LOVE AFTER WAR E93


STAY WAITING
Episode 93
________
Ep yarangiye umuriro watse impande zose zisa naho zinaniwe(uruhande rwa bop ndetse n'urwa brian)
Ese maker arongera gutsinda?
Kurikira...
.
..
.
.
Isasu ritari ryagera kuri bop hari uwahise asimbukira kuri maker naryo rita inzira rirwa kuruhande,
Kumbe yari raissa aje gutabara umugabo!!
Yahise amugumya amaguru maze bop arahauruka agize ngo yatake yakubiswe na magic power agwa kuruhande.
.
..
.
.
Brian nawe imbaraga zarashize maze leuis ategeka ko afatwa ari muzima,
Sibwo bamufashe bakamufatana na monia ndetse na keilla n'abandi baturage!!
.
..
.
.
Kuruhande rwa bop raissa yanze kurekera maker(gusa umwana sinzi aho yari yamushize kuko atawe afite) usibyo ko bop yari yakubiswe bikwiye kuburyo no kweguka byanze!!
Raissa batangiye kumurisha amashanyarazi bop areba maze nawe mumbaraga nke ati"cika uhunge kuko abaturage baracyagukeneye kandi jyewe unyihorere ndaza kumera neza"
Bop yanze kumva maze n'umujinya mwishi arahaguruka atari yagira icyo akora hari akadege gatwawe
akadege gatwawe na pauline karamuyora gahita kamujyana gusa agenda ahamagara raissa!!
.
..
.
.
Akadege ntahandi kazanye umusore usibye kungabo zitwaye monia,keilla na brian,
Bop n'umujinya mwishi yahise akoresha magic power yica ingabo zibatwaye maze leuis asigaye aramwiyegereza ati"so buja yandakaje" ahita amuca umutwe leuis arangira uko!!
Ako kanya bop yahise araswa urushinge na pauline arasinzirizwa ubundi we ,pauline,monia,keilla na brian baracika!!!!
.
..
.3 days ago
.
Barakwereka hashize imisi 3 bop nibwo yari agikanguka abona mama we angelique amwicaye iruhande,
Bop"raisssa arihe n'umuhungu wanjye?"
Angelique ahita yitsa itima ati"raissa ntawuhari ariko umwana arahari"
Bop acumva ayo magambo intekereyo zaragarutse yibuka umusi w'intambara uko byose byagenze
.
..
.
.
Kurundi ruhande brian yari yagarutse i bumuntu ndetse yaranakize bwa bumuga
Brian"umusore ashobora gusara aramutse abuze umugore we"
Pauline"ndamuzi akunda raissa usibye ko anashira mugaciro"
Monia"wiyumvisha ko
ko ya kemera gutuza? tukiga kumugabo neza?"
Pauline"ndabyizeye"
.
..
.
.
Reka tukuzire muri presidency aho maker yafungiye raissa mubiro bye aho amubona burikanya,
Maker"harya ngo wabyariye bop?Kuki ataza kugukura aha?"
Raissa"erega jye ntagaciro mfite karenze ako abaturage arinze hariya"
Maker"urumva utakunze utagukunda?"
Keilla"yitwa bop risobanura umwana w'amahoro
Rero ategerezwa kuguhagarika kandi nubwo atankunda agatabara abaturage ntacyo byantwara"
Maker"turaza kureba hagati y'urukundo na tecnologie ngiye kugukoramo ikiri butsinde"
.
..
.
.
Bop nawe yari asohotse hanze maze amaso ye ahubirana n'aya mushiki we isabelle ariguhendahenda umwana we,
Bop byaramuriye asatira mushiki we yitegereza uburyo umwana we arimo arira !
Ati"maker,wanyatse amahirwe yo kubaho mubyishimo,nzaguhemba kukwica"
Isabelle"bop wihangayika cyane byose bizarangira"
(ubanza bop atekereza ko raissa yapfuye)
.
..
.
.
Ba brian bo babonye bop abasanga baraceceka,
Bop arabanza arabasuhuza arangije akora kuri brian at
Ati"ubu umeze neza?"
Brian"ntakibazo rwose meze neza hagataho wihangane kubyabaye"
Bop"ego ntakundi usibye ko atamwanya w'amarira dufite ahubwo tugomba kwiga uburyo twahagarika maker"
Brian"nibyo rwose"
Ako kanya keilla na mrs maker(umugore we)barahageze ati"inkomere zikomeje gupfa kandi ntinzara ntiyoroheye abaturage"
Bose bahita bajya kureba abaturage!!
.
..
.
.
Maker nawe yaboheye raissa mubyuma ibindi bifata kumutwe we maze intekerezo za raissa zigaragazwa kuri ecran ya machine,
Maker mugatwenge ati"ngiye gusiba burikimwe maze unkorere ibyo nshaka,
Maze bop duhigane".
.
..
.
.
Kuruhande rwa bop bigereye mubaturage(mwibuke noneho bari mugahinga).
Bop yarebye abakomeretse,ukareba abana uburyo barira kubera inzara,
Yareba hino bakamusaba ubufasha,hirya uko biramubabaza !!
Umubabaro w'abaturage waragiye wivanga n'uwumugore we ahita atemba amarira maze ubundi afunga igifunsi !!!....LOADING EPISODE 94
.
Agiye gukora iki rero?
Comment ubundi dukomeze

0 Comments