Kelly S1 Episode 20

 KELLY

Part 20
_________
Duheruka Daana amaze gufatisha Kelly mumutego,
Ariko kandi na Nancy yari araririwe aho bukera,ESE kelly yabyitwayemo ate?
Nancy we yabashije kurusimbuka?....TURAKOMEJE.
.
.
Mugitondo Kelly yikunguye asanga aryamanye na Daana!!
Mugutangara kwinshi ati"Daana urakora iki aha?"
Daana"Kombona utangaye cyane ntiwumva ibyishimo ko twararanye?"
Kelly"ngo!!njye nararanye nawe?"
Daana"none!!urabona twaje muri hotel gufyina?"
Daana akivuga Hotel Kelly yahise yibuka uko byagenze nimugoroba maze agahinda karamufata ararira,
Daana"Umbabarire Kelly,ibi nabikoze kubera urukundo ngukunda"
Kelly"wankunda ukampemukira bigeze aha?"
.
By @[1488547364786912:0] associated with @[748583735269886:0]
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!
.
Nancy nawe yaramutse nkuko bisanzwe,
Gusa kandi aracyibaza impamvu chr we atarimo kuboneka ndetse na numero ye ikaba itarimo gucamo.
Niko kwigira inama yo kujya kukazi aho akorera.
.
By @[1488547364786912:0] associated with @[748583735269886:0]
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!
.
Tugaruke kuri Kelly na Daana....
Daana"ndabizi neza ko ukunda Nancy kandi ntayindi ntumbero ngamije,genda mwikundanire mbahaye amahoro kuko njye icyo nashakaga ndakirose"
Kelly"washakaga iki niba atari ukuntandukanya na Nancy?"
Daana"nagukunze urudashoboka ariko hejuru yibyo nabuze imbaraga zakunda undi.
Nicyo gituma nagukoreye ibi ngo byibuze nzagire icyo nkwibukiraho"
Kelly"ngo unyibukiraho gute?"
Daana"ubu tuvugana nasamye Inda yawe,nzakubyarira umwana niwe nzakwibukiraho iteka kandi ntanundi mugabo nzashaka"
Kelly"ariko mana yanjye urumva Nancy nabimenya utazaba unsenyeye?
Uwo mwana we navuka ntazakenera kumenya ise?"
Daana"Kelly ndagusezeranya ko ntamuntu numwe nzabwira iribanga rizaguma muri twe babiri,kandi uramutse wumva ko nkubangamiye nzajya kure ariko uronke amahoro we na Chr wawe"
.
By @[1488547364786912:0] associated with @[748583735269886:0]
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!

.
Nancy nawe yaje kugera kukazi abura Kelly ndetse na Boss ntahari,
Nancy yagize ubwoba ahita yerekeza iwabo wa Kelly ubona ko namukecuru bari baramuzanye mumugi.
.
.
Bruno nawe imyiteguro ayigeze kure,
Noneho turamubona avuye muri pharmacie kugura imiti,
ariko turabye neza turabona ari yamiti ituma umuntu agira ubushake burenze bw'imibonano.
Arangije kuyigura yurira imodoka aragenda.
Mukugenda kwe hari uwo yaciyeho bigaragara ko arwaye ariko nokugenda kuri we ni ikibazo .
Bruno yagize impuhwe asubira inyuma amuha lift gushika kwamuganga.
.
By @[1488547364786912:0] associated with @[748583735269886:0]
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!

.
Kelly nawe inyuma yo kuva muri Hotel yatashe ibibazo byamubanye urusobe
,kukazi ntiyigeze yerekezayo ahubwo yakomeje murugo iwe ashika aryama.
Ntamwanya munini wahaciye Nancy atamugezeho,
.
By @[1488547364786912:0] associated with @[748583735269886:0]
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!
.
Bruno nawe kwamuganga byabaye ngobwa ko ategereza ibisubizo bamuha kwamuganga.
Ntiyabaye akironka akanya ko gutumira Nancy.
.
.
Nancy nawe yasanze chr we asa nurwaye,
Nancy"chr waraye he ko na phone yawe itariho"
Kelly"hari business nari nagiyemo bituma ndarayo"
Nancy"phone yo wari wayisize he?"
Kelly"phone yaje gushiramo umuriro irazima"
Nancy"chr nubwo ugwaye ndakeka inkuru nziza ngufitiye itakurwa nabi"
Kelly"rwose mbwira wenda byamfasha gukira"
Nancy"ngaho banza weguke"......LOADING Final
.
#POWER_vs_LOVE itazagucika,itegure bihagije kuko ari inkuru iteguranye ubuhanga,iryoshe kuburyo iyo urimo kuyisoma uhita ubona video.
.




0 Comments