UBUSAZI BW'ABAGANGA S02E05

UBUSAZI BW'ABADOGITERI
 Episode 5 
Writer: @Edouard Safari
Whatsapp: +255684922997
_______________ 
Ep 4 yarangiye umwana p2 yinjijwe muri 3sides nyuma yaho ubuzima bwe bwari habi. Gusa nanone kugatuza ke hariho inyuguti A ihura neza n'iyo twatangiye chris atubwira kumwana we yise ALBEND. Ese hakurikiye iki? Dukomeze... . .. . . Kwishuri p1 na cynthia baje gutaha mbese banataha mumodoka imwe, Gusa bagenda baganira P1 yamuhereje urupapuro rushushanijeho wamwana wambaye za mpuzu z'ibyuma, Cynthia"kuki ukampaye!" P1"nabonye wagakunze mpitamo kukaguha" Cynthia"none c wowe?" P1"sinjye ushushanya?Ndaza gushushanya akandi" cynthia"sawa urakoze!" P1"uko niko ushima?" Cynthia"none?" P1 ahita amwereka kwitama gusa ntumbaze icyo ashaka!! . .. . . Reka tunyarukire kuri station ya polisi nyuma yo gusuzuma bimwe mubyatowe kuri scene ubwo umwana p2 yashimutwaga kuva kwamuganga. Barapimye amaraso babura ubwoko bwayo bahita batumaho dr waba dr ,dr boris, Ahageze yarasuzumye agize icyo amenya amenya ahita ahamagara chris. . .. . . Kwa danny, Yakiye rapport ivuga ko umwana p1 yanganye na machine (3sides), Danny"ngo?" Undi"nibyo nyakubahwa professor,3 sides iri gusubiza ko atakintu yakiriye, Bivuze ngo umwana si robot,si umuntu yewe si na #half_human_half_robot" Pf danny"none ni ikiremwa bwoko ki?" . . Ako kanya ahita atangira kwibuka mumyaka ya kera hari umusaza uri kumubwira agira ati" #kugirango_ushike_kucyo_ushaka_uzakenera_ubwoko_bw'ikiremwa_kitari_machine , #kitari_umuntu_yewe_kitari_nibyo_2_icarimwe" Arangije kwibuka yahise yibaza ati" #projector2 nicyo gisubizo cyanjye?" . .. . . Chris nawe yageze kwamuganga(mwibuke boris yari yamuhamagaye), Dr"mubyagaragaye kuri scene harimo amaraso , Gusa ayo maraso atandukanye n'ayakiremwa muntu kuko atamurwi w'amaraso numwe arimo" Chris"bishatse kuvuga iki?" Dr"ko uriya mwana atarasanzwe" Chris"munyereke amashusho yafashwe igihe byabaga" . .. . . Amasaha n'imisi byarisunitse maze weekend iragera cynthia n'ababyeyi bongera gusohoka. Ubona ko abari na cash iyo basohotse badatangwa no kwifotora , Nabo bahugiye kwifotora maze cynthia arabacika. . .. . . Cynthia gucika kwe yaje hamwe yabona p2 yuhira imboga, Ahageze yaramuhagaye arabura,azenguka umurima ahamagara ariko wapi ! Abonye byanze yarebye hafaho ahabona ibuye ahita afata irindi rito agira ibyo yandikaho !! . .. . . Kwa danny ,umwana p2 yaje koroherwa asohorwa hanze na danny... Danny"aha urahabona ute?" P2"wapi simpakunze ndashaka gutaha" Danny"kubera iki utahashaka?" P2"ni uko hanze ,munzu yewe n'ikirere cyaho ari ibyuma gusa yewe ntaninyoni zihari" Danny"icyo nicyo wahabuze gusa?" P2"hmm!" Danny"ngwino nkwereke" . .. . . Cynthia uko yakanditse ababyeyi barahamusanze, #berd(papa we) na #elisabeth(mama we) Elisabeth" cynthia mwana wanjye kuki waducitse ukizana muri iri shamba wenyine?" Cynthia"ariko ntakibazo nagize mama!" Berd"uzi igihunga waduteje?. Muze tuve hano" Bahita bamutwara... . .. . . P2 we yazanwe kurugi rumwe maze danny arakingura! Akirangiza gukinguqa p2 yatunguwe no kubona ishamba rituje ,hari inyoni z'ubwoko bwinshi kandi butangaje ndetse butigeze bugaragara kuri iyi si!! P2"wawou!" Danny"noneho urabikunze?" P2"yoh! Cyane!" . .. . . Dusize abo reka tuze kuri chania(ndagirango twibukanye neza,uyu mwana yavutse avuga mbese inkomoko ye avuka kuri papa utagira ubwoko bw'ikiremwa ahagazemo kuko yatewe imiti myishi biza kurangira no gusaza bitakimurangwaho, Uwo nawe ni chris. Mama we ni ciara,umumarayika. Bivuze ko uyu mwana nawe hari izindi mbaraga yibitseho). Ari murugo muri jardin y'iwabo hari ibyo yatangiye gusa nuwerekwa, Isi iri kumutingito ukaze,abantu bari kuboroga batagira gifasha , Impinja ziri kugenda zigwirwa n'ibibuye binini biva kunyubako z'imidahangarwa zisi. Inyanja zabyuye uburakari aho amazi yivanze n'umuriro maze akazamuka akarengera ubutaka, Ikirere kikagenda kigahinduka aho n'izuba ubwaryo ryari ryarakaye riri gutwika!! . Kubera ubwoba bw'ibyo yari kureba yikubise hasi arahwera!!...... LOADING EP 6. . . 
.
.
Ibi urakeka bihatse iki? NTUKWIYE GUCIKWA NA EP 6

Nkwibutsa ko ubaye ushaka iyi Season yose cyangwa izikurikira wanyandikira inbox WhatsApp kuri +255684922997.

0 Comments