NEW WORLD EP1&2

 









Mbere yo gusoma banza ukore share ntakindi usabwa dore page yari yaribagiwe.
.
.
.
THE WORLD OF 2050
Season 1
EPISODE 1
Writer SAFARI EDOUARD
Whatsapp +255757074593
__________
Dutangira dute rero?
Dutangiranye agakuru kumusore kati"Amazina yanjye nitwa chris ,
Nkiri muto nabuze ababyeyi bombi nkurira muri orphernant ,
Mfite imyaka 8 naje kugurishwa mvanwa aho nabaga njanwa mukigo cyayoborwaga n'itsinda ry'abaherwe ryitwaga KING .
Iryo tsinda ryari riyobowe n'umugabo utazwi ariko bivugwa ko yaba yaravuye kuyundi mubumbe utandukanye n'iyi si.
King  ryari rirushanijwe na NEW WORLD ariko byose bifite umugambi wo guhindura isi.
Aho nahatorejwe byinshi bijanye n'ubwicanyi bwindenga kamere butandukanye.
.
..
.
.
Inkuru ikomeza kuvugwa,
Iti"nakoreye king imyaka myishi ariko ubu ndi umwanzi ukomeye wa king nyuma yaho banyakiye uwo nakundaga ANGE.
Umubiri wanjye watewe imiti myishi kuburyo amagara imana yampaye yahindutse ngasigara ndi ikidapfa cyiswe n'indwara ndetse ntanasaza,mbese n'utewe amaraso yanjye akaba yazabaho iteka!!"
.
..
.
.
Arakomeza ati"urwaye ingwara idakira aterwa amaraso yanjye ubundi agasa n'uvutse busha .
Ariko nubwo mfite ibyo,abenshi bumva k nakaretse byose nkitegura kubaho ubudapfa ariko njye ubwanjye ndashaka kuzahorera umukunzi ndetse mbashe no
nkanagarura isi uko Imana iyishaka.
Ushobora kwibaza uburyo nzabasha kurwanya abigaruriye isi ndi umwe ariko mfite abantu batatu bamfasha,
Hari uwitwa #ALICIA akaba ari umukobwa w'umugabo utazwi ,uwo nawe akaba ari nawe witwa umwami w'isi,
Si uwo gusa hari undi wabashije guterwa amaraso yanjye tukaba tugendana aho ndi hose akaba n'umujyana wanjye.
hejuru yabo mfite #_padiri "
.
..
.
.
Arakomeza ati"mvuka mama yahise apfa ndetse na nyuma y'imisi mike data yakoze impanuka ariko uwambwiye ibyo byose yambwiye ko bose bapfuye kubera njye kuko nari naravuze ugutandukanye n'abandi mvuka umutima uri iburyo mugihe abandi bavuka uri ibumoso"
.
..
.
.
Nkiri muto nakundaga gusoma ibitabo ubwo nabaga ntari kwitoza,
Muri Byinshi nasomye nakunzemo icyasobanura ibyikoranabuhanga  ubwo abantu
Bashatse kubyikubira byose,
Ikoranabuhanga ryaragwiriye rituma isi(abantu)baganza ibindi birewa byose maze bigarurira ubutware basumba ibindi biremwa"
.
.
_____________
Uramutse ushatse kuronka iyi film ikwiye yose wanyandikira kuri facebook kuri @[100010101816820:0] cge whatsapp kuri +25761742791 Cge +255684915554 cge email kuri safarie737@gmail.com maze ukayironka uko uyishaka ndetse naho uyishaka.
____________
.
..
.
.
Umusore akomeje kutwiganira ati" hejuru yibyo itsinda king na #new_wold
Byakomeje kumpiga ,king rishaka kundangiza kubw'imiti n'amabanga yaryo narinzi naho new world inshikisha ukwayo kuko naho nari narahabaye ariko nanga gukurikiza amabwiriza yayo.
.
..
.
.
Arakomeza ati"aka kanya bisa nkaho aho kwihisha habuze kuko king irahabona hose.
Ariko reka mbanyuriremo muri make uko byatangiye".....LOADING EP 2
.
Kora share niba wakunze iyi story nizuzura shares 100 duhite dukomeza..
Kandi udakangwa nuko ari gato iyi yari nka introduction.
.
.
.
THE NEW WORLD OF 2050
EPISODE 2
___________
Ep 1 yatubwiraga muri make film .
Tuyitangire rero...
.
..
.
.

