Kelly S3 Episode 2

 KELLY 3(amateka y'ababyeyi murukundo rw'abana)

Part 2
______
Part 1 yarangiye Janne atumyeho Patrick ngo bahurire kuri paradie....
.
.
.
Duhere kwishuri rimwe mumasaha ya pause... Jacques yicaranye n'undi mukobwa, #Bernice"wowe wumvise iriya maths?" Jacques"yego,uzi ukuntu byoroshe!" Bernice"jye hariya numvaga nakisohokera nkabura aho nca" Jacques"ariko nawe ntiwanga maths ngo usigaze!Wagirango ntuzi ko ariyo ikora cyane mubuzima"
Bernice"jye rero sinyikunda"
.
.
.
Patrick we yarashize ahura na Janne kuri paradie,
Ni ahantu hatuje,habereye ijisho.
Patrick ahageze yarebye ruguru,areba epfo abona abahari bose ni couple ntawuraba undi ahubwo umwe wese  yitaye kuri mugenzi we.
Janne aho yicaye hitaruye abandi ahita amurembuza.
Patrick"janne aha hantu wahamenye ute ko jewe aribwo nahamenya?"
Janne"wahabonye?Aha niho hakwiye umusore nkawe!!
Ngaho mpobera ureke gusamara"
Sibwo bahoberanye....
.
.
.
Reka tunyarukire mountain village,
Sabine"mama kuki ntabona?"
Nancy"mwana wanjye ibyo sinabimenya
hari wasanga ari umugambi w'Imana"
Sabine"mama data abahe ko atari yigera aza?Yarapfuye?"
Nancy"so ntiyapfuye kandi aho ari hose aragukunda kandi ni n'umupapa mwiza"
Sabine"uzanjyane byibuze numve ijwi rye nubwo ntamubona"
.
.
.
Tugaruke kuri patrick,
Patrick"ejo ndahafata kuko kwitegura naraye mbirangije"
Janne"sha nukuri nzagukumbura,gusa nashakaga kukubwira ko...."
Patrick"iki?"
Janne"patrick ugiye ntabivuze nazagwara,
Patrick NDAGUKUNDA"
Patrick yitsa itima!!
Janne"patrick niki ko utavuga?Nyumva nibyo ndagukunda kandi maze igihe mbitekereza"
Patrick"janne...."
Atari yavuga kukazi baramuhamagaye kuri phone....
Arangije ati"kukazi baranshaka"
Ahita acaho ntakindi avuze.
.
Iyi film ushobora kuronka parts zikurikira,cangwa filmz 2 zayibanjirije(1&2)
Ubaye uyishaka wanyandikira aha @[100010101816820:0]
.
.
.
Bwarongeye burira natwe duhita tunyarukira muri mountain village,
Sabine nubwo atabona
ubuzi bumwe nko kwoza amasahani arabikora afatikanije na gasaza ke blaise.
Blaise"sabine ,
uzi uburyo twatsinze kumupira?
Twabakinye barumirwa!"
Sabine"reka ye,ubwo se nanjye wantsinda dukinye katombora(kakandi umuntu anyegeza amaboko inyuma akayagarura akubaza ngo utombore ahari akabuye wahatora nawe ugakina ariko byanga akaba agutsinze)?"
Blaise "nagutsinda,uyu musi ndi umunyamahirwe"
Uko bavugana uko mama wabo nancy kuruhande yarabitegereza agashoka amarira!!!
.
.
.
Amasaha yaragiye arisunika buracya.
Patrick azinduka yitegura ngo yerekere,
Arasohoka ageze muri sallon akubitana na mama we yamuteguriye icyayi na Janne yahazindukiye,
Patrick"janne waraye aha?"
Janne"oya ntabwo naraye ahubwo nazindutse ngo nguherekeze nkugeze aho utegera"
Patrick"ugirango ndi butege ko bampaye imodoka yanjye.,."
Jesca"va myibyo ahubwo egera mufate akayi"
.
.
.
Mucyaro ho sabine n'agatoyi ke barimo kuva kuvoma,
Sabine yikoreye akadobo naho blaise atengase utuvido tubiri.
Baragenda baganira,
Blaise"mukuru wanjye ninkura nkarangiza kwiga nzakuvuza ubone"
Sabine araseka ati"nibyo?"
Blaise"ko useka se
 ugira ntuzakira?"
Sabine"wapi sha blaise sibyo nsetse,ahubwo nibutse ejo uburyo nagutsinze wiyemera"
Blaise"aah!Dupfa ko ukunda kundurira"
.
.
.
Patrick we yamaze kuva  murugo turi kumubona mumuhanda atwaye imodoka mbese yamaze gusiga umugi yinjiye imisozi.
.
.
.
Sabine na blaise bo bashikanye amazi basanze mama wabo ameze nabi cyane,
Sibwo bahuruje ababanyi bagaterura bakajyana kwamuganga!!......LOADING PART 3.
.
Part 3 iraboneka ari uko comments 200 zuzuye,shiraho rwawe iboneke kare.

0 Comments