"
Selector"izina yitwa #chris,intwari y'isi gusa ntabwo yari wenyine hari n'abandi bamufashije aribo babandi uzajya ubona amashusho yabo kumuhanda"
Uko umutamakazi yakamuganirije ninako p2 yararangije kuhira umurima barangije barasezerana arataha.
.
ESE MURI ABA BANA(P1&P2)HABA HARIMO UWA CHRIS?
Haracari kare...
.
..
.
.
Amasaha yarisunitse 
maze natwe tuza kuri ahantu hamwe,
cynthia ari kugendagenda ahantu  mukizu gishaje gusa uko bigaragara afite ubwoba.
Ageze imbere hahise hagaragara inyamanswa itangira kumwirukaho nawe kibuno mpamaguru arinako atabaza,
Ako kanya hari undi mwana waje yambaye imyenda y'ibyuma atangira guhangana niyo nyamanswa birangira ayishe,
Cynthia"urakoze kuntabara!"
Umwana"hmm!Kuki waje aha wenyine kandi hateye ubwoba?"
Cynthia"narimo gutembera nza kwisanga ndaha.
Urinde ko wahishe isura?"
Atari yasubizwa hari uwakomanze urugi cynthia abyukira hejuru.
Kumbe ni shania warotaga!!!
.
..
.
.
Amasaha yakomeje kwisunika danny 
azana p1 gusenga nkuko yari yabimusezeranije.
Kumbe urusengero bajeho nirwo p2 atuyeho mbese nawe yari yavuye kuhira maze kubera ko yakunda gusenga nawe yaraje barahahurira !!
.
..
.
..
Kuri cynthia 
Mama"umeze neza cynti ?"
Cynthia"mama cyarikindiye"
Mama"igiki?"
Cynthia"i..iii.....igikoko mama!Ariko arantabaye"
Mama we ahita amuhobera amuturisha ati "humura zari inzozi"
.
..
.
.
Danny nawe yinyabije hirya gushaka padiri maze p2 aba nawe yinjiye urusengero ahasanga p1,
Yarafukamye akora kukimenyetso ahita aterura ati"nyagasani uhora umuremyi w'isi n'ijuru .
Ubu mfukamye mumaso yawe ngushima kuba wampaye amahirwe yokuba nkiri muzina nongera ngusaba gukomeza kundinda.
Sinakwibagira gusabira imfubyi bagenzanje ngo ukomeze kubarinda..."
Aya masengesho yatumye p1 amwegera asa n'ugiye kumuvugisha.
.
..
.
.
Danny na padiri hanze,
Padiri"ariko kuki wampaye akazi gakomeye kuriya?Gutoza umwana urwango kandi njejwe gutoza urukundo!"
Danny"ntabwo aringe uguha akazi ahubwo urakora kugira urengere
ubuzima bwawe.
cyangwa  umbwire niba wananiwe ngukurego uwo musaraba(kumwica)"
Padiri"oya da ndacyagerageza"
.
..
.
.
Tugaruke murusengero,
P1"nange nitwa p1,wakemera ko tuba abavandimwe?"
P2"byashoboka c ko wowe ufite ababyeyi"
P1"nyine tuzaba abandimwe yego atari abamaraso ariko bitanaho mbese umwe yakitangira undi"
P2 azunguza umutwe yemera!!
P1"ngaho tubirahire imbere y'imana"
.
..
.
.
Tuze kuri chris aho ari muri labo akorerwaho igeragezwa kuburyo n'imiterere by'umubiri we,
Uko bakamusuzumye icyumba cyaraturikwe bose barakangarana maze hahita hinjira umuntu utagaragara isura neza yambaye nka wamwana cynthia yahoze yambaye usibye ko we akuze abagagura abadocteri bose arabica arangije yegera aho prince aboheye(mwibuke kugira bagukorere operation barakuboha kuburyo utabica)
Chris"urinde?"
#Umwicanyi azamura inkota ye amukuraho umutwe arangije ati"ndi uwo ndiwe!"......LOADING EP 4
.
.
STORY IRACYATANGIRA,WOWE TANGA COMMENT UNAKORE LIKE KURI PAGE UBUNDI DUKOMEZE.

0 Comments