LOVE AFTER WAR E97


STAY WAITING
Episode 97
________
Ep 96 yarangiye frank abwira bop ko hari icyo yamwungura mumirwanire ye.
Cyari igiki?
Dukomeze....
.
..
.
.
Frank yatangiye kumwiganira ati"hari technique nabashije kuvumbura  ubwo nigaga ubushakashatsi"
Bop"maker ntumuzi kuko iyo umumenya ntuba uri kwangiza umwanya wawe.
Maker yaneshwa n'imbaraga"
Frank"ngaho ataka ndebe ko wanesha technique yanjye"
Bop kumutima ati"aka gagasaza kasaze cyangwa?"
.
..
.
.
Hakuno monia na gate bo bari bazinzwe neza nk'imigozi ndetse bari gutaka cyane,
Inyange kuruhande igaseka iti"emera muwunwe kuko abo muzahangana si aboroshe"
Brian kuruhande  we ntacyo bimubwiye.
.
..
.
.
Bop we yaratatse,
Kugerageza kwegera rakubitwa!!
Aripanga aragaruka atari yagera kuri frank nabwo arongera  arakubitwa.
Agize ngo avaneyo mag4c power,
Frank"wirakara musore.
Tecnique yanjye ntiyanesha magic power ariko ubifatanije byakora"
Bop koko yabonye nayo ari nziza ati"yintoze"
Umusore yaremeye ko bamutoza!
.
..
.
.
Kurundi ruhande ho imyito
Imyitozo bari bayigejeje kure brian imbere,monia na gate inyuma.
Gusa uko bitozaga keilla na pauline baturutse kuruhande ;keilla agana brian ,pauline nawe agana monia babazaniye utwo  biyicisha akanyota.
Gate kuruhande yakomeje kwitoza agize atya nawe baramuhamagara bamuhaho.
.
..
.
.
Muri presidency ho raissa uko yagatekereje  kw'ifoto ya bop yaragiye arasinzira!!!
.
..
.
.
Hakuno umukunzi,
Frank"tech ngiye kugutoza ni technique y'ikinyaruvu.
Ikinyaruvu ni inyamanswa yitonda mubyo ikora byose ariko buriya igira ubwenge"
Bop"none se nzajya nitonda nkaco?"
Frank ahita asinziriza ati "Iyo umwanzi wawe ari gukoresha imbaraga zirenze wowe uhita ucisha make.
Iyi tecnique ishobora nokugufasha kuko nubwo waba utabona ushobora guhangana"
Ako kanya yahise avanayayo ibyuma aricanga arangije arabyohereza.
Ati"ngaho nawe tangira"
.
..
.
.
Ntibyatinze bwarakeye,
Na bundi bop yarimo yitoza noneho atuje.
Imirwanire ye yari yigiye hejuru kuko noneho aratera igifunsi kugiti kigatoboka intoboro kidatem
 Kidatembye .
.
..
.
.
Sasa gate uko abandi bahugiye kwitoza we arikwinginga isabelle,
Gate"isabelle wagerageje kunyumva koko.jye ndagukunda kandi ntaburyarya"
Isabelle"umva gate,jye sinakunda umuntu w'ikigoryi nkawe,iteka uhora ateta ahubwo nkunda ukora,ufasha abandi,witangira,...
Reka kwangiza umwanya wawe "
Gate yumvise ayo magambo ntakindi yasubije yahise agenda!!
Isabelle kumutima"ariko se ubwo simubabaje?Ariko ntacyo nibyo bikwiriye abahungu bintumva "
.
..
.
.
Maker nawe ntiyicaye ahubwo hari aho yohereje zimwe mungabo ati"mbakeneye bose ari bazima"
.
..
.
.
Isabelle nawe yaje mubaturage abura mama we,
Niko kwegera mrs maker ati"ntamama wandusha"
Mrs maker"yagiye mugihugu we na so"
Isabelle"mana we!maker ahava abafata"
Mrs maker"humura rwose ntacyo bari bubue"
.
..
.
.
Hakuno bop nawe yifunze igitambara mumaso frank nawe afata ibyuma akaza amutera undi akabifata .
Yohereje byinshi bishoboka byose bop nawe arabifata !!
Frank"ukoze neza cyane,ubu noneho wakomeza imyitozo y'imb
 y'imbaraga ariko utibagira iyi"
Bop "arashimira"
.
..
.
.
Gate we umujinya yaje kuwutura imyitozo aritoza arongera aritoza ye!
Uko yakitoje hari icyo yumvise hirya ye ajya kureba asanga ni amazi arimo atemba.
Sibwo ayagiyemo nayo akayaha ibifunsi !!
Arivugisha ati"nabyo byavamo tecnique?"
Arakomeza..
.
..
.
.
Muri presidency bigaragara ko maker atabandi yari yatumijeho usibye kujya gufata angelique na luc,
Maker"mbega ngo muragambanira igisimba?"
Angelique"wowe?Ntanuwakwizera ahubwo uwakwica"
Maker ahita amutunga imbunda mugahanga ati"ariko wowe kukwica ntarabona bop ni ukwibesha.
Ibyo ngiye kugukorera biraca ku koranabuhanga n'umuhungu wawe abimenye kandi arahita aza"
Angelique"ndamwizeye kabone nubwo napfa azaza rimwe akurandura"
Maker araseka arinako imbunda yayivanye kuri angelique ayishira kumutwe w'umugabo we ati"umuhungu wawe ibi ari kubibona kandi nawe niko nzamugenza"
Avuga amucishijemo isasu ry'umutwe luc acaho uko!!....LOADING EPISODE 98
.
Arashe luc(papa isabelle)kandi bop araza kubona ,araza cyangwa?


0 Comments