LOVE AFTER WAR E81


STAY WAITING
Episode 81
_________
Ep 80 yarangiye pauline asabye bop kumufasha agashaka abandi kugira barwanye maker biyunze.
Yaremeye cyangwa?
.
..
.
.
Duhere kuri president maker,
Leuis"hari aho tumaze kumenya ko hari inyeshamba"
Maker"muzirangize zose naho zaciye muhatwike"
Leuis arasohoka...
.
..
.
.
Tuze mumva aho bahamba abantu,
Camera iratwegereza dusanga imva ari iya bop!!
Tutari twajya kure pauline na bop bahisa baturumbukamo baragaragara.
Bop yarikanze ati"ibi wabikoze ute?"
Pauline"byose nabivumbuye ubwo nigaga kubwonko bwawe na magic power yawe ndetse nifashishije na ya programme ya colonel mwitiranwa"
Bop"ndakwemeye "
Bahita burira imodoka baragenda...
.
..
.
.
Raissa nawe yabaye akigera kumuryango wa brian atari yakomanga ahita atangira gutaka bigaragara ko hari hageze mwene bop akagaragara .
Keilla munzu yaje kureba ibibaye !!!
.
..
.
.
Leuis n'ingabo bari bamaze kwurira amamodoka bagiye kurasa inyeshamba gusa bagenzi niba atari iya brian sinzi !!
.
..
.
.
Pauline nawe
 Yagize aho ageza bop ati"inkambi iri kubirometero 45 kumupaka.
Nuhagera urashakisha uyiyoboye umwereke iyi foto yanjye arahita akumenya.
Gusa uramenye ntuhingutse izina ryawe cge ngo werekane magic power batakuvumbura"
Bop"ndubyumva neza cyane.
Ariko se abaturage ntibasanzwe banzi?"
Pauline"ntanumwe ukuzi kandi nanakuzaniye intwaro zawe uragerayo bitakuvunye"
Bava mumodoka bafungura boot amuha y'amaboko na za nkweto z'ibyuma...
.
..
.
.
Munkambi ho ababyeyi binararibonye bari bamaze kugeza raissa mucyumba bari kumukurikirana gusa igitangaje nuko n'umugore wa maker na lucky(umuhungu we) ari mubari gufasha raissa!!
.
..
.
.
Sasa aho ibintu biryohera  pauline agenda yahuye n'imodoka zatatse inkambi gusa kubw'amahirwe ntibamumenye ubanza imodoka yari yakoresheje itari izwi.
.
..
.
.
Bop nawe yari amaze gushikira uyoboye inkambi,
Yerekanye kagafoto ahita ahabwa ikaze,
Bop"nitwa #benis noherejwe ahangaha na pauline ngo mfatanye namwe"
#Gate"urahawe ikaze"
Benis(bop)"ariko mbere na mbere

 ndashaka kumenya inkambi ituyemwo umwana w'umwami yve"
Gate"ntabwo hamenwa na buri wese"
Benis"ariko  pauline we arabyemerewe"
Gate atari yasubiza phone ya benis yarahamagawe aritaba.
.
..
.
.
Raissa we ibintu bikomeje kuba bibi,
Umubyeyi umwe ati"umwana yitambitse,
Bisabwa ko ajyanwa kwamuganga"
Mrs maker"turamujyana kurihe vuriro?Ibyana bya Cya gisimba ntibimwivugana(kandi aravuga umugabo we maker)?"
Undi"ntayandi mahitamo dufite ariko"
.
..
.
.
Benis we akirangiza kwitaba phone,
Benis"ndashaka imyenda ihisha isura nkugaragarize ko nshoboye"
Gate"habaye iki?"
Benis"pauline arampagaye ambwira ko iyi nkambi itewe"
Gate"reka mbwire abarinzi bitegure"
Benis aramufata ati"iyi ntambara si iy'abasivire,nshakira imyenda ihisha isura n'intwaro ubundi abaturage bose ubavane ahangaha ibindi ndabyikorera"
.
Heee bop yarahindutse ubwo agiye kurwanira abaturage !!!
.
..
.
.
Tukugarukire kuri  raissa aho musaza we amenye ko mushikiwe agomba kujyanwa kwamuganga kandi mugihugu cya maker kandi yitwa inyeshamba

Kandi yitwa inyeshamba.
Mrs"ibintu birenze uko tubikeka"
Monia"nya sinakwemera ko mushiki wanjye ajya gupfa"
Mrs maker"ariko ntayandi mahitamo ahari kuko nubundi tumugumije inaha arapfa"
.
..
.
.
Leuis n'ingabo ayoboye bageze kumarembo y'inkambi bahasanga benis(bop) abategereje,
Leuis"uricyande wewe?"
Benis araseka!!
Ako kanya ahita avanayo intwaro abatangiraho mumasegunda make cyane yari abarangije hasigaye leuis wenyine nabwo imbunda imuri kumutwe, ibintu bitangaje cyane !!!
Benis"wowe ntabwo nkwica kuko ufite ibyo kunkorera.
Genda ubwire president maker uti"urupfu rwawe rwagaragaye""
Leuis ahita asubira inyuma gusa shahu afite ubwoba!!!
Gate wakurikiranira umugwano hafi yaje yihuse ati"urakomeye musore"
Ahita amuhereza amerekezo y'inkambi iherereyemo maze umusore yerekerayo kandi umukunzi we ari kumpfiro bagenzi ....LOADING EPISODE 82
.
Ndabibutsa ko film mushatse mwayita #LOVE_AFTER_WAR bivana nuko wowe wabyumva.

0 Comments