LOVE AFTER WAR E101 (Final)


STAY WAITING
Final
__________
Ep 100 yarangiye maker yohereje ibirahuri kuri bop aho yamuzamuye mubirere.
Dukomeze...
.
..
.
.
Uko yakohereje byabirahuri brian yaturutse kuruhande asimbukira  hejuru aritambika ibirahuri biba ariwe byinjira kandi kubera ko brian yahise amukingira aragenda aramanuka brian aba ariwe usigara hejuru maze bop yataka maker.
.
..
.
.
Monia nawe yari yahondaguwe na ba black devils bamutera n'inkota maze barahindukira bibaza ko birangiye monia arahaguruka ati"we mwigenda kuko ndimuzima "
Barahindukira basanga arimo kwicomora zankota kandi ahita yisubiranya aho yakomeretse ubundi mububangutsi ahita abakuraho imitwe icyarimwe bose kandi !!
.
..
.
.
Bop nawe uko yagakubise maker na brian yarakorotse nawe umubiri we uhita wisubiranya(mwibuke imiti yamwinjiye akiri muto ituma umubiri we wisubiranya iyo ukomeretse kandi akaba arinawo watewe gate na monia) ubundi bitegurira maker bombi.
.
..
.
.
Munkambi naho ntabwo bari bicaye ahubwo bari basigaye mumasengesho basabir
Ingabo zabo kugira zibashe gutsinda urugamba kandi koko byaribyo kuko urugamba bariho ntirwari rworoshe !!
NAMWE MUTANGIRE MWIZERE IMANA KUKO ATAKIYINANIRA!!
.
..
.
.
Kuruhande rwa Gate nawe yari amaze kubona Mrs maker n'umwana.
Mrs maker"witinda twe turiyitaho ahubwo jya gutabara bagenzi bawe kuko yabateze"
Gate"yabateze iki?"
Mrs maker"witinda kuko yateze igisasu kiri buhitane umugi wose kandi mugomba  kumuhagarika"
.
..
.
.
Kumbe koko uko mrs maker umugabo we yari yananiranye kuko yaje gukubita brian,bop na monia baremera!!
Maker"biranezereye kuba mwese mbafatiye hamwe nkaba ngiye kubica"
Brian aho ari hasi ati"kubera iki tugiye gutsindwa?Data aho uri hose umbabarire simbashije kurangiza urugamba"
Monia"oyaaa!!Gutsindwa kwacu ni ugusgra mukaga ubuzima bw'abantu benshi ahubwo tugerageze ariko dutsinde"
Brian"monia ntabwo twabasha umugabo araturenze"
Kuruhande bop"ntabwo twatsindwa ngo bishoboke "
Ahita ahaguruka !
Maker"ariko sha ntujya wumva koko?"
Bop"utibaza ko watsinze kuko iriya yari
 Round yambere.
Gerageza turebe ko no muri round ya 2 uba umunyamahirwe"
Maker yahise akanura amaso agiye gukoresha magic power biranga,
Bop"biragutangaje?Magic power ntiyabasha gukora mugihe uwo ushaka kuyikoreshaho ahumirije.ahubwo ataka dukoreshe imbaraga"
Maker n'umujinya yahise asatira azana imbaraga bop nawe amwakira buhoro yitonze aramukaraga arangije amutera cyagifunsi byabyuma yambaye birashwanyuka.
.
..
.
.
Brian na monia hasi barumiwe,
Monia"ntureba se ahubwo"
Brian"ndabona hari indi technique yibitseho"
.
..
.
.
Munkambi raissa nawe yaje gukanguka ava muhema yari aryamishijwemo ajya hanze ahita ahubirana na isabelle ahetse umwana we arira
Isabelle amubonye ati" wabyutse?"
Raissa"wowe urinde?Kuki uwo mwana ari kurira cyane?"
Isabelle" ndi muramukazi wawe kandi uyu mwana ari kurira kubera Yakubuze nka nyina ngo umwonse"
Raissa"jyewe mba nyina?"
Isabelle avanayo umwana aramuhereza undi nawe arakira Utanka nawe ahita yicecekera !
Raissa"kuki ahise aceceka?"
Isabelle"mwonse urebe"
R

 Raissa arabiko bop muto nawe si ukurikwega ye!!
.
..
.
.
Maker yakubiswe aremera !
Maker"agatechnique kawe kararenze  ariko twese ntawuri burokoke"
Avanayo remote ati"umugi wose ngiye kuwuturitsa"
Bop na bagenzi be bagira ubwoba"
Maker afata agatoki gusa atari yakanda gate yamurashe akaboko remote igwa hasi bop mumasegonda make cyane yari arangije kumuboha.
Maker afatwa uko kandi ari muzima!
.
..
.
.
Ako kanya amaradio,tv ,ibinyamakuru byose
Byatangaje ko noneho abari barahunze igihugu kubera maker bashobora gutaha kuko maker bari bamufite!!
Amakuru yageze no munkambi ko urugamba rurangiye ako kanya bahita bafata utwabo  berekeza iy'umugi .
.
..
.
.
Maker nawe agifatwa bop yanze kugira icyo akora maker ahubwo amufunga mumaso kugira atongera gukoresha magic power arangije ati" brian uyu ni uwawe nk'umwami"
Bagta bafashanya bamanuka inyubako.
Bakigera  hanze bahubiranye n'impunzi zose,abaturage baje kubasanganira .
Bop atungurwa no kubona raissa ateruye umwana we !!
.
.
..
.
.
Bop byaramutunguye arahagara ,raissa nawe avayo aramuhobera biratinda
Raissa"ch byigukanga nagarutse kandi kubwawe"
Bop"wibutse byose?"
Raissa"yego chr"
.
..
.
.
Kuruhande brian,monia na gate barimo batererwa hejuru nk'intwari zatsinze urugamba
Raissa"chr murabikoze kandi neza cyane"
Bop"nishimiye kuba mbashije kwishura ibyo nari nangije nshira igihugu mukaga"
Ntakindi yakoze yifatiye umukunzi biciraho.
.
..
.
.
Barakwereka nyuma y'imisi mike cyane kumarembo y'umugi mukuru hari handitse hati"KAZE MUMUGI MUSHASHA W'AMAHORO"
Mwayo marembo hari imodoka yarimo kuhinjira  igeze imbere  havuyemo bop n'umugore berekeza hejuru kuri stade aho Brian,monia,pauline,isabelle,gate,umusaza frank,angelique bahagarara imbere y'abaturage brian arimo ashikiriza ijambo ry'ihumure.
Bidatinze abaturage bakomye amashi gusa sinakubwira icyo bari bumvise !!!....END
.
.
 Aho niho dusoreje film yacu #LOVE_AFTER_WAR cge se #STAY_WAITING .
Mukaba mwarimo mugashikirizwa n'umuhanzi akaba n'umwanditsi @[100010101816820:0] kuri page @[748583735269886:0] na @[1488547364786912:0] ntawe dufatanya Ureke babandi bashishura baziyitira.
Niba hari icyo ushaka kunyunganira cange kumbaza kubijanye na story wanyandikira kuri facebook aho haruguru cge whatsapp kuri +25761742791

0 Comments