LOVE AFTER WAR E98


STAY WAITING/LOVE AFTER WAR
Episode 98
________
Ep 97 yarangiye maker yishe luc kugirango agaragarize bo maze aze gutabara nyina.
Yaraje cangwa?
Turakomeje...
.
..
.
.
Angelique yiboneye uburyo bishe umugabo we arataka!!
Maker"wirakara n'ibindi biracaza"
Gusa aho ngaho kuruhande raissa yaritegereza byose!!
.
..
.
.
Tugaruke kuri gate,
Arivugisha ati"Uzi ko amazi nshobora kuyakuramo imbaraga?"(mwibuke batewe imiti)
Akomeza gutera ibifunsi mumazi ..
.
..
.
.
Kuri brian na monia bo bari baruhutseho gato mugufata utwo pauline na keilla bari bazanye usibye ko bakoze couples,
Pauline"ndabona uri kugaragaza umurava kandi courage"
Monia"murakoze kunshima ariko hari icyo nashaka kugusaba"
Pauline"kinsabe"
.
..
.
.
Amakuru yageze kuri bop azanwe na isabelle,
Amuhereza phone ye ati"reba ,maker yishe data kandi na mama agiye kumwica"(mwibuke basangiye nyina)
Bop yarakiriye arareba abona mama we bamumanitse kumigozi ndetse anavuga ati"bop aho uri hose ndagirango wumve.
Ufite isaha imwe gusa
 ukaba ugeze aha bitaba ibyo mama wawe agapfa"
Bop ahita ajya munkambi .
.
..
.
.
Bidatinze inama yabakuriye inkambi yarateranye,
Bop"ntamwanya wogutegereza kuko mama yenda kwicwa"
Pauline"tuza wasanga ari agatego"
Brian"nibyo bop,erega ntanubwo twari bwarangize kwitegura"
Bop n'umujinya ati"niba mutanamfasha ndabyikorera"
Ahita afata intwaro ze arerekera!!
.
..
.
.
Gate  we arimo kwicangira amazi akayaha inzira ashatse.
Umusore yarishimye ati"noneho isabelle araza kunyemera"
Asubira munkambi,
.
..
.
.
Munkambi basigaye bibaza,
Mrs maker"mfite uburyo twabatabara tutiriwe twangiza byinshi"
Brian"ubuhe?"
Mrs maker"jye n'umuhungu wanjye muratugira imbohe ,mutujyane maze mukore change"
Pauline"mwebwe se ntiyabica"
Mrs"wenda jye yanyica ariko umwana we ntacyo yamugira kandi yanamuha n'agaciro"
Sibwo nabo bamuteze agatego!!
.
..
.
.
Bop ubona ko agendera mukirere yageze kuri presidency,
Abarinzi biha kumutunga imbunda nawe ahita abarangiza  usibye ko ageze kuwanyuma maker yavuze ati"!

ariko se mwana iyo niyo kaze utanga mubiro byanjye ?"
Areba hirya no hino abura uvuga,kumbe yari mikoro!!
Ati"zamuka hejuru y'inyubako tubirangize"
Bop arakomeza aratambuka .
.
..
.
.
Gate nawe yaje yiruka asatira isabelle aho ari wenyine ati" isabelle ndakeka noneho uribunyemere"
Kandi mwibuke we ntazi ibyabaye ,
Isabelle n'umujinya yamukubise urushi  rwiza!!
.
..
.
.
Bop nawe yazamutse hejuru y'inyubako  asanga maker yatunze imbunda mama we,
Ati"manika cge mwice!"
Angelique"bop mwana wanjye niba unyubaha ntumanike ahubwo shaka uko ucika uve hano"
Bop"oya mama ndacyagukeneye"
Ashira intwaro hasi arangije ati "ndamanitse ariko uramfata ari uko mama yarangije kuva ahangaha"
Ahita areba intwaro ze ,nazo zicomeka kumaguru n'aboko biramujyana bop nawe arafatwa.
Maker nawe wasanga afite magic power kuko yamuboshe bikwiye mukanya gato cyane !!
.
..
.
.
Munkambi,
Gate"isabelle umpoye iki?"
Isabelle amwongera urundi ati"ndavuze ngo mva mumso!"
Gate"ni iki kidasanzwe isabelle? "
Isabelle a
 aho gusubiza yararize gate nawe yaketse ko hari ikibazo ahita yegera atangira kumuhoza!!
.
..
.
.
Muri presidency maker yakiye amashusho kuva kumuryango agaragaza umugore we n'umwana brian na monia babafatiye ibyuma kwizosi ,
Brian ati"rekura bop ari muzima"
Maker yarikanze umujinya urazamuka ,
Brian kuri eclan ati"ntamwanya wokwangiza tugira.
Rekura umusore cangwa tubirangize"
Ricky atangira kurira atabaza se !!
Maker mukumva umwana we yaratekereje ati"ndabyemeye"
Ahita amanukana umusore baragurana gusa bop mbere yo kugenda yamubwiye ijambo ati"ubonye ko uri umuhombyi?
Ningaruka ntuzahomba bisanzwe kuko uzagerekaho n'ubuzima bwawe !!!"
Yiciraho maker n'umuryango we barasigarana!!....LOADING EPISODE 99
.

0 Comments