LOVE AFTER WAR E75


STAY WAITING
Episode 75
________
Ep 74 yarangiye bop arenze amabwiriza agaca ibarwa yagombaga gusoma mugihe biri ngombwa(yashobewe).
Byakoneje bite?
Kurikira...
.
..
.
.
Agifungura ibarwa yasanze indani harimo indi barwa,
Agiye kuyica nayo hari ibyo yibutse bari kwiga mwarimu ababwira ati"buri gihe kubaha amabwiriza nicyo cyambere kuko haba hari impamvu ayo mabwiriza yashizweho"
Akimara kwibuka ibyo yahise areka yongera kubika ibarwa ,afungura inzimano arangije araryama.
.
..
.
.
Bidatinze bwarakeye,
Raissa yitaba umwami nk'uko byari bigitegekanije
Yve"mukobwa muto ndagirango umpe amakuru yose uzi kukigo wahozemo.
Kigamije iki?"
Raissa atangira kwigana burikimwe azi gusa bagenzi na dan yarari aho ,kandi kuba ari aho byatumye colonel nawe akurikirana ikiganiro.
.
..
.
.
Bop we yari yabukereye afata urugendo muri ryashyamba gusa kuri iyi nshuro ntagenda n'amaguru ahubwo yari yacuze ibirato bimuzamura akagira hejuru nk'indege.
.
..
.
.
Uko yakagaragaye mwishamba za nyamaswa za franck
zaramubonye bituma afande jonas yohereza ingabo kumufata.
Bitanze yageze kuri wamuhanda ibirato bizaho amapine agenderaho...
.
..
.
.
I bwami,
Raissa"sinavuga ngo ikigo giherereye aha kuko uriyo ntacyuma cyaho gisohora amajwi cge amashusho.
Kuba video yagiye ndumva ntakindi cyakorwa"
Bose babuze icyo barenzaho,
Brian avanayo twadufoto ashira kumeza ati"harya raissa wigeze kumbwira ko uyu  umusore bop mwajyaniwe rimwe muri icyo kigo atahinduwe.
Ntitwamukoresha tukamenya aho ikigo giherereye"(mwibuke raissa atubitsa brian bari muri gereza)
Monia kuruhande yarikanze abonye utwo dufoto ubanza asanzwe azi bop,
Raissa"umuntu abaye yamubonye ,gusa ikibabaje ni uko colonel yaba yaramusubijeyo"
Monia"nyakubahwa ndumva hakoreshwa za nyamaswa ndetse na satellite mpaka tuvumbuye ahantu umugabo yihishe"
.
..
.
.
Uko bapanga ibyo hari uwo agatwenge kishe,colonel !!!
Ati"murakeka ibi mbiteguye umwaka umwe?Ba muretse vuba ndabereka ko mbarenze"
.
..
.
.
Bop ageze aho areba  umugi hakurya yahubiranye n'ingabo ziti manika.
Nawe ntiyagorana aramanika.
Akirangiza kumanika hahise humvikana amasasu meshi !!
.
..
.
.
Murugo kwa luc,
Angelique"ubanguke ntakererwa dore bumaze guca"
Isabelle"ntakibazo mamy,ntuzi ko atakinsamaza"
Angelique"oya nabivugira ko umaze kuba inkumi ,ntiwishinge imisore ngo untinze"
Isabelle"humura rero ntabanyirukaho"
Angelique"ntabagusuhuza?"
Isabelle"ariko mamy nawe!Wambujije gutinda none uri kuntinza ntari nava naha"
Ahita agenda...
.
..
.
.
Tukugarukire kuri bop,
Abasirikare bose bari bamufashe ni uturambo Kandi afite imbunda 2 mumaboko ye.
Arazihuha ati"uzanyitambika wese nuko bizajya bigenda! "
Arikomereza...
.
..
.
.
Monia na raissa baje gutaha,
Munzira bagenda.
Monia"ziriya foto brian yerekanye niwe wazimahaye?"
Raissa"yego ningewe,uriya musore twarikumwe niwe musore nakunze ninawe papa w'umwana ntwite ndetse ninawe wadufasha kurwanya colonel"
Monia"harya ngo yitwa nde?"
Raissa"yitwa bop"
Monia yahise amwibuka igihe kimwe bakiri bato ubwo bamwigenzaho .
Akabazamura hejuru
akoresheje magic power na monia yararimo "(Mwibuk muri ep 42 ubwo abandi bana bamuzira bamwita umwana w'umurozi)
Akirangiza kubyibuka yahise avanayo kagafoto yahoranaga asanga neza gasa nako raissa afite!
Ntakindi cyakurikiyeho yahise aparika imodoka ati"#Umuhire_Raissa mushiki wanjye!ntibishoboka"
.
..
.
Isabelle mumodoka agenda hari uwo nyazeho asa numumeoye asubiza inyuma.
Kumbe yari bop wageze mumugi ...
Isabelle"bop niwowe ?Uranyibuka? "
Bop"oya ,ndumva ntaho nkuzi"
Isabelle "wakinjiye mumodoka tukajyana?"
Bop"ariko ntabwo aho ngiye ari kure"
Isabelle"ahariho hose ndahakugeza"
Bop ariyumvira arangije aremera baragenda!!
.
..
.
Munzira bagenda bari kuganira hari accident yavutse imodoka zitangira kwirengana!!
Ako kanya hari iyazamutse iza kubarwaho
Bop"gabanya amagambo situation irahindutse "
Isabelle"kubera iki se?"
Bop"reba hejuru yawe"
Isabell mukureba hejuru ye yabonye yamodoka yamaze kubageraho arasakuza cyane arangije araceceka natwe twumva imodoka zisekana n'izindi...LOADING EP 76.
.
Habaye iki?

0 Comments