LOVE AFTER WAR E96


STAY WAITING
Episode 96
________
Ep 95 yarangiye frank akangutse nayo maker ngo hari icyo yari agiye kwereka raissa.
Turakomeje...
.
..
.
.
Maker mukwinjira yagize aho akanda arangije hafunguka umuryango .
Sasa aho ibintu bigenda bigahurira maker afite ingabo nyishi zikomeye nka tatoo.
Maker"aba ni abasore 50 bakomeye kurenza uko bop akomeye kandi nubwo yabanesha jye ntiyancika"
Raissa"aho rwose nisawa"
.
..
.
.
Mwishamba ho baje kureba frank,
Brian"uranyibuka?"
Frank we ni nzezenge neza!!
Frank"oya ntabwo nkwibuka"
Brian"ndi brian umuhungu wa yve,umwami"
Akivuga umutwe wa frank wamwibukije umusi wanyuma ubwo yasanga dan yica abarinzi bop akamukubita agahita asinzira.
Frank"umwami arihe none?"
Atari yasubiza pauline ati"umwami arafunze none turagirango udukorere umuti twatera abasore bake bajya kumuzana"
Frank"kubera iki afunze?"
Batangira kumusobanurira ariko icyo tutamenya ni uko bari bumubwire ukuri kose.
.
..
.
.
Tukuzire kuri angelique na mrs maker,
Mrs maker"nibyiza noneho
ubwo abaturage bafite icyo barya  ahasigaye ni ugutera ingabo abasore bagomba kurwanya maker"
Angelique"nibyo rwose"
.
..
.
.
Tugaruke kuri maker,
Yakanguye za ngabo zose arangije aba arizo agira abarinzi be.
Sasa raissa nawe yaje munzu wenyine atungurwa nuko amabere ye yarimo yikama.
Aribaza ati"ni ibiki byambayeho?"
.
..
.
.
Hakuno frank,
Ati"kugira ngire icyo mbafasha hari imiti ntafite"
Pauline"byose ndabifite"
Frank"ngaho bizane "
.
..
.
.
Raissa nawe yatangiye kwibaza ibyamubayeho ariko abura igisubizo cyane ko ubwonko bwe bwari bwasibwe.
Abuze igisubizo yahise asohoka agira ikindi cyuma yinjiramo.
Agezemo  hari ibyo yahasanze,amafoto atandukanye ,
Arabanza arayitegereza arangije afata imwe murizo arayijyana.
.
..
.
.
Frank nawe yari amaze kuronswa ibikoresho bye.
Ati"umuti uhari ni uwabantu 2"
Bop"babiri gusa kandi dukeneye abasore benshi?"
Frank"rwose niwo uhari"
Pauline"twakoresha abo ntakibazo  "
Bop"nde nande?"
Monia"uwambere ni njyewe"
Bop"undi?"
Keilla ati"manjye naba uwa
 uwakabiri"
Brian"wapi wowe ntiwajyayo"
Keilla"ariko chr nanjye nabikora"
Brian"oya sinabyemera"
Bagiharira monia ati"gate yabasha"
Bop"ahubwo uwonguwo"
.
..
.
.
Gate bahisemo ntahandi yibereye  ahubwo ari kwiganirira na isabelle(mushiki wa bop).
Gate"ibibazo nibirangira nipfuza kuzakwitaho"
Isabelle"uri umusazi kabisa! Aho kwita kukibazo cy'abaturage uri kunzanaho imiteto?"
Gate"isabelle wanyumvise koko?Jye ndagukunda kandi ntaburyarya"
Isabelle aho gusubiza yarahagurutse arigendera Gate asigara yumiwe!
Akiraho keilla yamugezeho ati"bop aragushaka"
Arakurikira...
.
..
.
.
Raissa we yaje ukwe yitegereza ya foto yazanye kandi ni iya bop.
Arayitegereza arongera aritegereza yewe ariko ntumbaze impamvu!
Ariko bavuze ngo ntawigeze arwana n'urukundo ngo atsinde kiretse urukundo gutsinda.
.
..
.
.
Hakuno gate bamukojeje ko yaba umwe mubaterwa imiti agatabara abaturage abanza gutekereza amagambo isabelle yamubwiye ati"ndabikunze n'umutima wanjye wose"
Ako kanya baterwa imiti.
.
..
.
.
Amasaha yakomeje
 yarisunitse  na brian yari arimo gutoza monia na gate ati"iyo watewe uriya muti bituma umubiri wawe ugira imbaraga zirenze kuburyo atakintu nakimwe cyagukomeretsa cyangwa ngo kikwice keretse kuguca umutwe nabwo ugashirwa kure y'umutumba kuko igihe ukomeretse ushobora kwisubiranya"
Abandi bakumviriza,
Undi arakomeza ati "gusa rer6 kugirango uzakoreshe izo mbaraga bisaba control y'ubwonko ndetse no kunonoka kw'umubiri"
Monia"uravuga ko nanjye wabayeho umusirikare ntanonotse?"
Brian"kunonoka mvuga ntaho guhuriye n'ukwawe.
Ndavuga gukontorora umubiri wawe kuburyo wabima ibiro nk'ibyinyoni"
Inyange nayo yarahageze!!
.
..
.
.
Bop we yari ukwe yitoza bikomeye maze frank arahamusanga.
Ati"musore ko uri kwitoza birenze?"
Bop"ni uko uwo tuzahangana atoroshe"
Frank"ariko gutsinda umwanzi ntibisaba imbaraga gusa ahubwo no gutekereza birafasha"
Bop"ntabwo warwana utekereje mugihe uwo muhanga abangutse nk'inkuba"
Frank"hari icyo nakungura mumirwanire yawe"...LOADING
EPISODE 97
.
Igiki?


0 Comments