LOVE AFTER WAR E89







STAY WAITING
Episode 89
_________
Ep 88 yarangiye pauline ahatirizwa kuvuga buri kimwe yarazi .
Yaravuze cyangwa?
Kurikira....
.
..
.
.
Pauline yagize ubwoba maze arahumiriza maker nawe akomeza gusatira umutima .
Kuruhande yahise amufata ukuboko ati"wibikora turacyamukeneye"
Maker aratekereza arangije arabireka pauline nawe ariruhutsa!!
.
..
.
.
Tukuzire kuri ba bop aho inyange yari ifite icyo izanye ,igitabu igihereza bop,
Bop yaragifashe areba inyuma haco asanga cyanditseho aya magambo
Ati"Amaraso n'Amazi biravangurwa?"
Ibyo byahise bitera amatsiko bop yokukizingura!!
.
..
.
.
Maker n'umujinya hari ahandi yinjira n'uburakari ati"imisi  6 sinayitegereza ndakeneye ko byihuta"
Ukuriye group iri gutunganya ya sattelite #steven"nyakubahwa birakomeye kuko kugira byihute nuko pauline yaba abirimo"
Maker"kubera iki?"
Steve"kubera ko mwikorwa ry'iriya satellite uruhari runini rukorana n'umutima we.
Bivuze ko aramutse apfuye na sattelite ntiyagenda"
Maker mukubyumva umutwe waramuriye!
.
.
.
.
Bop nawe yazinguye igitabu asanga amagambo arimo ntari mururimi azi,
Agerageza kwereka monia nawe arananirwa.
Lathifa kuruhande yaravuze ati"ndakeka hari icyo naba nzi"
Bose baramuhindukirira!!
.
..
.
.
Tunyarukire gato murugo rwa luc,
Angelique"Uyu mugoroba mfite guhura n'impunzi "
Luc"nanjye sindi busigare"
Angelique"nawe wumenye ukuri?"
Luc"nanjye nasobanukiwe ko maker atakeza ke"
Angelique yarishimye bahoberana n'umugabo we,
Isabelle"igihe kirageze mama"
.
..
.
.
Lathifa nawe yatangiye kwigana ati"nkiri muri gereza hari umusirikare w'umukobwa yajyaga ansura akampa amakuru yohanze.(mwibuke ni pauline)
Mumakuru yampaye hari ayavuga kuri icyo gitabo"
Bop"yakubwiye iki?"
Lathifa"yambwiye ko kugirango uzasome icyo gitabu birasaba kuba ufite amaraso ahuje na nyiri kucyandika uwo nawe ni uwabasha kugisanzura akagera kuri page yanyuma"
Bop"turamumenya dute?"
Monia"tugerageze twese turebe uwuri bubibashe"
.
..
.
.
Tukuzire kuri luc n'umuryango we mumodoka bagenda,
Isabelle"namenye amakuru y'uko pauline ari mubyago kandi nibamubabaza araza kutuvuga"
Luc"ndamwizeye ntabyo aribuvuge ahubwo yakemera nogupfa"
Isabelle"jye uriya mugabo naramutinye kabisa,uzi ukuntu yitwara mukazi ke "
Angelique"ni umusirikarekazi  ntakibazo"
.
..
.
.
Munkambi ho bose bagerageje kuzingurura igitabu biranga bagera naho Bagerageza kubaturage ariko byose biba ubusa!!
.
..
.
.
Pauline nawe uko bakamusize afunze muri chambre ye wenyine ari indembe yatangiye gushaka uko yifungura ariko wapi kuko bari bamufunze yicaye kuntebe.
Nawe abonye byanze yatangiye gushaka uko  yakuruza amenyo akagozi kari gafunze umushatsi we!!
.
..
.
.
Hakuno luc n'umuryango bageze kumarembo y'inkambi(imva yagenewe bop ukiri muzima)bigaragara ko bari basanzwe bahazi.
Ntagutinda barinjiye bahita bahabwa ikaze na Gate(mumwibuke muri ep78).
Nabo bahiswe bazanwa  ahari abandi.
Angelique yatunguwe nokongera kubona umuhungu we yarazi ko yapfuye kera.
Isabelle we yanze kubyemera aramwegera anamukoraho arangije aramuhobera

 namama we aziraho biba ibyishimo gusa!!!
.
..
.
.
Pauline nawe ahari yaje kubasha gufungura kakagozi gafunze umushatsi we kuko turabona imishatsi ye idafunze ndetse arimo agwana n'intebe areba ko yashikira akantu kemeze nka micro ya hairphone kari imbere ye.
Yakomeje kurwana nayo ahita atembagara agafatisha amenyo aragakanda kavamo projector imufata amajwi arangije yifata amajwi arimo gutabaza!!
Yooh bivanye nogutakaza amaraso menshi yacitse intege ahita asinzira kandi ntabwo yari yarungitse amajwi yafashe!!....LOADING EPISODE 90.
.
Arakizwa niki ko amaraso akomeje kugenda amuvamo ari meshi?

0 Comments