LOVE AFTER WAR 84

STAY WAITING
Episode 84
________
Ep 83 yarangiye umusore bop agaragaje ko nubwo yagwanije umwami atariwe wakoze kumbarutso amwica.
Dukomeze...
.
..
.
.
Akirangiza kubereka iyo video yafashe ijambo ati"kugira muve muri ibi mukeneye umuntu nkanjye none murankubita sha!
Kiriya gihe nakoreraga murujijo ariko ubu noneho ndagwanarira igihugu,ndagwanira buri wese uri ahangaha.
Wenda mwakekaga ko maker ari umuntu watsindwa n'uwariwe wese ariko siko biri...
.
..
.
.
Muri gereza lathifa afungura hari agapapuro yabonye mundya,
Aragafata asanga kanditseho aya magambo ati"ntucike intege ngo wihebe kuko hari abari kurwana ngo usubirane iteka ryawe"
Akirangiza gusoma yakayoranye n'indya arakamira.
.
..
.
.
Bop we arakomeje,
Ati"maker arakomeye ariko twishize hamwe ntankeka tuzamutsinda"
Atari yakomeza yarahamagawe kuri phone abanza kwitaba!!
.
..
.
.
Angelique we yari yigabye ubona ko amasaha y'umugoroba yararimo agera,
Isabelle"mama turajyana "
Luc"oya ntimwajyana batakwica"
Angelique"mureke
 niba ashaka ko tujyana"
Luc"oya genda wenyine"
.
..
.
.
Bop we akimara kwitaba phone yaramanutse yiruka hamwe raissa ari asaba amaraso ye,nawe yivoma andi arangije agaruka aho brian na monia bari ati"mwicunge hari akazi kihutirwa ngiyeho"
Ahita akanda phone zankweto ziramwerekeza!!
.
..
.
.
Angelique nawe yageze kumupaka aho yagombaga gutorera umuzigo we,
Koko umuzigo waraje usanga nawe yaje azanye imodoka zikwiye barapakira ubundi zerekeza iyi shamba ubona ko bwari bumaze kuzimanga!!
.
..
.
.
Bop nawe yarashize ahura na pauline ahantu qlq part,
Bop"ni kumvo ki watumijeho amaraso yacu?"
Pauline"wakoze amakosa ubwo wakoraga kuri raissa kuko ya emotion invisible yahise yongera kumugaragarira"
Bop"nanjye sinabyibutse gusa uko yari amerewe n'uburyo nari mukumbuze sinari kwigumya ngo bikunde"
Pauline"ibyo bindekere ndaza kubyitaho,brian wamubonye?"
Bop(benis)"ego namubonye gusa abaturage bameze nabi"
Pauline"byiza!None rero hari uwurimo kwinjiza imfashanyo y'impunzi,ndagirango ugende umucungire    

 umutekano abashe gushika neza"
Bop"ntakibazo ndabikora ariko nawe ushake uburyo wageza imfungurwa z'umubyeyi kuri raissa kuko yambyariye umwana kandi yatakaje imbara nyishi"
Pauline"yooh Niyonkwe!Ndaza kumugeraho byihuse gusa uramenye muguhangana kwawe ntugaragaze magic power"
.
..
.
.
Munkambi ho monia na brian basigaye baganira,
Monia"wemeye ibyo uriya musore yavuze?"
Brian"urumva nari gukora iki kirenze kuri biriya yagaragaje ?"
Monia"jye ndabona bisa naho intekerezo ze zahindutse,kandi kuva wowe wavunika ndakeka azakora ibyo wagakoze"
Brian"tubyizere!"
.
..
.
.
Bidatinze bop yashikiriye imodoka za angelique aritambika zirahagarara!
Angelique yavuyeyo aratambuka yegera uwamwitambitse ariko ntiyamubona neza kubera amatara y'imodoka n'ijoro rikuze.
Angelique"urinde?"
Bop"nitwa benis noherejwe na pauline ngo nguherekeze ubashe gushika amahoro"
Angelique"ngwino mumodoka noneho"
Bop"ntampamvu kuko nifitiye transport"
Urugendo rurakomeza...
.
.
.
Muri iryo joro nyene pauline nawe ntiyaryamye

 ahubwo yari murimbi n'abasore batatu bari gucukura imva impande y'iya bop.
Gusa ntimumbaze impamvu!!!
.
..
.
.
Ntibyatinze bwarakeye,
Pauline"nyakubahwa ikirego cyagaragaje ko ahari raissa yapfuye"
Maker"kubera iki wemeza ibyo?"
Pauline "impamvu mbyemera ni uko nagiye kumva ya bop nkahasanga iya raissa yavuba kandi emotion invisible ikaba yakora ari uko imibiri yabo yegeranye"
Maker"tugende unyereke"
.
..
.
.
Muri ayo masaha bop yari yibereye kumwe n'umukunzi ,
Bop"maker yangize umukozi we,arankoresha kugirango agere kunzozi ze ariko ubumenyi yampaye nibwo bugiye kumwangiza!!!"
Raissa"uzabikora ute?"
.
..
.
.
Sasa ndagirango ukurikire witonze,
Imva ya bop bisankaho ari amarembo yokwinjira ahandi hantu.
Maze umwe muri babana bahoze bakinana na bop yageze ahatagerwa yisanga ari hanze!
Hirya maker yararimo asatira imva,
Akana kakibabona kasubiyeyo kabwira abandi ibyo kabonye!!
Maker nawe yari ahageze asanga koko imva ya raissa irahari kandi yavuba.
Maker"zana amasuka mucukure"
Pauline arikanga!!
Kandi bagenzi

n'abana barimo babara gatatu ngo basohoke kandi hanze huzuye abasirikare !!!.....LOADING EPISODE 85
.
Reka bacukure baburemo raissa urebe ngo pauline ziramwakira.
Abo bana bo ntibagiye gukora ibara?

0 Comments