Kelly S1 Episode 15

KELLY

part 15
_________
Duheruka Elina yereka bagenzi be ibara mugihe Nancy yari yababereye ibamba mukwanga gusiga umukunzi we Kelly.Bari babonye iki?
Turakomeje....
.
.
Elina akimara kuvuga bose barahindukiye bakubitwa ninkuba babonye Daana arimo gusoma Kelly!!!
Nancy wasaga nurota ishavu riramurya ahaguruka ngo aje kumutesha ariko bagenzi be baramufata,..
Ntakindi yakoze yemeye kwurira imodoka agenda ari gushoka amarira,
Imodoka yarinze irenga acyitegereza Kelly...
.
By Stories29 associated with Young advices & Break Stories
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!
.
Ndagirango ukurikire witonze uko byagenze...
Aho Kelly yazanana na Daana ,baje maze Daana amutanga kubona ba Nancy ahita amuhindukiza kunguvu amurabisha iyo bavuye(yerekeza umugongo ba Nancy)aramusoma gusa Kelly akingaho ikiganza.,..
Kelly"Daana ibi nibiki urimo gukina?"
Daana"Kelly ndagukunda kandi ntacyabinkuramo,,.
Winyima ayo mahirwe"
Kelly ahita amwishikuza ati"ndeka njye mfite uwange"
Daana we yakomeje kureba uko Nancy yifata ati"none se ntiyakwanze akikundira Bruno?"
Kelly"wakagombye kumenya amateka y'urukundo rwacu imbere yokuvuga utyo!!"
Ahita ahindukira barakomeza...
Bivuzengo bagenzi Nancy yagiye azi ko barimo gusomana ataribyo,
Kelly nawe ntiyegeze amenya ko Nancy yababonye!!!
.
By Stories29 associated with Young advices & Break Stories
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!
.
Nancy we mumodoka hose yagiye ari gutekereza ku bihe byiza yagiranye na Kelly,
Ibigeragezo bagiye barahura,
maze yagera kubyo abonye amarira akisuka.
Yaje muribyo mpaka agera murugo atanibi.
Mukugera murugo bahasanze ababyeyi babategereje..
Papa Nancy"karibu bana bange,murakaza murisanga iwanyu!!
Nabo bati "murakoze Papa"
Mama"ariko hari uwo ntarimo kubona?"
Bose bahita barebana,maze Nancy ubona ko yiyumanganije ati"hari utubazo yasigayemo kwishuri ndakeka azaza ejo"
Mama"ntacyo nawe turamutegereje!.
Ariko se Nancy ko amaso yawe yahishiye?"
Nancy"ngwaye amaso ahubwo ndumva umuco umbangamiye reka mpite njya kuruhuka"
Mama"rindira tubanze turye"
Nancy"oya ndaba ndya nyuma"
Akomeza mucyumba....
.
By Stories29 associated with Young advices & Break Stories
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!

.
Kelly nawe imodoka yari imaza kumugeza aho yagombaga kuviramo...
Yarakomeje agera murugo asuhuza nyina ahita akomeza no muburiri...
Mukugera muburiri ntiyatora agatotsi ahubwo asubira murukundo rwe na Nancy...
Yibuka ingene Nancy yamwitayeho igihe yari agwaye,
yibuka Umusi asezeranya Nancy kuzamukunda ubudahemuka.,
Yibuka umusi Nancy agarukira k'urupfu kubera we ,
Yibaza impamvu Nancy yamuhereje kagapapuro,...
Byose biza mumutwe
birazunguraka
Ati"Nancy ararengana kandi arankunda byo!!
Ngiye iwabo aka kanya musabe iwabo aka kanya"
Ntacyakurikiyeho ahubwo yafashe moto aragenda....
.
By Stories29 associated with Young advices & Break Stories
Copy cange kwiyitirira iyi nkuru ntibyemewe!!!

.
Iwabo wa Nancy ho inkuru ni zose sinakubwira,
Mama nancy"agakwavu kati yishayure!"
Papa Nancy"nyine kati yishayure ariko witonde utayivunirayo.
Ingwe nayo ishikanura nibiguvu ya mahembe avayo,
Urukwavu ruti"ntureba ibyo nakubwiraga uyicimburiyeyo!"
Alexi"none se byahereye aho?"
Papa"ntakundi byagenze uretse ko Ingwe yahebye agakwavu kagataha kigamba kati:ninde munyabwenge yarya inka yose ayatse ingwe?"
Bose baratwenga...
Simplice"rwose ako gakwavu kari agahanga!!"
Elina"ahubwo iyo mba mfite ubwenge nkako"
Mama"ushaka kumera nkako?
Uramenye bene iyo mitwe ntigikora"
Bakiri muribyo Kelly yarakomanze ahabwa karibu arinjira...
Baramwakira barangije batuma Elina kubyutsa Nancy,
Mukanya gato Elina ahita agaruka ati"ntawurimo"
Mama"wagiye muri douche?"
Elina "hose namubuze"
Kelly mukubyumva umutima urashiduka.....LOADING PART 16
.
Niba urimo gusoma iyi nkuru ,ikaba inakuryohera ntukwiye kwirengagiza intererano uko ingana kose
Burundi murohereza aha:61742791
Abanyarwanda murifashisha Airtel money ya Tanzania:  255684915554
Tanzania na Kenya mukoreshe Mpesa ya Tnia:  255744959795.
Dutegereje inkunga yawe ikuvuye kumutima.


0 Comments