LOVE AFTER WAR E41

 

STAY WAITING/LOVE AFTER WAR
Episode 41
__________
Ep40 yarangiye angelique na muciti we bitegurira kujya mwishamba mugihe umwana angelique yari atwite yenda kwigaragaza.
Gusa nanone frank yari yasuye ibwami.
Byakomeje bite?
Kurikira....
.
.
.
I bwami nyuma y'uko frank aruhutse yatangiye kuganira n'umwami,
Ati"kujya kwiga muburusiya byambere iby'agaciro,
Ubu maze kumenya uburyo umuntu ashobora gukora ingabo zikomeye z'ibyuma zarinda igihugu bigatuma atawapfa kugivogera"
Yve"Ibyo ndabishimye kandi ntankeka tugiye kurema amateka adasanzwe y'igihugu cyacu"
Frank"kugira bikunde birasaba uburyo bwinshi ahanini kubutare"
Yve"byose bindekere !"
.
.
.
Mucyaro angelique na mucuti we mimi bo barimo basatira inyubako y'umupfumu n'uruhinja muntoki...
Barashitse umupfu arabakira,
Angelique"muganga narinkuzaniye wamwana"
Umupfumu ati"karibu urisanga mubyeyi w'ibitambo by'abakurambere bakurinze !Nshimye ko utataye isezerano"
Barangije bahereza uruhinja umupfumu,
Angelique ati"umwan wanjye mwise #B.O.P (Born of peace
Kuko ntashaka kuzamubona afite umutima nk'uwase ahubwo azakurane umutima nk'uwa yve"
Arangije uruhinja yaruhereje umupfu aragenda...
.
.
.
6 YEARS LATER
.
Nyuma y'imyaka 6 wa mupfumu wacu yari amaze kwigira imbere mumyaka,
Arikubwira bop ati"mwana wanjye ujye wirinda kurakara kuko iyo bishitse bibaza benshi"
Bop"kuki papa?"
Umupfumu"ufite magic power muri wewe kandi ndagirango ntuzazikoreshe uhohotera ahubwo uzazikoreshe ufasha"
Bop"magic power niki papa?"
Umupfumu"nturakura nanubu?"
.
.
.
Sasa uko bop amaze imyaka 6 ninako imfura y'umwami yve #brian yari afite imyaka 5,
Gusa kuri uyu musi bari bagendeye uruganda rukomeye mugihugu ruyobowe na frank,
Frank agenda atembereza umwami buri hamwe arinako amusobanurira icyo bagezeho,
Lathifa we yasamaye gato arekura ukuboko kwa brian aba aramucitse !.
.
.
.
Brian uko yagacitse nyina ,yatangiye kuzenguka muri labo,
Labo nayo yakoraga ibintu byinshi bitandukanye hanarimo inyamaswa.
Umwana nawe yatangiye kwegera aho zugaraniye mubirahuri.
.
.
.
Yve na
lathifa ntibamenye ko umwana yagiye ahubwo bahugiye kumviriza frank ,
Ati"iki cuma mubona ni icyambere tugiye kuzakora,
Tuzagiha ibitekerezo byakimuntu,imyitwarire ye,kimenye kurakara no kwishima.
Tuzaciza imigwanire n'intambara kuburyo kizaba umurinzi mwiza ..."
Yve"ubwo se mugikoze kikaba icyo mutateganya?"
.
.
.
Brian we yageze kukirahuri kimwe abona hariyo inyoni yera(inyange) arayishimima maze atangira gushaka uburyo yayikuramo akayifata.
.
.
.
Hakuno frank akomeje gusigura,
Ati"ibyo ntibyashoboka kuko nubwo kizaba gifite ugutekereza nk'umuntu na machines izaba ikigaba"
Yve"ndabona bizaba byiza,ngaho nyereka n'ibindi"
Bakomeza imbere...
.
.
.
Umwana we yabuze uko yafata inyoni arangije akura ikirato atangira guhonda kukirahuri ...
.
.
.
Dukubitiye mucyaro,
Bop abandi bana baramwanga ndetse bakanamukumira ngo se ni umurozi,
Bivuze ngo abandi bana bakina we yicaye kuruhande.
Uko abo bandi bagakinye hari uwaguye bop kuruhande araseka nabo bamuhindukirira n'umujinya!!
.
.
.
Frank yazanye umwami ahandi,
Ati"
ibi umuntu ashoboye gukeka ko ari inyoni zisanzwe ariko ari intwaro zakataraboneka"
Lathifa"gute zaba intwaro kandi ari ibiremwa?"
Frank"nyine izi zatewe imiti,uyirekuye yajya mwishamba nkizindi,igatora bisanzwe,ikarondoka co kimwe n'izindi ariko igihe waba uyikeneye uyitumaho ikaza ukoresheje number zayo"
Yve"bivuze ko imwe yose ifite number zayo?"
Frank"cyane!"
Avana akantu kameze nka micro mumufuka ashira mugutwi arangije afata n'inyoni imwe ati"ufite aka kantu ushobora kuganira nayo icyo ushaka"
.
.
.
Brian nako kamenye ikirahuri kingana naho kanyuza ukuboko kinjizamo kajya gufata inyange,
Inyange ihita ikaruma kavanayo bwangu,
Kwitegereza aho ikarumye imitsi yahise yirega irirabura,
Ati"urandumye sha!Reka nze urambona"
Inyange iti "ibeshe unkoreho c!"
Brian mukumva inyoni ivuga yahagurutse yiruka gushaka nyina...
.
.
.
Mucyaro abana basatiriye bop batangira gusunagura banamutuka ko ari umwana w'umurozi ..
Sibwo bop arakaye babimubujije maze.....LOADING EPISODE 42
.
Maze iki?
Siga comment utibagiye share

0 Comments