LOVE AFTER WAR E69

 

STAY WAITING
Episode 69
_________
Ep 68 yarangiye umusore bop yemeje colonel ko umukobwa akunda ari pauline wari ugiye kumanikwa.
Kuki yari abikoze?
Kurikira...
.
..
.
.
Akirangiza kumusoma berekeye munzu maze leuis yihengekana colonel,
Leuis"kuki ukoze ibyo?"
Colonel"bop mutegerejeho byinshi ntampamvu zokumugora"
Leuis"ariko ni ukwisenyera"
Colonel"oya kuko we atakintu azi ahubwo bimpaye inzira nzinza yo kwica raissa atakintu nikanga"
.
..
.
.
Kuruhande rwa pauline na bop,
Pauline"kuki ukoze ibi?"
Bop"kwari ukugira ngukize kandi ntabundi buryo narigukoresha kuko uramutse ubuze sinazabona byibuze igituro cy'uwantwaye umutima"
Pauline"wibeshe kuko atakuntu twava ahangaha"
Bop"bindekere"
.
..
.
.
Mumugi,
Lathifa"mwana wanjye so afite ibibazo bituma nsigaye mbona atakiba aha,none nawe ugiye kubikora uko?"
Brian"mama jyewe nkunda kwigenga ,ntukanzane muri politique"
Lathifa"wumva usubije ibyo navuze?"
.
..
.
.
Mucyaro ,
Raissa"ibyo ntibigukange kuko bibaho ahubwo wakagombye kumwegera
Kumushaka ukamubaza neza impamvu ameze uko"
Keilla"nkihamagarira brian?"
Raissa"ese ni brian?"
.
..
.
.
Muri indiano ,
Bop"wowe ngukeneyeho byinshi"
Pauline"bijanye niki?"
Bop"ndashaka ko tujyana kuri mission ngiye kujyaho"
Pauline"iyihe mission?"
.
..
.
.
Colonel we hari ahandi yaje,
Colonel"akazi kageze he?"
Leuis"imyambaro iramaze gutegurwa usibye ko control ariyo igishirwamo"
Colonel ahita atambuka afata telephone yari kumeza arakanda.
Agikanda hari ibyuma byahise bimwambara wese!!
Ati"akazi keza musore!"
Leuis"murakoze nyakubahwa"
.
..
.
.
Tukugarukire kuri brian mumugi,
Ari kuri phone ati"ndagirango duhure umpe amakuru arenze"
Raissa"ntakibazo "
.
..
.
.
Kumbe uko avuga kuri phone leta iri gukurura amajwi ya buri telephone,
Ako kanya mission yahawe monia yo kuja gushaka abo bantu bapanga guhura.
.
..
.
.
Brian nk'umuntu uzi ubwenge yahise afata phone ayishira muri byabidobo batamwo imicafu kumihanda arangije aragenda!
.
..
.
.
Muri indiano,
Colonel"ndabona hasigaye 
igihe gito yve nkamushira hasi"
Leuis"nibyo gusa ndabona hakwiye gukorwa umupangu ukomeye kugira hatazagira icyangirika"
Colonel"ibyo ndaza kubyitaho.
Ahubwo shaka abasore atari ba black devils bajye gushaka raissa"
.
..
.
.
Bop we yazanye pauline munyubako yararimo gucuriramo,
Bop"kuva kera wamye uri umuhanga muri science ,none ndagirango izi ntwaro ndimo ngerageza gukora umfashe ko ziva munzozi zikabaho"
Pauline"bop witegura gukora iki?"
Bop atangira kumwiganira burikimwe ati"byose byatangiye ubwo abazungu bari barifatiye umwirabura,ubwo haje kuvuka abana binyanga mugayo nka #yve, #Theos , #dyne, #lathifa mbese na #innocent ariwe data umbyara..."
.
..
.
.
Bidatinze brian yahuye na raissa muri ryashamba yakundaga ,
Brian"ndashaka umpe ya video"
Raissa"video ndayiguhereza ariko witonde hatagira uwo wizera "
Kumbe kuruhande monia yarabibonaga byose ndetse n'amafoto yarayafashe!!
.
..
.
.
Muri indiano,
Bop "uwo waciwe umutwe yitwa umugambanyi niwe nshaka kuba nahorera ndetse nkanahorera na
Raissa "
Pauline"urumva uzabigeraho?"
Bop"nzayigeraho kandi uzanyitambika wese azabigenderamo"
Pauline"ndagufasha"
Bakorana muntoki !!!
.
..
.
.
Brian akimara kuronka memory card igaragaza amakuru yerekeye colonel barasezeranye brian ajya ukwe maze monia akurikira raissa.
.
..
.
.
Raissa agenda yahuye na onia ahita amurasa urushinge arasinzira arangije araza aramuterura aramujyana!!
.
..
.
.
Nyuma y'akanya gato brian yaje kuri studio imwe kugira amashusho bayakore bayashire kuri cd.
Atari yajya kure police yaramwinjiriye bavuga baramutambikanye.
.
..
.
.
Ako kanya umwami nawe yarageraga,
Yve"munyereke uwo mugambanyi mwiyicire"
Frank arebana na monia ariko bakomeza  mucyumba .
Frank"aha niho hafungiye umugambanyi!"
Barinjira!!!!......LOADING EPISODE 70.
.
Umwami aritwara ate nasanga umugambanyi ari umuhungu we?

0 Comments