Kelly S1 Episode 1

 KELLY

Part 1

______

Film yacu itangiriye kubitaro bimwe twakwita #Ming_hospital,
Hari umusore warimo kuhagezwa
na ambulance,
Umusore ararembye bitavugwa kuko atagikoma kandi akaba yanavuye amaraso menshi kuburyo nabamutwaye yabuzuyeho,
Ambulance ikimara guparika bamwihutishiriza muri operation chamber anahurirwaho n'abaganga benshi.
.
.
Tuvuye kubitaro hari indi modoka irimo ibigabo byamasura ateye ubwoba,
birimo gutwara umukobwa muto ariko ntawumukoraho binagaragara ko binamwubaha,
Umukobwa agenda arira nabyo agatwenge nikose,
Umukobwa yarebye inyuma ye abona byabyuka biryana ahita abifungura abagabo barakangarana baparika imodoka,
Bagiparika umukobwa yavuyemo yiruka arabacika.
.
.
Tugaruke kwa Ming hospital
Operation isa niyarangiye kuko umusore bamushizeho byabyuma bifasha umuntu guhema,selum zimugabira ndetse nizo amaraso.
GUSA NDAGIRANGO UKURIKIRE WITONZE UDAHURA NAMAYOBERA..
Hanze hari taxi yahageraga,
ivamo wamukobwa arariha ubundi yinjira byabitaro.
Agezemo yabuze aho yerekeza ahitamo kubaza umuganga umwe,
Umukobwa"muga umusore bigeze kuzana ahangaha ameze nabi yaba arihe?"
Muganga arasubiza ati"ngwino nkwereke"
Ahita amujyana muri chamber irimo umusore,
Umukobwa akimubona yatangiye kurira ati"Kelly ndakwinginze ntusige ngenyine...ndakwinginze plz!!"
.
.
Tubanze tuve aho tuze kuri babagabo umukobwa yacitse,
Bisa nkaho hari aho bagiye gutanga report,
Boss wabo numuzehe,ati"yabacitse ate arumukobwa namwe muri batatu?"
Umwe muribo witwa Germain ati"umukobwa wawe  uko umukeka ntabwo ariko ameze,yaduteye imyuka ubundi aracika"
Boss ati"genda mumushake kandi mugaruke mumufite"
Bigaragara ko uyu Boss ari se wumukobwa!!
.
.
Twigarukire kwa Ming,
Umukobwa akomeza kurira arinako ahamagara Kelly,
Muganga yabonye bisa nkaho umukobwa afite agahinda kandi uwo arimo kubwira atari kumwumva ahita asatira aramuhagurutsa 
Ati"mukobwa muto,umusore ntarimo kukwumva kuko ari muri coma.
Ba usohotse kuko akeneye ahantu hatuje"
Umukobwa ati"mbabarira muga!sinakwongera kumusiga ubugira kabiri,
Namusize rimwe bimuviramo kuryama ahangaha sinasubira kumusiga ntasanga apfuye"
Muganga"ok mugume iruhande ariko wirinde kumusakuriza"
Umukobwa"ntakibazo"
Muganga ahita yigendera amusiga aho.
.
.
Uko muganga yakagiye niko abatumwe gushaka umukobwa barimo binjira ibitaro.
Umukobwa nawe yaretse kurira yitegereza Kelly amarira akaba ariyo ashoka,
Gusa na Kelly aho ari muri coma nawe yatangiye gushoka amarira nkaho haribyo yarimo kwibuka.
Umukobwa mukubibona yashatse mouchoire yo kumuhanagura arayibura ahita asohoka ngo arebe ko hari uwo yayisaba.
Agisohoka yabonye babapagasi ba se barimo kuzunguruka ibitaro bamuhiga,
Ahita asubira inyuma mucyumba Kelly agwariyemo....LOADING PART 2
.
Siga comment ukore na share kugira mbone abo 

0 Comments