LOVE AFTER WAR E52

 

STAY WAITING/LOVE AFTER WAR
Episode 52
_________
Ep 51 yarangiye bop aguye agacuho kumuhanda mugihe agaca kari gahawe mission yokumushaka ubutarariye.
Dukomeze....
.
..
.
.
Ako kanya hari imodoka yanyuze muri uwo muhanda,
Angelique n'umuryango we.
Angelique"mbega park iteye ukwayo!Nabera ni ubwambere nayigeramo"
#Isabelle"mama nukuri nanjye nishimye kuburyo utabyumva,papa wakoze kudusokana"
#luc"oya mwana wanjye kubasohokana ni inshingano zanjye uretse ko hamwe usanga akazi kantwara cyane"
Bakomeza kugenda baganira mbese na bop bamucaho batamubonye gusa ngo Imana imenya uwayo isabelle arabiye muri torvizeri hari icyo yabonye asaba ise gusubira inyuma.
.
..
.
.
Brian nyuma yokumva amagambo inyange imubwiye yayatekerejeho cyane bituma yigunga ariko kubera ko Frank yohereje inyamaswa zose kandi na brian akaba afite umuti muke muriwe abura umutima wogutaha.
Kumbe aho yicaye ni kunzira keilla yanyuragamo ajya kuvoma kandi arimo kuhanyura.
.
..
.
.
Isabelle yavuye mumodoka kureba icyo yikanze,
Ati"papa ni umuntu ni ukuri"
Ise
 nawe avayo,
Amukora kumubiri yumva ni muzima,arahamagara ariko ntiyitaba.
Ati"wasanga hari ikibazo yagize,banguka umfashe tumushire mumodoka"
Ako kanya bamushira mumodoka baramujyana.
.
..
.
.
Keilla nawe yabonye brian aramwegera,
Keilla"brian niwowe?"
Brian"keilla waramutse?"
Keilla"ejo ntiwigeze utaha?"
Brian"oya naraye aha"
Keilla"kubera iki?"
Brian"wimbaza!Ahubwo ngwino nguherekeze"
Keilla"ntakibazo..."
.
..
.
.
Mu bahari indiano,
Raissa yitabye colonel,
Colonel"ni kubera iki utagikurikira amasomo neza?"
Raissa"ariko ndagerageza nyakubahwa"
Colonel"humura bop ameze neza kandi vuba azagaruka"
Raissa"ngo ameze neza?"
Colonel azunguza umutwe amwemerera!!
.
..
.
.
Kumbe uwo bari kuvuga ko atakibazo afite bamugejeje kwamuganga ahubwo,
Amaserumu bamucomekaho abiri icyarimwe!!
.
..
.
.
Keilla na brian ku ruzi bahasanze abari kuhoga biba ngombwa ko bigira haruguru.
Mukwigira haruguru keilla yunamye kuvoma haruguru haturuka ingona iza imusatira!!
.
..
.
.
Kwamuganga,
Luc"jya
 jya murugo mutegure utuntu tworoshe twokumuhembura!"
Isabelle na nyina berekeza mu rugo..
.
..
.
.
Raissa we yavuye mubiro bya colonel yishimye,
Maze inshuti ye #pauline ati"akubwiye iki ko ugarutse wishimye?"
Raissa"ambwiye ko bop ameze neza"
Pauline"ubwo ntiwafashwe?"
Raissa"mfatwa niki?"
Pauline"na yangwara bavuze yizizira umuntu agata intekerezo ahubwo akagira ku izuwundi"
Raissa"iyo ngwara ntayo nzi ndetse ni nubwambere nyumvise"
Pauline"wagiye ureka kwigira igicucu,uyobewe ko urwaye urukundo?"
.
..
.
.
Ingona yo yakomeje gusatira keilla gusa itari yamushikira brian ahita ayibona aramukwega icakira ubusa!!
Keilla agira ubwoba yanga gusubira kuvoma maze brian amwaka ikivomesho aba ariwe uvoma arangije barazamuka.
.
..
.
.
Frank na jonas bo byabayobeye kuko bakiri kubona umuntu udasanzwe baraye barabutswe,
Frank"jye ndabona tutakwihererana ibi ahubwo dukwiye kubibwira umwami"
Jonas"oya ahubwo reka noherezeyo itsinda rimushake aho yihishe"
.
..
.
.
Kumbe bop akajisho karimo kagaruka


 Arimo anyiganza intoki,
arangije afungura n'amaso.,.
Mukuyafungura yarikanze ashaka kubyuka bwangu biranga ahubwo isabelle wari yinjiranye imfungurwa  ahita amubona,arabanguka aramwegura.
Bop kureba neza mubyo isabelle azanye yabonyemo amazi ahita ayaraha akubita kumunwa!!
.
..
.
.
Brian na keilla bataha inyange yaraje igwa kuri brian iramwongorera!
Brian"uravugisha ukuri?"
Inyange izunguza umutwe,
Maze brian ati"keilla,guma aha ndaje!"
Keilla"ugiye he?"
Brian"ntabwo arikure tegereza"
Ahita ava hasi yerekeza iy'ishamba!!
.
..
.
.
Bop uko yakanyoye amazi yabonye n'indya nazo araziraha atangira kurya neza nk'igisahuzi !!
Isabelle we aramwihorera..
Bidatinze atanuko arangije kurya yatangiye gutaka asakuza cyane isabelle biramucanga!!.....LOADING EPISODE 53.
.
Abaye iki?
Brian we abwiwe iki?
Kwakundi tugakomeza..


0 Comments