Dutangiriye k'umusore n'umukobwa bicaye murugo rumwe.
Umukobwa"chr ndakeka utazongera kujya kuri kariya kazi kabi"
Umusore"humura chr ntabwo nzasubirayo "
Umukobwa"nsezeranya!"
Umusore"ndagusezeranya"
Umukobwa yarishimye amuha na kabizu!
Umusore"noneho wakwemera ko tubana?"
Umukobwa"ntakibazo!"
Bakiri muribyo hari uwabarogoye umukobwa ajya gukingura...
.
.
.
Tuze kuyindi nyubako hari abagabo barimo.
Umukuru ati"ibintu bimeze neza?"
Abandi bati"yego boss!"
Boss"hatagira ikimenyetso nakimwe kihagaragara kandi ajyane na kiriya gikobwa!"
.
.
.
Tugaruke kubikundaniye...
Umusore"ibyo ni ibiki bagugaye?"
Umukobwa "ni ibitabo nari natumijeho"
Umusore yitegereje igikarato uburyo gifunzemo agira amatsiko yokubona ukizanye ahita asohoka ageze hanze yasanze yagiye yiruka amushaka...
Bidatinze yaramurabutswe  ,mukumubona  asubira inyuma yiruka agenda ati " #Ange sohoka !!"
Yaje asatira inyubako gusa atari yahagera Ange aturuka munzu gusa inzu yahise ishwanyuka umukobwa aturika umusore abona ndetse nawe   
nawe umuriro wakuzeho..,
.
.
.
Tuze muri station ya polisi....
Hari umwana w'umukobwa yarimo  kwiga kubagabo benshyi.
Gusa mubo arikwigaho harimo nawa muboss yararimo gutanga amabwiriza yo kwica abantu tutari twamenya.
Atari yajya kure yakiye message iti"hari ahantu havutse ikibazo!"
Ahita yerekezayo.....
.
.
.
Hakuno kwamuganga wamusore tutari twamenya amazina ye yagejejwe kwamuganga kuko byanze bikunze yari yababaye.
.
.
.
Wamupolisikazi  nawe ntahandi yaje uretse ahabereye uguturika.
Amafoto arafatwa sinakubwira...
Yegereye umwe ati"bimeze bite?"
Undi ati" aha hari hatuye umukobwa w'imfubyi witwa Ange ,bikaba byagaragaye ko yahaturikiye ariko umusore twahasanze aza mumafoto y'abicanyi bari guhirwa na polisi "
Umukobwa"uwo musore ndamukeneye!"
.
.
.
Ntakindi cyakurikiyeho uretse ko umupolisi yageze kwamuganga.
Yerekwa aho umusore aryamye asanga ntiyari yakanguka kandi yabaye bishoboka!!
Ahita abwira  abasore be ati"mugomba kurinda uyu musore kuko tumukeneye kandi ntawemerewe kumusura" 
Bati"turabyumva nyakwubahwa?"
Bisa nkaho umukobwa yari akomeye!!
.
.
.
Tuze kuri wa muboss yaje yitwa #Billy ari kuri phone..
Ati"mr vegas nicyo gipimo  gikurikira"
Undi ati"nabyumvise!"
.
.
.
Kumbe #Vegas ni umugaga ukomeye kuko agira n'abamurinda benshyi  gusa hari uwahawe mission.
Biragenda bite rero?
Kurikira...
Umugabo yinjiye muri bar abarinzi nabo bararinda bishobok...
Umuziki wagiye mbere reka sinakubwira.
Imbere naho hari umusore ubyina neza kurusha abandi witwa #Dark ,
Umusore yarabyinye vegas aragenda aratwarwa!!
Gusa turebye neza turabona abandi basore babiri batari serieux ,
Umwe sinzi ako yunamye gufata bage ya polisi yarakorotse umusore Dark arabibona .
Akibibona amatara yavuyeho akavuyo kavuka bushya...
Nyuma y'umwanya udashika n'umunota amatara yaragarutse ariko agaruka boss vegas yapfuye kare yishwe n'inyenyeri muruhanga rwe!!!
.
Ninde ubikoze ko ubanza umwicanyi atoroshe?
.
.
.
Kwamuganga ho umupolisikazi waje kwizina rya #alicia yakiye call iti"hari undi muntu muri bar"
Nk'umupolisi yerekejeyo...
.
.
.
Abapolisi nanone amafoto barafata,
Alicia yarahigereye gusa yasa n'uwacitse intege kuko abantu bari bakomeje kugenda bapfa.
Alicia"umwicanyi ninde?Buri uko yishe umuntu amusigaho star(inyenyeri) !"
.
.
.
Kumbe boss yamenye ko wamumusore waruri kumwe na wamukobwa wapfuye witwaga ange atapfuye ararakara!
Bss"nigute umuswa atapfuye?"
Umwe ati"boss umusore yari umukozi mwiza wawe,uramuzi ko kumwica bitakoroha"
Boss"mumusange kwamuganga mumwice atari yahava!"
.
.
.
Kwamuganga ho umusore yafunguye amaso,gusa amarira arimo kumushoka.
Kweguka amapingu arafata kumaguru n'amaboko arafata kandi hari kipe yoherejwe kumurangiza.......LOADING PART 2
.
Arahacika cangwa?
Abagabo baramushakira iki rero?
Karacyari kuntango ntugachkwe.

0 Comments