LOVE AFTER WAR E88


STAY WAITING
Episode 88
_________
Ep 87 yarangiye maker ategeka ko hagomba gukora ingabo murwego rwogushaka pauline.
Brian we yari yabaye inyamanswa.
Gusa mwibuke lathifa n'umukobwa bagombaga kwicwa.
Dukomeze....
.
..
.
.
Tunyure munkambi,
Pauline"umusore hari indi miti yari mumaraso ye kandi uko bigaragara ntikundana niyo yanyoye"
Bop"turabikora dute?"
Pauline"tugomba kumusinziriza ariko hari icyihutirwa mbere ya byose"
.
..
.
.
Sasa leuis nawe yahawe ingabo burira amamodoka bajya gushaka pauline ubanza nawe zimwakiye tu!!
.
..
.
.
Munkambi,
Pauline"icyambere nuko ugomba gutabara lathifa n'umukobwa we mbere y'uko bicwa.
Icyakabiri ni kwimura impunzi zose zikajya mumva kuko ubu mvuga bari kunshaka"
Bop"ahita areba raissa kuruhande"
Raissa azunguza umutwe amwemerera.
Bop"ndajya kubyitaho"
.
..
.
.
Tukuzire kuri maker nyuma yo kurangiza inama,
Yaje aho lathifa n'umukobwa we aho bari muri gereza abakuzayo,
Maker ategeka bagenzi be ati "murangize byose kandi nkeneye video"
Aca ukwe abandi bakomeza gutambikana lathifa ubanza bagiye kumumanika!!
.
..
.
.
Leuis n'ingabo bageze ahahora inkambi basanga hasigaye ubusa gusa bahasanga pauline afite pisto.
Pauline"nahabatanze kare"
Leuis"wahasanze iki?"
Pauline"ntakirenze ibyo muhasanze"
Bahita basubirana inyuma!!
.
..
.
.
Tukuzire kuri lathifa,
Abasirikare bamujyanye baramuzanye we n'umukobwa we bamubohera kugiti babanza gutunganya za camera!
Ninette"mama mfite ubwoba.
Barashaka kudukorera iki buriya"
Lathifa"humura ntacyo bari budutware"
.
..
.
.
Munzira pauline n'ingabo bagaruka leuis yatangiye kwibaza ati"uyu mukobwa ndamutse mvuze kumufata ntibyakoroha.
Naho kumusinziriza"
.
..
.
.
Kuri lathifa ho bari barangije gutunganya za camera ubundi bafata imbunda barazibatunga!
Yooh ninette yatangiye gutaka!!
Ati"mama baratwishe!"
Lathifa nawe nubwo yahoraga aremesha umukobwawe yabonye ntayandi mahirwe arahumiriza umutima awuhereza imana!!
.
..
.
.
Tukuzire aho abaturage bimuriwe na brian ntibamusize usibye ko we yagiye   
 aboshe,
Monia niwe wari uyoboye gusa mwibuke Pauline hari ikoranabuhanga yari yakoze ryashobora kuba ubuturo bw'abantu usibye ko hari nko mwisi itagaragara kandi amarembo yari kumva ya bop.
.
..
.
.
Abashinzwe kwica lathifa na ninette Batari barekura amasasu bop yaratabaye gusa isura ye itagaragara!!
Abasirikare bari aho bose abashira hasi mukanya nk'ako guhumbya!!
Arangije yegera imbere ya camera ati"ubutaha ni wowe"
Ahita ahambura lathifa na ninette bava ahongaho.
.
..
.
.
Nyuma y'akanya maker yarimo areba amashusho y'uburyo bop yarimbuye ingabo ze umujinya urazamuka ati"iki kinyendaro ninde?"
Leuis kuruhande"biragaragara ko pauline abizi byose kuko n'inkambi twari duteye twasanze ataninyoni itamba ahubwo we yahageze kare"
Maker"arihe?"
.
..
.
.
Bop nawe yari amaze kugeza lathifa mubandi.
Monia"pauline ashobora kuba ari mubyago "
Bop"uwajya kumureba? "
Monia"yavuze ko turi butegereze akazana undi muti uri bubashe kwica uwo yanyoye"
Bop"brian we ameze ate?"
.
..
.
.
Sasa maker yahise

 aza aho pauline bamufungiye ati"ndakeka uzi ibihano mpa abandi,
Iki kinyendaro cishe abasirikare banje nicyande?"
Pauline yanga gusubiza.
Maker"nzanira cyacyuma gitobora imbaho"
.
..
.
.
Bop nawe yari yahise aza kwereka lathifa aho umuhungu we agorewe,
Keilla we yari yicaye aho hafi yijimye.
Lathifa yaratambutse aregera ati"uyu ni brian umuhungu wanjye?"
Amukoraho gusa brian yari yabaye nk'inyamanswa ahita asakuza bose barikanga!!
.
..
.
.
Maker nawe bamuzaniye foreze,
Maker"ndagirango umbwire bukiri kare ntari nakubabaza!"
Pauline aho aho kuvuga yamuciriye mumaso(president)
Nawe n'umujinya yahise amutoba ikirenge naya foreze pauline avuza induru!!
Maker"nutavuga ndakurangiza"
Pauline"nubwo wanyica ntakintu navuga"
Maker ahita amutobora n'ikiganza!!
Ati"ubu ntuvuga?"
Pauline"wikwangiza umwanya wawe kuko atakintu ndi bukubwire"
Maker noneho ahita azamura kumutima ati"ndakubaza rimwe ryanyuma,ninde uri kwangiza imigambi yanjye?"
Arinako asatira umutima kandi bagenzi foreze ntitinza ni akanya 

ni akanya gato ikaba itoboye umutima.
Pauline  nawe yagize ubwoba abona ko maker ntamikino agira maze.....LOADING EPISODE 89.
.
Sibwo agiye kuvuga byose impunzi zikajya mumyaku!
Biraba ibyuya!

0 Comments