LOVE AFTER WAR E85

2/2STAY WAITING
Episode 85
_________
Ep 84 yarangiye bisa naho pauline bigiye kumugaragarana.
Dukomeze...
.
..
.
.
Pauline yahise yitambika ati"bishobora kuzana umunuko urenze"
Maker"niko kuri ariko"
Pauline"mfite ubundi buryo twabigenzamo tutiriwe ducukura"
Maker"zana turebe"
Pauline mugutambuka yavanye pomme mumufuka  atera kuri yamva ya bop ubwana burayibona ibyo gusohoka bubivaho ahubwo bujya kurya pomme!!
.
..
.
.
Monia na brian,
Brian"ubu koko nzakira nongere kugenda?"
Monia"wowe izere byose bizagenda neza"
Brian"mama agiye kuborera muburoko ntanabashije ngo mukureyo"
Monia"wicika intege bizatungana igihe kimwe"
.
..
.
.
Bop na raissa,
Bop"chr kuki utigeze umbwira ko utwite?"
Raissa"ariko ntakanya twigeze turonka ahubwo iteka twahura mubyago"
Bop"wamugani,gusa ndizera ko ntazongera kugusiga ukundi"
.
..
.
.
Keilla na Mr's maker nabo baraganira kuruhande.
Keilla"kuki wikuye amata mukanwa uba impunzi mugihe wakagombye kuba uri madam president?"
Mr's"nuko ntashigikiye ibyo  
akora habe n'agato"
Keilla"sha ubutwari nkubwo bugira abantu bake"
Mr's"n'umwana wanjye mutoza kutazagira umutima nk'uwase"
.
..
.
.
Pauline we yatangiye kwereka colonel akoresheje ibyuma bishobora kureba mukuzimu utiriwe ucukura!!
Ndakubwiye nti tecnologie yari imaze gutera imbere bishoboka(gusa utambaza ngo hari mumwaka wa ryari).
Pauline yarambitse akuma kumva gahita kaduza projector yerekana ikirimo.
Maker yibonera raissa yahitanwe n'inda!!
Ati"ngushimira ko uri umuhanga"
Barahindukira...
.
..
.
.
Brian nawe yari yatumijeho bop,
Bop"maker yagukubise iki?"
Brian"yanteye ipfunsi gusa cyapima nka toni"
Bop(benis mugihe adashaka ko bamumenya) aratangara ati"bibi cyane!Gusa hari umvi wakuvura"
Brian"nkakira neza?"
Bop"cyane rwose"
Brian"waba urihe?"
Bop"umuntu aramutse abonye pauline byose byacamo"
Brian ahita atumizaho ya nyange ye,
.
..
.
.
Munzira pauline bataha na president maker,
Pauline"nibagiwe phone yanjye ngomba kujya kuyizana"
Maker ahita amuha umusirikare amuherekeza.
.
..
.
.

Inyange nayo yashikiriye brian ayereka ifoto ya pauline arangije ayandikira agapapuro igomba gushira pauline.
.
..
.
.
Pauline yagarutse murimbi ,
Yacunze umusirikare yamuherekeje agira aho amukora acika paralize ubundi nawe yinjira muri yamva ya bop!
Agezemo yahamagaye ukuriye abaturage ati"mucunge abana hatagira uwusohoka bikaba bibi"
(mwibuke hari abantu babamo nubwo hasa no kuba mukirere)
Ntamagambo meshi yo kuvuga yahise asohoka yongera gukoma wamurinzi baragenda..
.
..
.
.
Tukugarukire muri gereza aho lathifa ari kwiganira inkuru umukobwa we,
Lathifa"rimwe umuhungu yakundanye n'umukobwa basezerana kuzabana.
Gusa mbere y'uko babana  umuhungu yaje kujya mumahanga ariko asiga basezeranye kuzagaruka bakabana"
Ninette"wasanga atagarutse abahungu ndabazi "
Lathifa"umuhungu agezeyo yahise agira accident yatumye amara umwaka muri koma(INGWARA),
Gusa umukobwa ntiyabimenye ahubwo yahise YIHEBA akeka ko yamwanze"
Ninette"ni uko atari abizi disi"
Lathifa arakomeza ati"uhoraho yaje gukiza      
 umusore usibye ko byamutwaye undi mwaka kugira azaronke uburyo bwo gusubirana inyuma.
Ariko umukobwa we yari yaramaze kwiheba ndetse asigaye akundana n'undi muhungu"
Ninette"ushaka gusobanura iki mama?"
Lathifa"wikwihuta ba uretse urakimenya"
.
..
.
.
Kuruhande monia,brian na bop
Bop"tugomba kubanza kumva  igisubizo cya pauline kuburwayi bwawe ubundi turwanirize umwanzi hamwe"
Monia"gusa ingabo ziri hariya sinzi kuzatsinda ko bishoboka"
Brian"ntakidashobokera umutima ushaka"
.
..
.
.
Muri gereza lathifa arakomeje ati"umusore yagarutse asanga umukobwa yitegura kurushinga n'undi musore.
Kugeraho ni nde ufite amakosa hagati ya 2?"
Ninette"nishize muruhande rw'umukobwa navuga ko amakosa ari ay'umuhungu,ariko nagaruka ngasanga ari ay'umukobwa kuko umuhungu we byatewe n'ingwara"
Lathifa"usubije neza cyane,umukobwa yabuze UKWIZERA bituma YIHEBA yibagira ko wenda n'INGWARA zibaho.
Bisobanura ko jye nawe tugomba kugumana ikizere,tukirinda kwiheba kuko uwuzarangiza ibi wenda yahuye n'intambamyi twagereranya n'ingwara"

(STAY WAITING niryo zina rya film mwibuke).
.
..
.
.
Tukuzire kuri pauline aho inyange yamuhaye ubutumwa bigatuma yinjira icyumba kibikwamo imiti,
Yashakashatse hose arangije afatamo agacupa kamwe agahereza inyange ,
Afata ikaramu atangira kwandika uburyo umuti ukora atari yaheza maker ahita aturuka inyuma akoma amashi,aseka!!
Inyange yo yahise icaho ntibayibona pauline arikanga....LOADING EPISODE 86.
.
Pauline arabesha iki noneho ko yigenje?
Biraba ibyo nkeka atariko biribugende.

0 Comments