THE NEW WORLD S01E30


THE NEW WORLD OF 2050
Episode 30
________
Ep 29 yarangiye ciara amenye ko alicia yajanye naba chris bimutera ikibazo.
Byagenze bite?
.
..
.
.
Ciara yanze kugira ibyo agaragaza ahubwo asubira munzu,
Mukuhagera yasanze agapapuro kumeza aragatora
Handitseho hati"ciara umbabarire kugenda ntagusezeye nuko utajyaga kwemera gusigara ,ariko kimwe wumve ko ntagusize ahubwo nzakugarukira"
Koko yari amagambo meza ahumuriza gusa ciara we ubanza atarabyizeye  kuko yahise ashoka amarira arinako amenyuramo gake kandi koko nimugihe   kuko chris yaramaze kujana na alicia kandi nawe ubwe yari yiyumviye neza ko amukunda kandi bikaba byarumvikanaga ko mugihe runaka bazamarana kuri mission yashobora kuzamwigarurira ariko nyamara umutima ukunda ntabwo ubesha!!
.
..
.
.
Chris na bagenzi be bari bamaze kugera kwisi tayari bari mwishamba bagenda baganira
Claude"ubanza keing ntazamuronka akaryo!
Sha ivyo yankoreye.
Nzamurya ari muzima"
Chris"wikibesha kuko wenda nawe siwe ahubwo inkomokoyabyose ni papa alicia"
 Alicia"niba munkunda mutongera kuvuga ko uriya muhemu ari papa kuko ngewe sinavuka kumumenja nkuriya"
Dark"humura twakinaga kugira urugendo rubashe kwisunika bitavunanye"
Bose baraseka !!!
.
..
.
.
Hakuno imana nayo itumye s1 ,s2 nicolas kandi kuri mission ihuye n'iyaba chris!
Ahongaho mutambaza uko bizagenda umusi bakubitanye gusa kimwe nuko twe tuzaba turi kunguka!!
.
..
.
.
Imana y'isi yo yari yasigaranye na keing
Imana"ndabona vuba nzigaragaza isura ubundi gatangire neza"
Keing"turagutegereje nyagasani"
Imana"maze umukobwa wange n'abandi bangwanya nzarebe aho bagera"
.
..
.
.
Padiri we aho yibereye akomeje gusenga ntakindi,
Hagataho ciara yarinjiye ati"nari nitabye padi"
Padiri arahindukira ati"hmmuu!ndabona unaziye igihe.
Hanyuma icyo nagutumiyeho ni ukugira ubashe gufatana umwanya nange mumasengesho gutyo ubashe koga icaha waraye ukoze"
Ciara yarebye hasi ubanza mujoro ryakeye hari ico bari bakoranye na chris !!
.
..
.
.
Chris na bagenzi be bageze kumarembo y'umusozi bagira

 aho bikinga(mwibuke hararindwa)
Sasa chris "kumuryango hari abarinzi 4,gusa hejuru yabo hari abandi 2.
So ge na alicia turi bunyure kumuryango neza mugihe claude wanyuze iburyo na dark yanyuze i bumoso bari bube barangije akazi"
Dark"nibyo kabisa"
Chris"mwibuke ntagusiga umuntu muzima!"
Sibwo umwe wese anyuzahe nk'uko chris yabipanze!!
.
..
.
.
Inyuma gato hari batatu bari hafi nabo kugera kumusozi ba chris batatse!
Biragenda bite nibahahurira?
Komeza mukurikire...
.
..
.
.
Ciara tayari yari yarangije gutangira amasengesho na padiri...
Gusa mumutwe we hari intambara yatangiye kubona ,abantu bapfa kubwinshi atanutabara uhari,inzuzi zarakaye ,ibiti bisigaye bimira abantu,izuba hejuru riri kurungika umuriro kwisi.
N'ubwoba bwinshi yahise akanura !!!
.
..
.
.
Dark uruhande rwe yarangije abarinzi,claude uko ndetse na alicia ,chris nabo bahitanye abari kumuryango,
Chris"alicia ndabona uri umuhanga mukurasa"
Alicia"nawe!Erega nigeze kuba umupolici mwiza cyane"
Dark"reka namwe kuzana imikino

 Imikino hakiri ibyo gukora"
Bakomezamo indani,..
.
..
.
.
Sasa ciara"padi ibi nibiki mbonye?"
Padiri"ayo niyo makuru agiye kuzahura n'isi"
Ciara"na chris azaba arimo?"
Padiri"komeza ahubwo wimbaza"
___
NSHUTI URI GUSOMA IYI STORY NDAGIRANGO WUMVE KO URUKUNDO ARI IKINTU KIDAKWIYE GUKINISHWA.
URUGERO:CIARA ARENZE IGITIGIRI C'ABAZAPFA ABAZA CHRIS,
URAKEKA ABITEWE NIKI?
JEWE NYIRUKWANDIKA NDI INGARAGU GUSA ABAGIRIWE UBUNTU MUKARONKA ABAKUNZI MUTANGIRE MUBITEHO.
NDAVUGA SIMVURA !!
_____
.
..
.
.
Ba chris bamaze kugera indani mumusozi gusa bagenda bihisha kuko imana ya 2050 yari yamaze kuhashira uburinzi bukwiye!!
Chris"ahangaha muhandekere kuko ubumenyi mfite nibwo buri bubarangize"
Alicia"ariko ni benshi?"
Chris"humura"
Ako kanya chris yafashe pisto 2 azamuka hejuru arizunguza amanuka acurice arinako arasa bose aba abashize hasi mukanya nkako guhumbya!
Alicia yahise aza yiruka aramuhobera gusa kwa bahati mbaya inyuma yabo hari utari yapfuye ahita avanayo intwaro  arayibatunga ...
yooh!Haba chris cange ciara ntanumwe wigeze abirabukwa!!!
Ako kanya isasu ryarumvikanye!!!....LOADING EPISODE 31
.
Aho ntibabishe rugikubita(urugamba)?
COMMENT,LIKE NA SHARE NICYO GISUBIZO

0 Comments