Kelly S2 Episode 8

KELLY 2

Part 8
______
Part 7 yarangiye Kellyta afunguye  camera agashishikazwa no kureba ibirimo.
Byari iki rero?.....
.
.
.
Camera yahise igaragaza amashusho arimo Jesca avuga ati"
Umbabarire kukubwiza ukuri ariko ndagirango nkumenyeshe ko mfite undi nkunda kandi ntateze kuzahemukira.
Nawe ntawundi n....."
Kellyta yumvise agahinda kamutashe busha azimya camera.
.
.
.
*       After 4
Turi kwishuri London...
Jesca yarimo agana aho Kellyta yicaye mugabo we akimubona arahava,
Maze Jesca asigara yibaza ati"kuki Kellyta asigaye ampunga?Niki cyabaye hagati yanjye nawe?"
Acibaza John yarahageze baramukanya!...
Kellyta kuruhande aba yababonye arabihorera....
.
.
.
Tuze kuri Enock wahawe akazi aho arikumwe na Nancy ndetse na Kelly bigaragara ko Enock yari Dr,
Dr"Nancy,umubiri wawe ukomeje kugaragaza imbaraga nke kuburyo biri kukwima amahirwe yo gutwita"
Kelly"none se dr ninde muritwe ufite ikibazo?"
Enock"mwembi muragifite,
Nancy umubiri we ufite Kystes nyishi(polykystes) ibyo kandi

Ariko kandi na Kelly intanga ze zifite  imirizo migufi bivuze ngo amahirwe yo gutera inda ni make"
Kelly"none se muga ntacyo twakora?"
Dr"ntakindi uretse gufata neza iyi miti mbahaye kandi mukazaza muza ngaha kenshi tukabasuzuma"
Barataha....
.
.
.
Bukeye bwaho kellyta yazindukiye murugo,azinduka yisomera agatabu(les jeunes s'interrogent)maze phone ye irahamagarwa,
Arebye abona ni Jesca uhamagaye arayihorera...
Irongera ahubwo ahita anayifunga.
Mama"kuki utitabye uwo muntu ahubwo ukayifunga?"
Kellyta"jye nanga abanderanja ntamwanya mfite"
Mama"wamenye ute ko ari abakuderanja?"
Kellyta"ndabizi"
Ahita anisohokera....
.
.
.
Jesca iwabo nawe yanze kubyumva maze yibaza  impamvu,
Noneho ahamagara phone yomurugo yitabwa na mama kellyta,
Jesca"nabona kellyta?"
Daana"yego,reka muhamagare"
Ahita amugara ariko yanga kumubwira umushaka.,.
Kellyta mugufata phn yumvise ari jesca ntiyasubiza ariko jesca we akomeza kuvuga ati"kellyta ni iki cyabaye gituma umpunga,naguhamagara ukanga kumvugisha?
Mbwira

Ikibituma "
Kellyta aho kuvuga yibutse amagambo yo muri ya camera ahita akupa.
.
.
Inaha murugo rwa kwa Kelly bari murugo.
Nancy"chr mfite amakuru meza!"
Kelly"ko unteye amatsiko,mbwira sha"
Nancy"banza unsezeranye nawe icyo uribumpe"
Kelly"hmmm..ok ndakugurira imineke siyo ukunda?"
Nancy"aho uranshoboye pe,
Chr kukazi bampisemo
kujya kubaserukira mumahugurwa azabera i Londres"
Kelly"nibyiza da!"
Nancy"ko umengo ntubyishimiye?"
Kelly"ndabyishimiye gusa ubyo nari naketse ntibyaribyo"
.
.
Tuze kuri Enock na Divine,
Enock"nimugoroba njye na Nancy,manager we twabivuganyeho ko ariwe ugomba kurungikwa"
Divine"byiza noneho,nibaze ko muzagaruka byose byarangiye"
Enock"ntuzangaya,ariko nkeneye amahera yo kuzakwifashisha"
Divine"icyo gusa!Akira"
Amuhereza ayafunze
.
.
Barakwereka bukeye bwaho I Londres jesca yazindutse kwishuli nk'ibisanzwe ariko uko turikumubona aragenda abaza buri umwe amubaza ko yaba yabonye kellyta.
Bose bamaze kumuhakanira yahise ava kwishuri yiruka asubira murugo
.
.
.
Ibyacu ntibitinda iwabo wa Kellyta hari taxi yahageraga havamo Jesca akomanga kumuryango.
Umukozi aza gukingura akirangiza jesca ahita akomezamo.
Aragenda ahamagara Kellyta ariko ntawari gusubiza.
Umukozi"ariko se bite byawe wowe?"
Jesca"kellyta arihe?"
Umukozi"hahaha..."
Jesca"niki ko nkubaza ukanseka?"
Umukozi"ngiye kubikubwira ariko ntuzamvemo.
Kellyta ntakibarizwa aha kuko ubu nkubwira indege irimo guhaguruka"
Jesca"yerekeje he?"
Umukozi"ntaho yambwiye ndetse na mama we ntahazi ,gusa yansigiye iyi camera nyiguhe"
Jesca yakiriye ya camera ahita yerekeza kukibuga cy'indege.....LOADING PART 9


0 Comments