LOVE AFTER WAR E14

 1000 TIMES LOVE

Episode 14
Writer @[100010101816820:0]
Whatsapp +255757074593
____________________________
Episode 13 Yarangiye Jade arangije guhana abajinga bari bihaye kubagirira nabi we na Angela mugabo nyuma yijwi rya Angela amuhamagaye bigateza ikibazo mubwonko bwe ndetse amaso ye ahindura isura agaragara nka Camera,
Ese koko niki bakoze Jade mumyaka 10 Yamaze muri Coma,
Gusa kandi mwibuke Aha twasubiye inyuma ntitwari twagaruka aho story yatangiriye.
Reka dukomeze na Story yacu tureke abajinga bashishura Barangiza bakiyita abakomeye,
GUSA NYINE UBUNDI NABO UBWABO BARAZI KO MBARENZE KUKO IYO BABASHIMIYE NGO BAZI GUKORA BAMENYA KO BASHIMIYE NGEWE APANA BO.
Yess nibakomeze...
.
.
.
.
Uyu musi reka dutangirire i burundi muri station ya Police,
Abajinga bazanwe basinze babataye mukasho gusa harimo nawamusirikare uhiga bukware Jade ngo ahorere murumuna we, 
Bumaze kwira yahise abyuka mubandi aza kurugi rwakasho Akoresha imfunguzo za pirate afungura umuryango arangije arasohoka ahita yongera arugara,
Ahita agenda acungana n'Abarinzi arangije agera kuri machine ibitse amanga ya police yose arinjira ariko asangamo password, 
Kumenya ko umusirikare aba ari danger yari yazanye Ka password detector kamufasha gukuramo paassword,
Yakuyemo password arangije yinjira mumakuru ahita atangira gushakamo dossier ijyanye n'Urupfu rwa Murumuna we.
.
.
.
.
Tuze Dar Es Salam,
Uko amaso ya Jade yagahinduye isura ubwo nyene yahise atakaza vision ahinduka impumyi amaso ntiyongera kubona ahubwo atangira gutaka cyane,
Angela abibonye ahita amufata akaboko imodoka yabari bamuherekeje yari imaze kuhagera igaruka bahita binjira mumodoka bacaho police ihagera isanga imirambo n'Imodoka yaturitse irashya irakongoka na uwabikoze jade yaciyeho kare !!
.
.
.
.
Reka tuze muri AutoCycle company,
Sasa umusaza nyuma yo kumurika product ye, 
yaje kureba sandra ( Abazi #The_Kingdom murayizi ) 
Umusaza"Sandra,Munyihanganire gutinda hari akazi nagombaga kwitaho kwanxa.Gusa nibaze ko witaweho bihagije ntari nahagera"
Sandra"Ntakibazo musaza Erega nagombaga kugutegereza"
Umusaza"Hanyuma se uragenzwa N'Amaki ko wari warapoteye ?"
Sandra"Niya Product yanjye yagize ikibazo mbura control yayo "
Umusaxa"Oh pole sana gusa AutoCycle ntabwo ikekeranya mukazi kayo iragufasha"
ESE IYI PRODUCT NI IYIHE ?"
Sandra"Mumyaka ishize hari...."
Sasa uko abivuga reka tubirebe rtwebwe,
Wamusi Jade amanikwa azira icyaha cyo kwixa umusaza wari ukomeye mubucuruzi (Se wa Angela) Yajanwe muri Morgue ariko nyuma umurambo uza kwibwa basigamo undi murambo maze uwa jade urajyanwa,
Sasa kujyanwa mwibuke we hari imiti yari yahawe umugaragaza nkuwapfuye ariko atapfuye gusa bivuze ngo umugozi wamumanitse ntiwagira icyo umukora,
.
.
.
.
Nyuma y'Umurambo kwibwa wazanwe muri AutoCycle kuvurirwaho aho yazanwe mubwihisho,
Impamvu yahazanwe ni uko Sandra yari umukobwa wa mushuti w'Urongoye Autocycle company, 
Bamwitayeho ariko nyuma y'Imyaka 9 Aza kugaragaxa ko atabona, kumbe wamugozi bamumanikaho wari wamwishe vision Yamaso atabona,
Sandra ntkindi yakoze yahise asaba ko bamukorera amaso yandi nkimashini,
Nabo bamusubiza ko bishoboka ariko ko aribube Human Machine (Igice umuntu ikindi i machini) Ariko control izaba ifitwe nawe, 
Sandra yahise abyemera arangije arasinya,
jade yahise akorerwa operation bamukuramo amaso ya kimuntu bashiramo robot ndetse Sandra ahita ahabwa Nayasaha yamufasha kumukontorora ndetse no kumenya location arimo !!
.
.
.
.
Nyuma ya sandra kwigana ikibazo cye bahise baza kuba doctor bakomeye ndetse akaba ari nabo bari bamushizemo amaso ya robot,
Bahise baja kuri Ecran batangira gusakisha file ye na Bahita babona Jade aho ari ko ari guhangana, 
Icyo gihe nibwo amaso bayaximya ndetse akaba ari nabwo jade aho arikumwe na Angela yahise atakaza vision.agatangira gusakuza ndetse ababara cyane!!
.
.
.
.
Kuri Angela bageze murugo bava mumoda binjira munzu ariko jade we ugutaka nikwose,
Ubona ko Angela ari umukire abadoctor bakomeye bahise bahagera, 
Jade bamutera urushinge arasinzira baxana utwuma tumeze nkamatorche bamumurika mumaso, 
Angela"Ameze ate ?"
Dr"Ntabwo nahuta menya ikibazo afite ahubwo akeneye kunyuza muri x Ray kuko ukuntu umubiri we uteye n'Uburyo umutima we utera ntibisanzwe"
Angela"Mubinyarutse byihuse"
.
.
.
Muri Autocycle uko Bakajimije Jade bashatse gukurura location byaranze,
Sandra"Ibyo niki bibaye ?"
Dr"Bigaragara ko CPU yangiritse kuburyo kumukontorora ari kure cyane bitashoboka"
Sandra"Kure cyane ?hangana gute ?"
Dr"Biragaragara ko Ari mukindi gihugu atari iki"
Sandra"subizaho amaso ye ndebe ibyo ari kureba wasanga menya ahantu ari nkurikije ibyo ari kubona""
Dr ahita atangira kwinjira muri System maze agera #ACTIVATE_SPECIAL_EYES bitangira kuloadinga.......LOADING EP 15.
.
.
.
ESE NAMENYAAHO ARI ANGELA BIRAZA KUMURWA NEZA ?

0 Comments