LOVE AFTER WAR E68

 

STAY WAITING
Episode 68
_________
Ep 67 yarangiye pauline hari icyo yaragiye kumubwira ariko bakabatandukanya atakintu aravuga.
Dukomeze...
.
..
.
.
Bop mukumujyana  yarababaye usibye ko ntakindi yari bukore .
.
..
.
.
Brian we nk'umuntu ushaka kugira icyo ageraho yatashe murugo ameze nkaho budakwiye,
Lathifa"wahozehe brian?"
Brian"nahoze gutembera n'ishuti (inyange)"
Lathifa"uzi ibiri kuba mugihugu?"
Brian"eka da!Ni ibiki?"
.
..
.
.
Bop we nubwo bamuvanye impande ya pauline,
Nk'umuntu utekereza hari icyo yakotse,
Ati"byanze bikunze hari ikitameze neza.
Pauline tubonane dute?"
.
..
.
.
Ubwo Colonel nawe yari amaze kumenya ko pauline yafashwe ndetse arangije no gucura umuryango we ahubwo yerekeje munyanja mukigo cye.
.
..
.
.
Bidatinze amasaha yarisunitse buragenda buragoroba,
Pauline muri gereza hari uwaturutse hejuru muri plafond akorokera indani,bop
Pauline"aha uhageze ute?"
Bop"ibyo ntubimbaze ahubwo mbwira,raissa arihehe?"
Pauline"bop ntakintu nakubwira kuko uramutse urakaye
 urakaye byakwangiza byinshi "
Bop"humura magic power yanjye nsigaye nyikontorora kuburyo ikora ari uko mbishatse"
Pauline"raissa ubu tuvugana bamaze no kumushingura"
Bop yanze bubyumva ati"uravugisha ukuri!?"
Pauline"nabyiboneye n'amaso yanjye akororwa kuri etage hejuru"
Bop "ninde wabikoze ibyo?"
Akijya kuvuga abarinzi baratambutse pauline amusunika ngo acike ariko aranga,
Ati"sinagenda ntamenye uwatumye raissa apfa"
Pauline"oya bop cika batagufata ugapfa"
Abarinzi bakomeje gusatira bop aremera aracika gusa ntiyaranyuzwe.
.
..
.
.
Barakwereka mugitondo cyakare pauline yagombwa kumanikwa kuko yari yagambanye.
Bazindutse bamufata bamujyana kukarubanda.
.
..
.
.
Muri ako kanya bop yararimo gutekereza uburyo yakizamo pauline gusa ntibyari byoroshe.
.
..
.
.
Raissa we mucyaro yaje kwegera keilla wasa n'utakigira intekerezo ,
Raissa"wigeze wumvaho igisimba bita igisizimwe?"
Keilla"nahoraga ndacumva mumigani ariko ntabwo cigeze kibaho"
Raissa"kuki wizera ko kitigeze kibaho?"
Keilla"kuberak

mumigani bavuga ko cyashoboraga kumira inka yose kandi bitajya bibaho"
Raissa"buriya rero muri iyi misi hari ibisigaye biba ukabifata nk'imigani kugirango udahungabana"
Keilla"ushaka kuvuga iki?"
.
..
.
.
Pauline nawe bari bamaze kumuzamura
Colonel"nkuko nabibabwiye uwuzajya agambana wese uko bizajya Birangira ni ukumanikwa bose babireba"
Barazamura bamwambika umugozi batari basunura agatebe ahagazeho umugozi waciwe nakuma gahita gasubira kuri nyirako,
Bop mwenyewe!!!
.
..
.
.
Kuruhande
Keilla"hari ibyindenga kamere"
Raissa"wakwemera ko umukobwa yamenya kurwana ndetse akanasimbuka kurenza n'abagabo?"
Keilla"ibyo byashoboka se?"
Raissa"reba hano witonze !!"
.
..
.
.
Muri indiano,
Bop"nyakubahwa colonel,ibyo urabikora kubera iki?"
Colonel"ni umugambanyi kandi nawe uzi ibikwiye umugambanyi"
Bop"uwo nguwo ni umukunzi wanjye ,kumuhana koresha ikindi gihano"
Colonel yarumiwe gusa!!
.
..
.
.
Tuze kuri isabelle aho yinjiye mucyumba iwabo ahasanga umwirmgi gusa twe tuwuzi ni umwe
Ni umwe angelique yahabwa n'umupfumu wareze bop(mwibuke muri ep 44).
Nkuko abana bamera yarawuvugije nyina hanze arabyumva ahita yinjira munzu byihuse amukubita urushi aranawumwaka!!
.
..
.
.
Mucyaro keilla yatunguwe no kubona raissa ari ingurutsi y'umukobwa.
Keilla"ibyo ubikoze ute?"
Raissa"ntakintu bisaba uretse kwitoza,gusa hari nabo usanga ari mvukanwa"
Keilla"jye hari umusore nigeze gukundaho gusa kumumumenya byankururiye imyaku kuburyo naje gusanga atari umuntu ahubwo ari igisigo"
Raissa"byagenze bite?"
Keilla"bihuye nibyo rwawe kuko nawe yaguruka nkuko usibye ko we akurenzeho"
.
..
.
.
Colonel mukumva ko pauline ari umukunzi wa bop,
Colonel"raissa ntiwigeze umukunda?"
Bop"habe nagato ahubwo uwo nakunze ni pauline gusa sinashimye kubigaragaza kuko nigeze kubihanirwa(mwibuke ep 55 ,inkovu afite mumugongo we)"
Ntakindi colonel yari kurenzaho usibye kureka pauline akegera umukunzi we,
Bop ntamikino yahise amusoma kumugaragaro!!....LOADING EPISODE 69.
.
Umusore arabemeje kabisa!!

0 Comments