NEW WORLD S01E07

 

THE NEW WORLD OF 2050
Season 01
EPISODE 7
writer SAFARI EDOUARD
_________
EP 6 yarangiye bimenyekanye ko umusore chris twarimo kubona ariwe wari warahemukiwe film itangira.
Turakomeje...
.
..
.
.
Chris ubwo yahise abyuka akora muri bag ye akuramo agafoto ka ange ati"tuza ange nzaguhorera kandi vuba bidatinze"
Yahise yambara arikwiza,agakote ashiraho arangije arasohoka..
.
..
.
.
Alicia nawe nyuma yo kubura aho acikira ntiyatuje ahubwo nkuwigeze kuba umupolisi yakuye ako yambaye muzosi  amena ikirahuri arangije acamo aba aracitse!!!
.
..
.
.
Umusore chris nawe ari kuzengura mumugi bisa naho hari ibyo yarariho gukurikira.
Arakata karitiye zimwe na zimwe akagira nutwo agenda yandika kunkuta z'inyubako!!
.
..
.
.
Alicia we ari kwiruka acika kandi inyuma ye hari abamukurikiye bayobowe na eric gusa uko bigaragara bamukeneye ari muzima!!
Yarirutse na se kwiruka biza kurangira bamufashe!!
Eric abanza amukubita urushi rwiza ati"uramuka wongeye kuzana imyaku uri umupfu"
Baramwerekeza!!
.
..
.
.
Tukugarukire kuri dark imbere ya
wamugabo uhora uduteye umugongo,
Dark"habaye iki nyakubahwa?"
Umugabo"umukobwa wanjye alicia yafashwe n'umwe mubahurikiye mw'itsinda rya KING,
Ndagirango umushake"
Dark"ndabikora nyakubahwa"
Hahita hakoroka impapuro !!
Umugabo"ibyo ni bimwe mubiri bugufashe kugera ahari"
Dark yakira impapuro arangije arasohoka!!
.
..
.
.
Eric n'ingabo uko bakajyanye alicia bahubiranye na chris neza!!
Eric"oh !Chris turongeye turahuye"
Chris"ego usibye ko duhuye mumwanya mubi"
Eric"genda gake !"
Aramwegera buhoro amushikiriye ahita amutera icyuma undi agifata kitari cyamugeraho ati"uwigeze kubaho umwicanyi ahora ariwe kandi ntawe yizera!!"
Aba aramuteye arwa kuruhande!!
Abandi bahita bataka umusore abanwa nk'amazi !!!
Dore ngo alicia arikanga akagira ubwoba abonye uburyo umusore abangutse!!
.
..
.
.
Umusaza nino we ategereje ko igikobwa kigarurwa(alicia) usibye ko atari yamenya ko abasore be bose bari hasi !!
.
..
.
.
Hahuko alicia yagize ubwoba amera nk'igiti,
Chris arasatira ati"madam umeze neza?"
Ntiyasubiza ahubwo atera asubiza umugongo inyuma,
Ako kanya polisi yahise ihagera itunga imbunda umusore nawe aramanika!
Bao"alicia umeze neza?"
Alicia"meze neza ntakibazo"
Bao ahita ategeka ko polici ijyana chris we na alicia bisubirira murugo
.
..
.
.
Eric n'ingabo ze bahondaguwe bagarutse kwa boss,
Nino"igikobwa kirihe?"
Eric"ntacyo twazanye kumpamvu z'umusore watunanije"
Nino"inde?Gute mungana mutyo?"
Eric"ntiwabyumva boss,umusore arabangutse kuburyo utamugema n'isasu"
Nino"munshakire machinary bashoboye"
Eric"ndaza kubikora neza cyane"
.
..
.
.
Reka tukugarukire mumasaha y'umugoroba,
Alicia iwabo"uncle ndashaka gusura uwo mwise umwicanyi"
Mama alicia"uramushakira iki ko police iri gukora akazi kayo?"
Uncle"oya ntaho waja!"
Alicia"mbasabye ikintu mwakimpa?"
.
..
.
.
Tukugarukire kukindi kigo kiri mwishamba kuburyo utakihakeka,
Hari umugabo ari gutanga amategeko kubasore be 3,
Ati"King igiye kurimbuka hazubakwe indi nyuma.
Erekera mumugi mwice buri wese ndibuze kubabwira"
Abasore bati"yego nyakuganza"
.
..
.
.

 Reka noneho tunyure kuri gereza ahafungiye chris,
We ntabitotsi ajya agira ahubwo murwego rwo kubirwanya ahitamo kwitoza !!
.
..
.
.
Tukugarukire kuri nicolas,
Dark"akazi nasanze hari undi wakarangije mbere y'uko mpagera"
Nicolas"wenda ni bao wari wamutumye"
Dark"ndashaka kubonana nawe"
Nicolas"ari muri police station #hard_6"
Dark ahita ahaguruka ati"ningira icyo menya ndaza kukumenyesha"
.
..
.
.
Hakuno kuri alicia
Bao"icyo usabwa uraza kugihabwa uko wagisabye"
Alicia"mama nawe urabyemeza?"
Mama"ego ndabyemeza!"
Alicia"Ndashaka guhura n'uriya musore mbere y'uko hagira undi umugeraho "....LOADING EPISODE 8
.
Baramwemerera cangwa?
Alicia ati "ndashaka kubona umusore"
Dark uko,
Birarangira bita baramutse bahahuriye kandi dark na chris bakoranye igihe kirekire kuburyo yanamumenya?

0 Comments