THE NEW WORLD OF 2050 S01E14


THE NEW WORLD OF 2050
Episode 14
_________
Ep 12 yarangiye hari msg ishikiriye dark ikamukanga.
Yari iteye ite?
Kurikira...
.
..
.
.
Dore uko message  yari iteye
Yari message igizwe na picture igabuwemo kubiri,
Hirya hari iye yambaye neza ndetse ari imbere yabaturage bigaragara ko yari umukuru,
Kurundi ruhande hariho umukunzi we afatiwe icyuma kwizosi.
Hejuru yibyo hageretseho ubutumwa buti"HITAMO KANDI WIHUSE,HAGATI Y'ICUBAHIRO N'UMUKUNZI CANGE WIZANE ATAWE UBWIYE"
Dark yagize ubwoba ahita asohoka habe no kuvuga!!!
.
..
.
.
Tugaruke ko kuri chris,
Ati"nshobora kuba ndi umuhombyi.
Uwo twaraye duhanganye ni s3 nange nkaba s4 kandi arandenze ndetse hejuru ye hari n'abandi 2 (s1 na s2) batubanziriza twese bose baranshaka ndi umupfu"
Ciara"wicika intege kuko ushobora kuga kure ukitoza ukazatsinda"
Chris"ntakure habaho kuko murige harimo device ituma bambona aho mba ndi hose"
Padiri yahise avuga ati"mfite uburyo nagufasha"
.
..
.
.
Muri ako kanya dark yageze iwe,
Yinjira gake yitonze gusa ageze munzu yasanze mimi 
Ari mutaraga ntakibazo nagito afite
Dark"chr mbwira ni iki cakubayeho?"
Mimi araseka!! Ati"byibuze mbonye ko ugifite amarangamutima "
Dark n'umujinya amukubita urushyi !!
Mimi "kunkubita ntibihagije ahubwo wakagombye kumbaza icatumye nkoherereza ifoto nkiriya"
Dark"ngaho se rogotwa"
.
..
.
.
Alicia we yari yavuye mumodoka atembera n'amaguru gusa yumiwe !!
Ari kwibuza "ariko se abantu babaye bate?Uramuramutsa ntasubiza ahubwo barakora gusa nkaho ari abacakara !!"
.
..
.
.
Dukubitire gato muri new world special 3 nawe yicaye kuri machine gusa komeza kwibuka amagambo chris yari yamubwiye mumaraso he hatangira kwangirika bigaragara ko nawe ubwe atitegekaga kubera ko isi itari igitegekwa ahubwo yari yigaruriwe n'abantu bake cyane! !
.
..
.
.
Hakuno padiri,
Ati"bana bange  rero kugirango abantu  twihebeye imana iyo duhuye n'ikibazo nk'iki turisonjesha ubundi tukabitura Imana"
Ciara"chris ndumva aribyo.erega ubwacu ntacyo twakora"
Chris"ibyo kwaba ari ugutinda kandi isi irimo kwangirika"
Ciara"ariko ntacyananira 
Imana "
Chris"guhomba nino byabaye igihombo kiruta ibindi byose kuko yarazi amabanga menshi kuri king"
Ciara"ngo data?"
.
..
.
.
Tukugarukire kuri alicia,
Noneho yaje yiruka kuri nyina,
Ati"mama ndagirango umbwire ukuri kose atacyo uhishije"
Mama"ukuhe kuri?So ntabyo yakubwiye?"
Alicia"mama mwikomeza kungira igicucu.
Data uvuga nuriya utanazwi?Ngaho mumbwire kuko wowe muga kumbyara waramubonye"
.
..
.
.
Tukuzire bukeye bwaho,
Kukirimba kwa president hari imodoka nyishi zizanye abakuru b'ibihugu bitandukanye binjira,
Gusa mubatumire bimena bari bahaje turabonamo na ciara gusa ntituzi ko yaba yatumiwe ndetse nutwara new world yari yahigereye.
..
.
.
Alicia aho ari ntatuje kuko ubu ari gushaka ibishoboka n'ibidashoboka kugira amenye ukuri,
Yasubiye muri file zakera akiri umuporisi(mwibuke yigeze kwiga kuri king no kumwicanyi wari umaze kwica abantu benshi) atangira busha!!
.
..
.
.
Kwa president ho inama imaze guterana nicolas yafashe ijambo,
Nicolas"ni iteka ridasanzwe kuba abantu 
Abantu bibikomerezwa batandukanye bakoraniye muri iyi nama yo guhindura amateka y'isi.
Mwese uko muri ahangaha mwese ndagirango mbamenyeshe ko muri abakuru b'ibihugu byanyu ariko namwe mufite undi uyajya abaha amategeko"
Batangira kwikarasa bavuga utwongoshwa bigaragara ko batari babyemeye!!
.
..
.
.
Tukuzire kuri chris na padiri,
Chris"sinzi ikibaye kuko camera ivuyeho"
Padiri"ubanza hari ikibazo kivutse "
Chris"uwaga kumutabara?"
Padiri"oya byarushaho kuba bibi"
Chris"ndabona signal igarutse"
.
..
.
.
Munama ho bari kwisagumba,
Nicolas"bigaragara ko mutabyumva neza ,
Reka duhe ijambo nyakubahwa abibwirire"
Ako kanya ecran nini igargaza mubitugu byawamugabo utazwi,
Ati"mubyo nicolas yavuze ntabubeshi burimo ntanubwo ari n'igisabo"
Umwe mubaje munama umujinya waramuriye akurayo intwaro arasa mukiyo kivugiramo wamugabo ,
Aho kumeneka ecran isasu ryarahindukiye rikubita nyene kurirasa muruhanga !!!
Umugabo"hari undi ushaka kugerageza cangwa?"
Akavuyo gahita kavuka ,
Umugabo"ubu mwese 
muri abakuru bibihugu byanyu ariko namwe mugomba kugira kumategeko yanjye.
Kugira mubyemere reba aho ngaho ,iyi ni virus imaze kwinjira abaturage ubu bose bari kugenda kuko mbishatse eka namwe mbishatse mwapfa mwese.
Murabyemera cge?"....LOADING EP 15

0 Comments