NEW WOLRD OF 2050 SO1E09

 THE NEW WORLD OF 2050

EPISODE 9
_________
Ep8 yarangiye idusigiye amatsiko meshi n'ibibazo byinshi.
Ka dukomeze turebe icyo ep8 iduhishiye.
.
..
.
.
Muri KING inama irakomeje,
Nicolas"ndabona atakintu gisigaye ngo king ihindure amateka"
Uncle Bao"oya ntabwo twatangira kuko tutari twamara gukura intambamyi munzira"
Umugabo"nibyo koko ntabwo twatangira nino n'abandi bakiturwanya kandi nino akaba asanzwe atuziho byinshi"
 Dark"ariko uriya ntagoye kuko kumugeraho byoroshe"
Umugabo"ngaho mugende mumuvane munzira n'abandi"
Barasohoka!!!
.
..
.
.
Tukuzire kuri Ciara muri club imwe,
Arikwifatira agacupa kandi yiturije ntankomanzi,
Nk'uko mutubari bimera hari abasore baje batangira kumwigenzaho arinako bamukorakora nawe abiyama ariko ntibumve!!
.
..
.
.
Chris we yari yatangiye akazi kuburinzi gusa kuri iyi nshuro alicia aricaye nawe amuhagaze iruhande,
Alicia"wambwira kahise kawe neza?"
Chris"nabikora rwose madam"
Alicia"ngaho tangira"
Chris"navukiye..."
Atari yakomeza isaha yambaye irasona
Ati"sorry gato madam"
Asohoka yiruka!!
.
..
.
.
Mukabari ciara byaramurenze arahaguruka ngo abahunge baramwangira!!
Gusa turebye kuruhande turahabona undi musore uri kwifatira kamwe gusa utishimiye nagato ibyo ciara yarimo gukorerwa!!
.
..
.
.
Ciara abonye bimurenze yafashe icupa arikubita  umwe maze batangira kumukubita,
Wamusore abonye bikomeye yarahagurutse atari yavuga hari uwivanze atikagura babasore bose,
Ntawundi usibye chris,
Ati"mwese mubure,haragira uwongera kuyubira kumukobwa ni umupfu"
.
..
.
.
Ciara aregera ati"urakoze kuntabara"
Chris"kari akazi kanjye kandi ntabyinshi tuvugana ahubwo komeza Ufate neza alarm yawe"
Ahita yigendera!!
.
..
.
.
Tukuzire kuri Dark arikwitegura kujya kuri mission(kandi ntayindi usibye ubwicanyi)
uko yakarangije yahise yerekera !!
.
..
.
.
Chris kurusambo,
Alicia"wari ugiye he?
Chris"mfite ingwara y'uburakari,iyo iyi saha ivuze binsaba kujya kure y'abantu kugira bugabanuke"
Gusa nyamara aramubeshe kuko twe tuzi aho avuye
Alicia"sawa!Ushobora kujya kuruhuka dore buranije"
.
..
.
.
Nino we iwe ari kuri
Phone,
Ciara"uwo nabonye niwe murinzi wampaye?"
Nino"niwe rwose,wamushimye?"
Ciara"cyane papa uzi uburyo abangutse?Ge namwemeye"
Nino"uzamwubahe kandi ntukamubaze byinshi kuko aho uri hose ufite iyo alarm muzaba murikumwe"
Ciara"ego papa ,ariko se kuki wanze ko andinda turikumwe?"
Nino"oya sinabyanze nuko mbona ko ariho uba utekanye abantu bakubona ibusanzwe"
Ciara"oya papa ndamushaka hafi"
.
..
.
.
Nino uko yagahugiye kuri phone yari yinjiriwe n'umwicanyi dark mbese abarinzi batari bake amaze kubashira hasi!!
.
..
.
.
Alicia we arangije kurungika chris kuruhuka nawe yinjiye mucyumba cye akura imyenda,
Akirangiza chris yahise amwinjiriraho,
Alicia"nigute winjira udakomanze"
Chris"sorry madam,akazi kanjye ni ukukurinda.
None ndagirango mbashe kwestara camera buri hamwe mucyumba cyawe gutyo mbashe kukurinda bikwiye"
Alicia"chris aha hararinzwe,ntampamvu zo kugira undinde ninjoro"
Chris aba ararangije ati"ubu ushobora kuryama madam"
Arasohoka!!!
.
..
.
.
Dark nawe muri ako kanya yari amaze kugera kuri nino,
Dark"zana Flash iriho amabanga ya KING"
Nino"nta flash mfite kuko amabanga yayo akubiye mubwonko bwange"
Dark ahita afata phone agira uwo ahamagara
Ntawundi usibye nicolas
Ati"umugabo yanze kumpa flash.
Murangize?"
Nicolas"oya ahubwo muzane ndaza kukwereka icyo tumukoza"
.
..
.
.
Amasaha y'ijoro yakomeje kugenda yisunika ,
Gusa alicia we uko yakaryamye yaragiye arifukura asigara uko yaraye yambaye (asigarana izo ararana) maze umurinzi si ukumwitegereza ye!Ntanahumbya!
.
..
.
.
Kurundi ruhande muri iryo joro wamusore twabona kare muri club yahozemo ciara ari gufata intwaro ndetse anahisha isura gusa ntituzi aho agiye!!
.
..
.
.
Burya iyo umuntu ari kukwitegereza umwanya muremure nawe uhita ubyiyumvamo kabone nubwo waba usinziriye,
Na alicia niko byamugendekeye kuko yikanguye ahita yibuko ko hari camera iri kumureba!!
Ntakindi yakoze usibye kuyimena!!
Uko yakayimenye chris yabuze signal maze inzu yose amatara ahita azima!!!.....LOADING EPISODE 10
.
Ni iki kibaye?

0 Comments