LOVE AFTER WAR E94


STAY WAITING
Episode 94
________
Ep 93 yarangiye umusore bop afunga ibifunsi nyuma y'aho aboneye ububabare abaturage barimo.
Yakoze iki ?
Turakomeje...
.
..
.
.
Yafunze ibimfunsi ,umujinya ukomeza kuzamuka maze ahita ava aho aragenda,
Mrs maker arakurikira!!
.
..
.
.
Maker nawe yari arangije gusiba ubwonko bwa raissa arangije agira ibindi ashiramo.
.
..
.
.
Bop nawe yaje kwicara ahawenyine aricurikira,
Mrs maker"nibiki ko uhise uza ahangaha?"
Bop"naniwe kwihanganira kubona ububabare abaturage bafite kubera jewe"
Mrs maker"wikwirenganya nawe siwowe"
Bop"nijewe kuko iyo numvira mama  ibi ntibyari kuba"
Mrs maker"wicika intege ahubwo nicyo gihe ukagarura ibintu munzira"
.
..
.
.
Kurundi ruhande brian nawe arimo kuvugana na mama bop ndetse na luc,
Angelique"jye na mrs maker dushobora  kuronka imfungurwa"
Brian"ashobora kubica"
Angelique"humura ntacyo yatugira"
Luc"jye ndabona mrs maker atagenda ahubwo hakagenda jye nawe"
Brian"reka dushake abandi badufashe gutora abari bugende"
.
..
.
.
 .
..
.
.
Ako kanya baje kureba bop,
Brian"bop hari uburyo twaronka ibiryo by'abaturage "
Bop"ubuhe ko ari uwabironka yabizana ubu kuko bikenewe byihuta"
Luc"twarimo duteganya ko mrs maker yajyana n'tndi umwe bagashaka indya zihagije"
Bop aratekereza ati"baramutse bafashwe"
Angelique"niyo mpamvu twahisemo mrs maker kubera ko we atamwica"
Mrs"ndumva aribyo,ariko se ko ntaheruka mugihugu ndamenya ndi bubikure he?"
Angelique"turajyana byose ndakwereka"
Bop areba abandi abona bose barabyemeje nawe ati"bikorwe uko.
Abandi musubire kuba mufasha abaturage monia na brian namwe musigare"
.
..
.
.
Maker nawe yari arangije gukorera raissa ibyo ashaka arangije araseka ati"ugiye gusubira mukibanza cya leuis,uzajya ugendera hafi yanjye"
Raissa"ndabyumva nyakubahwa"
Yoooh ikigabo kirangije kumuhindura ubona ko ariko cahoze!!!
.
..
.
.
Bop nawe yihereranye monia na brian ,
Bop"nimwe basore mbona mwabasha kumfasha kurwana.
Ndashaka ko wowe brian witoza guhangana na black devils(mwibuke ni 2),hanyuma nawe

monia nawe ukitoza guhangana na tatoo"
Monia"ko nabonye ingabo zuriya mugabo zirenze tuzazibasha?"
Bop"nicyo kibazo..."
Pauline ahita aturuka inyuma ati"ndabafasha"
.
..
.
.
Abagiye gushakira indya abaturage bo bari munzira bagenda,
Angelique n'agatoki kuri map"wowe n'abasore muraza guhagarara ahangaha kumupaka maze jye ndaza guturukaha mbizanye ubundi mwakire"
Mrs Maker"ntankeka biraza gucamo"
.
..
.
.
Hakuno pauline kugakoni(mwibuke bamutoboye ikiganza n'ikirenge),
Ati"murimo gukeka ko ingabo za maker ari black devils na tatoo ariko nyamara ni nyishi"
Bop"uko biri kose tugomba gutsinda"
Pauline"bop wowe na brian mushobora guhangana nazo ariko monia ntiyabibasha"
Monia"none turabigenza dute?"
Pauline"nzi ahava ubufasha"
.
..
.
.
Twihine gato kuri isabelle na gate aho barimo kugenda bazenguka mubaturage bafasha,
Gate"musaza wawe ni intwari idasanzwe,usibye ko nawe mudatanye muravukana pe"
Isabelle"kwitangira abandi nibyo byiza,usibye ko ntawatuza maker akiri muzima"
Gate"sha kubita imfubyi,jewe ubwan
Ubwanjye ngomba kuzajya kurugamba rumurwanya"
Isabelle"ndumva ari igitekerezo cyiza"
.
..
.
.
Abagiye gushaka indya bo bageze kumupaka barategereza angelique nawe akomeza kwinjira ubona ko ariwe wagombaga kubizana kugera aho kumupaka.
Hagataho mrs maker yari yaje azanye na lucky(umwana wabo na maker)
Lucky"mama kuki wambeshe ko tugiye kureba papa?"
Mrs maker"humura turaza kumubona"
Lucky"kandi duhagaze mwishamba?
Ese mama nibyo koko papa ni umwicanyi?Urazi niko abandi bana bahoze bambwira.
Ni ukuri mama?"
Heei Mrs maker arasubiza iki?
.
..
.
.
Hakuno pauline,
Ati"frank ntabwo yapfuye ni muzima"
Bop arikanga!!
Pauline arakomeza ati"frank niwe muntu wenyine wabasha gucura imbaraga zanesha maker n'ingabo ze "
Brian"turamubona dute rero"
Pauline"nzi amerekezo yahantu ari ndetse n'umusaza dan,ariko dan ntimwamuzana "
Bop na brian barareba ati"tubikore"
Ako kanya pauline yahawe machine,bop na brian bahabwa twa blutooths ubundi bitegura kugenda!!!....LOADING EPISODE 95
.
Baramubona cyangwa?

0 Comments