UBUSAZI BW'ABAGANGA S02E02


UBUSAZI BW'ABAGANGA
season 02
Episode 2
WriterEdouard Safari
________
Ep 1 yarangiye chris bagiye bagiye kugira ibyo bamupimako murwego rwo kumwigiraho bakore abasirikare bameze nka we.
Dukomeze...
.
..
.
.
Tunyaruke mugitondo kimwe hari umwana uri gusenga kwa padiri,
Padiri yarahamusanze gusa uwo mwana ni p ,
Padiri yarahamusanze  ati "p uri gukora iki?"
P"papa nge nkunda gusenga kubera iki undakariye?"
Padiri"uyu siwo mwanya ,ngwino nkwereke icyo ukora"
Ahita amufata akaboko aramusohora,...
.
..
.
.
Kuri dany n'umwana we p(gusa utambaza uburyo uyu mwana p uburyo ahuye na dany kandi avuye kwa padiri) bari bazindukiye muri park imwe kwitegereza ibikoko ,
Hari inyamanswa imwe irikumwe n'umwana wayo bagezeho...
Dany"urabona izi nyamanswa,imwe ni nyina indi ni umwana.
Birishimanye ariko  rimwe na rimwe hari igihe biba ngombwa ko umunezero wabyo uwuhagarika murwego rwokurangiza indi gahunda"
P"gute papa?"
Dany"ntiwavuze ko ushonje?"
P"nibyo papa ndashonje kandi cyane!"
Dany ahita avanamo inkota yica imwe muri zanyanswa
(Nyina) ati"iyi niyo mfungurwa yacu aka kanya"
.
..
.
.
Kuri padiri yazanye p (bishoboka ko ari 2 basa kandi bitwa kumwe gusa wowe komeza ukurikire)hanze ati"kubura aha hose kandi ubangutse"
P"papa kubera iki nkubura kandi abandi bari gusenga?"
Padiri"wowe ntubyemerewe!"
.
..
.
.
Kuri chris bakimara kumusuzuma yaratashe gusa nkumubyeyi yagombaga kugira aho anyura agahitana utwo ashira umuryango.
Nawe yanyuze muri supermarket imwe agira utwo agura.,.
.
..
.
.
Muri park dany na p inyamanswa barayokeje gusa umwana wayo ahagaze iruhande rwabo,
P"papa yakomeje kutureba kandi turiye nyina wayo"
Dany"iyo uri umusirikare ugakora ikintu hakagira ukwitambika uzamugenza utya!"
N'umwana wayanyamanswa ahita amwica ...
.
..
.
.
P wo kurusengero yaje mumurima naho yitegereza umurima w'imboga yaragiye kuvomera(kuhira)
Ati"aha ndaharangiz koko!Ariko ntakundi ngomba kubikora"
Atangira akazi.
.
..
.
.
Murwo rwokugira dusobanukirwe,reka umwana p wa dany tumwite #p1 naho uwo kwapadiri tumwite #p2
Sasa p1 avanye nase muri park aho bari batembereye,
Gusa mumodoka p1 ntiyishimye
Dany"Ntabwo wishimye?"
P1"oya papa!"
Dany"ariko nabibonye! Ariko ntugire ikibazo ndakujana muri film"
P1"nibyo papa?Mbega ukuntu nishimye"
.
..
.
.
Uri kuvomera we uburuhe bumaze kumufata aricara,
Ako kanya humvikanye umwana usakuza usaba ubufasha yihutira kujya kureba!!
.
..
.
.
Chris weyageze murugo yakirwa neza gusa bagenzi alicia amaze gukurirwa.
Chania"papa watashe?Papa nabonye umuvandimwe ari gukora wenyine kandi papa yarananiwe"
Alicia"chr wibirandiraho zari inzozi"
Chania"oya mama nabibonye"
Chris"yego wabibonye mwana wa!
Gusa turindire gato tuzamubona"
.
..
.
.
P2 we uko yakirutse kureba yasanze ari umwana uri mukigeri cye uri kwirukanswa n'imbwa !!
Nawe ahita afata igiti yiruka kumbwa arangije atera injugujugu igiti gikubita imbwa kumaguru irarwa!!
Imbwa yabonye bitari bworohe ivahasi...
Akana"urakoze kuntabara"
P2"ntacyo bitwaye gufashanya .
Kubera iki wizanye mwiri shyamba?"
Akana"nari 
 nazananye n'ababyeyi banjye.
Nitwa #cynthia twaba inshuti ?"
P2 abanza gutekereza atari yasubiza ababyeyi ba cynthia bahise bahagera baramutwara basiga p2 wenyine !!
.
..
.
.
Tukugarukire kuri p1 na danny,
Sasa aho ibintu bihurira danny yarazinanye na chris ndetse mbere y'uko ataha yanyuze kwa chris,
Barabakiriye...
.
..
.
.
P2 yigarukiye kukazi ke akomeza kuhira imboga...
.
..
.
.
Danny na chris,
Danny"ibyo leta ishaka gukora bishobora kuzagira ingaruka kubiremwa muntu.
Kuki tutayihagarika?"
Chris"nanjye narabitekereje ariko kubera ko bizajya bikora igihe ari ngombwa nahisemo kubireka"
Danny"nubundi Ntawabarwanya ariko nanone ntawabishira amakenga"
.
..
.
.
Kuri p2 akuhira imboga hari amajwi yatangiye kumva hafi aho ,
Akurikira aho amajwi ari kuva..
Uko yakagiye yahise ataka cyane!!!.....LOADING EP 3
.
.
ABAYE IKI?
KURIKIRA TURACYARI KUNTANGO NTAMPAMVU ZO KWIRUSHA WIBAZA BYINSHI

0 Comments