LOVE AFTER WAR E51

 

STAY WAITING/LOVE AFTER WAR
Episode 51
_____________
Ep 50 yarangiye hari intare isatirye Bop .
Yaramuriye cyangwa?.
Dukomeze..
.
..
 ..
.
Uko intare yakamusatiriye nawe yiteguye guhangana nayo,
Gusa intare yo aho kumufata yamuciyeho yiruka!!
Kumbe yari igiye gutabara umwana wayo wari afashwe n'ibyatsi.
Intare igwana n'ibyatsi ariko biranga maze bop arangije arasatira!!
.
..
.
.
Brian we mugiti n'inyange aho bari ntamunego n'umwe afite,
Inyange"boss ejo bazakubaza ahantu waraye"
Brian"bande ubwo?"
Inyange"uyobewe ko ugira ababyeyi?"
Brian"niba mbagira se bivuze ko bagomba kumpangira gahunda?"
Inyange"nyamara wareka kunyishinga kuko jyewe atawuntegeka!"
.
..
.
.
Bop nawe uko yagasatiriye intare n'umwana wayo,
Yavanyeyo icyuma akatagura ibyatsi avanayo akana k'intare arangije agahereza nyina.
Intare yaramwitegereje ntiyagira icyo ikora ahubwo ishorera umwana wayo bop asigara aho.
.
..
.
.
Munyanja indiano ho hari uwasaga n'uwihebye,Raissa ndetse anarimo gusenga ati"mana yanjye ndakwinginze
undindire bop aho ari hose azagaruke amahoro maze mubwire ijambo ryiza namuteguriye...."
.
..
.
.
Ayo masa n'umwami yari ageze murugo iwe kukirimba bamusanganiza inkuru y'uko umuhungu we brian yabuze.
Yve"ubundi se ikigoryi nkakiriya nigute kitazimira?Jye ntibintunguye mukireke kiratahira aho gishakiye"
Lathifa"nigute wavuga amagambo nkayo kumuhungu wawe?"
Yve"namaze kumubonamo ikirwari byararangiye kandi ntunsubire"
.
..
.
.
Bop nawe yakubitije urugendo amena ishyamba kugeza aho ananiwe areba aho yihengeka mugutegereza ko bucya agakomeza.
.
..
.
.
Ibyacu ntagutinda mugikerera bop aho aryamye kakuma kariho projecteur karasonye ahita yikangura arakanda projecteur ivayo hazamo colonel,
Ati"musore uri gukererwa,ufite amasaha 6 kugira ugere mucyaro"
Bop"nyakubahwa colonel kuki utambwira mission ndiho ninyabaki?"
Colonel"wowe ukurikize amabwiriza gusa ibindi uraza kubimenya"
Ahita akata ,bop nawe afata igikapu akomeza urugendo.
.
..
.
.
Brian nawe mugiti aho ari yarikanguye gusa yibagirwa ko ari mugiti ahita
ahantanuka arakoroka maze inyange si ukumuseka yivayo!!!
Brian"ubwo se uriguseka iki?"
Inyange"ndi gusetswa n'umuntu wigira inyamaswa!Hahahaha"
Ahita abatura ibuye ngo ayitere nayo iritanganiza iti"mbabarira boss gusa ubutaha nibwira uzaze wibuka ko uri umuntu utari nkanjye maze urare hasi"
Brian aratekereza arangije asubiza hasi ibuye.
.
...
.
.
Bop we yari amaze kugera kumaze maze yegura amaso areba kure,
Gusa bagenzi kugirango azarenge imisozi yinjire icyaro bamubwiye ntibyari byoroshe ariko nk'uwatojwe bihagije yishizemo akanyarigabo arakomeza.
.
..
.
.
Frank na afande jonas bo bari bamaze kubona igihugu cyose neza kuri eclan yabo hifashishije zanyamaswa bahinduye kuko zari zamaze kugikwira cyose.
Bakiri aho hari amashusho yikubisemo neza agaragaza bop muri ryashamba,haza n'amajwi ati"uyu ni #D_26 uhamagaye,hari umuntu ndikureba udasanzwe"
Frank ahita yambara kakamikro arangije ati"uri kumubona he?"
Kumbe d26 bari kuvugana ni #agaca kari hejuru ya bop,
Gati"ni muri park nkuru mumajyaruguru
y'igihugu"
Frank"komeza umugendeho"
Ahita akupa arangije abwira jonas gukwega bakareba neza uwo muntu.
.
..
.
.
Bop we murugendo rwe ntagucika intege gusa agaca nako hejuru ye kamugendaho.
Kubwamahirwe  hari aho kabonye isenene kamanuka kuzirya undi nawe arakomeza.
.
..
.
.
Frank na jonas bo mukumara gukwega ifoto y'umusore bashatse kumenya ibyo ahetse muri beg ye.
Basuzuma hakoreshejwe ikorana buhanga barangije barikanga bahita bahamara agaca!!
.
..
.
.
Agaca aho kari kabuze umusore aho yerekeje,kazamuka hejuru ahitaruye karabura.
Kumbe bop we yari yageze kumuhanda kubera uburuhe n'inzara ahita agwa aho!!....LOADING EPISODE 52.
.
Ni mission iyahe yazanye bop?
Comment dukomeze

0 Comments